Museveni yabwiye Kabila ko nawe atazi impamvu abahoze muri M23 banze gusubira iwabo

Perezida Museveni yatangaje ko atazi impamvu, abahoze ari abarwanyi ba M23 babarirwa muri Magana bahungiye ku butaka bwa Uganda, banze gusubira mu gihugu cyabo. Museveni akaba yabitangarije itangazamakuru I Kasese mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ari kumwe na perezida Kabila, aho yavuze ko akiganira n’uyu mutwe ngo yumve impamvu badashaka gusubira iwabo. Kuva […]

Ibikorwa bya Sokola II bimaze guhitana inyeshyamba 140 za FDLR — FARDC

Kuva mu 2015 kugeza muri Nyakanga 2016, byibuze abarwanyi 140 ba FDLR barishwe, 323 batabwa muri yombi, mu gihe 191 bishyize mu maboko ya Monusco nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola II, ubw yatangazaga aho, igikorwa cyo guhiga izi nyeshyamba z’Abanyarwanda n’indi mitwe yitwaje ibirwanisho muri Walikale, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo, bigeze. Hagati aho, sosiyete […]

Impamvu ababyeyi bakwiye kwereka abana babo filimi zijyanye n’imyaka yabo

Ni kenshi ababyeyi baburirwa kwereka abana babo amashusho ajyanye n’imyaka yabo mu kurinda imitekerereze igenda yaguka kuko igti gikura kikiri gito. Mu mikurire ya muntu, agenda ava ku rwego rumwe ajya ku rundi agenda yagura imitekerereze ituruka kubyo abona ubuzima abayemo,abo babana, bigenda bigira ingaruka nziza cyangwa mbi ku buzima bwe. Uburyo ababyeyi barera abana […]

Urubyiruko rwo muri Nyabihu rwaganirijwe ku icuruzwa ry’abantu

Urubyiruko rwiganjemo abanyeshuri rugera 200 rwo mu murenge wa Jenda, ho mu karere ka Nyabihu ku itariki 2 Kanama rwaganirijwe na Polisi y’u Rwanda ku icuruzwa ry’abantu. Rwahuguwe na Assistant Inspector of Police (AIP) Ariane Muhorakeye, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego muri aka karere. Yavuze ko abakora iki cyaha […]

Byemejwe ko umukinnyi Gabriel Jesus yamaze kwerekeza muri Man City

Miliyoni 27 z’amayero nizo zatanzwe ku mukinnyi Gabriel Jesus wakiniraga Palmeiras yo muri Brezil aho kugeza ubu yamaze gusinya amasezerano yo gukinira ikipe ya Manchester City. Jesus w’imyaka 19 y’amavuko yahisemo kureka imyiteguro yari irimbanyije ubwo ikipe ye yiteguraga amarushanwa bari kwitabira muri Afurika y’epfo yatangiye kuri uyu wa 4 Kanama 2016 ahitamo kwerekeza muri […]

Imodoka zitwara abagenzi ziva mu Rwanda zabujijwe kwinjira mu Burundi

Igihugu cy’u Burundi gikomeje gufata ibyemezo bikomeye mu rwego rwo kugaragaza ko kitishimiye u Rwanda nubwo bigira ingaruka no ku baturage babwo, aho amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko nta modoka itwara abagenzi yemerewe kurenga umupaka iva cyangwa ijya mu Rwanda. Amakuru atugeraho aravuga ko mu masaha macye ashize mu Burundi hafashwe icyemezo cy’uko nta […]

Dore impano twasigiwe na Yesu Kristo abantu bakunze kwirengagiza

Muri iyi minsi hariho inyigisho mbi ziyobya abantu, kuko abantu batazi impano iruta izindi twahawe ari yo y’agakiza usanga akenshi bumva ko bapfana na Yesu imigisha yo mu buzima busanzwe gusa. Ibyo bituma abatarayibonye bahora biganyira iby’ubu bugingo bakumva ko Imana itabakunda, naho abatunzi badakijijwe bakibeshya ko bakijijwe kuko batunze, kandi hari icy’ingenzi babuze. 1.Impano […]

Inkomoko y’Abashia n’itandukaniro ryabo n’Abasunni

Mu gihe amakimbirane mu bihugu by’Abarabu akunze kuvugwa mu itangazamakuru, niko amazina Shia na Sunni, ibice bibiri bigize idini ya Islam, amaze kumenyekana mu bantu bakurikirana amakuru ku Isi, nubwo ibibatandukanya batabisobanukirwa neza. Bwiza.com yifuje kubagezaho amateka y’ibi bice bibiri bigize idini ya Islam, ibibatandukanya n’umubare w’abayoboke babyo. Izina Shia (Rimwe na rimwe ryandikwa Shi’ite) […]

Umuhanzi Jay-ky “Ntuzambabaze” ngo ni indirimbo y’amateka

Indirimbo “ Ntuzambabaze” y’umuhanzi Nsabimana Jacques uzwi nka Jay-Ky ndetse wanamenyekanye muzindi ndirimbo nka “Turahitinga”, “My Compliment” nizindi ngo iyi ndirimboikunzwe n’abatari bake, yashizwe ahagaragara kuya 28 Nyakanga uyu mwaka wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jacques uzwi nka Jay-ky mu kiganiro na Bwiza.com yasobanuye ubutumwa nyamukuru bwo muri iyi ndirimbo yagize ati “ iyi ndirimbo yarangoye […]

