Wayne Rooney aravugwaho gusambana n’umugore w’indaya

Inkuru ikomeje kuba kimomo mu bitangazamakuru bitandukanye ko Rooney yaryamanye n’umugore Helen Wood uzwiho gukora uburaya akamuhonga amayero 197. Helen Wood avuga ko hari ubutumwa bwinshi yagiye ahanahana na Rooney kugeza ubwo bahuje urugwiro bakaryamana,ubwo bajyaga muri icyo gikorwa ushinzwe kurinda Rooney ngo yasigajwe hanze abandi bahera ku muryango basomana. Yagize ati: “ yantumiye ari […]

Nyabugogo: Ushinzwe umutekano yakubise ikofe umugore ahita apfa

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016, umunyerondo utari wambaye imyenda iranga akazi akora (Uniform) yakubitiye umugore uzwi ku izina ry’umuzunguzayi Nyabugogo ahita apfa. Hagati ya saa tanu na saa sita nibwo umugore wagendaga acuruzaga amazi, Jus n’amasogisi yakubiswe n’uwo munyerondo ingumi mu musaya no mu mutima ahita apfa. Ibi byabaye ubwo abashinzwe […]

Umugabo yafatanywe urumogi avugako ari umwami Yesu warumuhaye

Muri Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape Town umugabo yafashwe na Polisi afite ibiyobyabwenge birimo Cocaine n’ubupaki 5 bw’urumoi avuga ashize amanga ko ari Yesu warumuhaye. Uyu Kurt Oga Tunde, akomoka mu gihugu cya Nigeria ubu akaba atuye muri Afurika y’Epfo akaba yaravuze ko Yesu ari we wamuhaye ibyo biyobyabwenge ngo kugirango arugurishe yikenure anaguriremo […]

Patrick Ekeng, wakiniraga Cameroun yapfiriye mu kibuga

Patrick Claude Ekeng w’ imyaka 26, umukinnyi ukomoka muri Cameroun yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Gicurasi 2016, aguye kwa muganga nyuma yo kwitura hasi mu kibuga bikekwa ko yaba yazize indwara y’umutima. Patrick Ekeng wakiniraga Dinamo Bucarest yo muri Romaniya, yaguye mu bitaro bya Vittorul biherereye mu mujyi […]

Ese M23 yaba ariyo igiye guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi?

Mu gihe ikibazo cy’umutekano muke mu Burundi gikomeje guhangayikisha amahanga, Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yo yatunze agatoki u Rwanda kwinjiza abahoze mu mutwe wa M23 mu Burundi ngo bahirike Perezida Nkurunziza ku butegetsi . Umuvugizi wa RDC Congo, Bwana Lambert Mende Omalanga atangaza ko u Rwanda rwishyura amafaranga abahoze ari abarwanyi ba […]

Belgique: Umuhanzi Nyarwanda, Seleman agiye gukorera igitaramo mu bwato

Umuhanzi w’Umunyarwanda, Uwihanganye Seleman uba mu Bubiligi ari naho akorera umuziki we, arataramira abafana be mu mujyi wa Bruxelles kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016. Aganira na Bwiza.com, yatangaje ko icyo gitaramo ” Twirire Pommes show case ” ari icyo gushimira abantu bose bagira uruhare muri muzika ye cyane cyane abakobwa bagenda […]

Abapolisi basoje amahugurwa ku miyoborere no gukora akazi kinyamwuga

Abapolisi 30 barimo abacungagereza 4 kuri uyu wa gatanu tariki ya 6 Gicurasi, mu ishuri rikuru rya Polisi (National Police College) rya Musanze basoje amahugurwa bari bamazemo amezi 4. Asoza aya mahugurwa ku mugaragaro, umuyobozi w’ishuri rikuru rya Polisi Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye wari uhagarariye umuyobozi mukuru wa Polisi, yavuze ko Polisi y’u […]

Indege kabuhariwe z’intambara zikomeje imyitozo mu mujyi i Kampala

Mu gihe muri Uganda bari mu myiteguro y’irahira rya Perezida Museveni, ni nako abapilote bakomeje kwigishwa gutwara indege kabuhariwe z’intambara zakorewe mu Burusiya. Kuri uyu wa Gatanu taliki 06 Gicurasi 2016, nibwo mu mujyi wa Kampala hongeye kugaragara indege z’intambara aho abapilote bigishwaga uko zikoreshwa. Amashusho yafashwe na Joseph Wangusa, yerekana izo ndege z’intambara zegera […]

Kirehe: Umusaza w’imyaka 86 yiyahuye

Gakezi LĂ©odomir, umusaza wari ufite imyaka 86 y’amavuko akaba yari atuye mu kagari ka Rugoma,umurenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe yinaze mu kagozi ariko abaturage byabateye urujijo. Aya makuru kandi yemezwa na Nizeyimana ThĂ©oneste, Umunyamabanga Nshinwabikorwa w’Umurenge wa Nasho, avuga ko umusaza Gakezi yari amaze iminsi yigamba ko azava ku isi ubuyobozi bwashaka […]

Babiri bafunzwe bazira gufatanwa ibirango bya RRA by’ibyiganano

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare ifunze abagabo babiri nyuma yo kubafata bagerageza kwinjiza mu gihugu impapuro (Etiquettes/labels) z’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahoro z’inyiganano zigera ku 53,376. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP), Emmanuel Kayigi yavuze ko abafashwe bakekwa gukora iki cyaha ari Jean Bosco Rukeramanzi na Vianney Mpabuka. […]

Burundi: Ibikomoka kuri Peteroli byabaye ishiraniro

Mu Burundi cyane cyane muri Bujumbura, haravugwa ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli cyugarije iki gihugu aho amwe mu masitasiyo bifashe mapfubyi. Nkuko BBC itangaza aya makuru, ngo usanga naho essansi ibonetse haba hari imirongo miremire ku buryo budasanzwe,ariko Leta ivuga ko nta mpamvu yatuma ibura kuko mu bubiko iruzuye. Abakenera ibyo bikomoka kuri Peteroli bavuga […]