Habonetse umurambo w’umusore wishwe no kwikinisha

Umusore w’imyaka 26 y’amavuko yasanzwe mu cyumba cye yapfuye nyuma yo kumara umwanya munini yikinishiriza imbere ya mudasobwa ye. Christopher Harrold wari umunyeshuri ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza , abaturanyi be bemeza ko nyuma yo kumara umwanya batamubona ngo bahisemo kujya kureba icyo yabaye niko gusanga umurambo we mu nguni y’icyumba. Bivugwa ko ibyishimo bidasanzwe uyu […]

Ngoma: Gitifu wafatiwe mu cyuho yururutsa ibendera ry’igihugu yakatiwe amezi 2 y’igifungo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gituza, Habiyaremye Joseph wafatiwe mu cyuho n’abaturage yururutsa ibendera ry’igihugu, yakatiwe n’urukiko rwa Sake igihano cyo gufungwa amezi abiri. Mu ijoro ryo kuwa 11 Nyakanga 2016 nibwo Habiyaremye Joseph yatawe muri yombi nyuma y’uko abashinzwe irondo bamufashe yururutsa ibendera rya Repubulika y’u Rwanda ryo ku biro by’akagari ayobora, mu murenge wa […]

Kenya: Igipolisi kishe abaturage 5 bari bagiteye abandi barakomereka

Abaturage batatu kuri uyu wa Gatatu nimugoroba bararashwe barapfa mu gihe abandi batanu bakomeretse bikomeye, ubwo abapolisi ba Kenya barasaga ku gatsiko k’abantu bashakaga kwinjira muri station ya polisi bashaka kujya kwiciramo abagore babiri bashinjaga kwiba uruhinja. Uwabonye uko ibi bintu byagenze witwa Olima Gondi, yavuze ko hakomeretse umwana w’umunyeshuri, aho ngo igipolisi cyakoresheje amasasu […]

Menya amakosa 7 umusore ashobora gukora umukunzi we akamuzinukwa

N’ubwo urukundo rwihangana, rubabarira, rwirengagiza, hari benshi bakora amakosa umusubirizo ntibite ku byo abakunzi babo banga cyangwa bakunda, bikaba byatuma umwe atihangana akazinukwa umukunzi we. Ku ruhande rw’umukobwa bari mu rukundo, hari amakosa simusiga ashobora gukorerwa n’umusore bakundana bitarambiranye agahita amuzinukwa akaba yakwishakira undi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kutamwitaho Abakobwa bose bashimishwa n’uko abasore b’inshuti zabo babitaho […]

Sinatunguwe no kubwirwa ko Abanyarwanda ari intangarugero mu kubungabunga amahoro — Maj.Gen. Sidiki Traore

Umugaba mukuru wungirije w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrica, Maj. Gen. Sidiki D.Traore, yashimiye ubunyamwuga bw’ingabo z’u Rwanda (Rwandabatt3) zikorera muri MINUSCA ubwo yabonanaga nazo ku birindiro byazo mu Nkambi ya SOCATEL M’poko muri Bangui. Gen. Traore yavuze ko ubwo yageraga muri MINUSCA atatunguwe no kubwirwa ko ingabo z’u Rwanda […]

Rivaldo yahishuye uwo abona ushobora guhigika Messi na Cristiano

Rivaldo wakanyujijeho mu mupira w’amaguru haba mu ikipe y’igihugu cye cya Bresil na Fc Barcelona yahishuye ko bitarambiranye abona ko icyamamare Neymar azahigika Messi na Cristiano bakibagirana. Mu kiganiro yagiranaga na Barca Tv, Rivaldo wabaye icyamamare mu gutwara ibikombe bitandukanye byanatumye bamwita umukinnyi w’isi, yavuze ko Neymar ari umukinnyi w’ikitegererezo muri iki gihe cy’umupira w’amaguru […]

Abu Musab al-Barnawi yagizwe umuyobozi mushya wa Boko Haram

Umutwe wa Boko Haram ukorera mu burengerazuba bw’Afurika, ukaba ufite icyicaro cyawo muri Nigeria, ufite umuyobozi mushya nk’uko byatangajwe n’umutwe wa leta ya Kiyisilamu uvuga ko bikorana,. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kanyamakuru kawo kaba gasohoka buri kwezi, umutwe wa Leta ya Kiyisilamu, watangajemo ikiganiro wagiranye n’umugabo Abu Musab al-Barnawi, uwo mutwe wita “meya” w’uburengerazuba bw’Afurika wagizwe […]

Agasuzuguro ka Patoranking katumye afungirwa ku kibuga cy’indege cya Entebbe

Umuhanzi Patrick Nnaemeka Okorie ukomoka muri Nigeria akaba azwi ku izina rya Patoranking aherutse gufungirwa ku kibuga cy’indege azira agasuzuguro . Uyu muhanzi washyiriye ahagaragara album ye ya mbere, “God Over Everything”, mu gihugu cya Afurika y’Epfo kuwa 01 Kanama 2016, kuri ubu yari ari muri Afurika y’Iburasirazuba kumenyekanisha album ye. Yageze muri Uganda rero […]

Loni yashimye imikorere y'abapolisi bari muri Centrafrica

Umujyanama wungirije mu bya gipolisi mu Muryago w’Abibumbye, Shaowen Yang yashimye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrika (United Nations Multidimensional Integrated Stabilization Mission in Central African Republic – MINUSCA) kubera ubunyamwuga n’imyitwarire myiza mu mirimo bakora. Yang yabitangarije mu Mujyi wa Bangui ku itariki 2 Kanama ubwo we n’izindi ntumwa […]

Abapolisi 308 muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Mu bapolisi 308 muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo ba Komiseri ba Polisi 8, ba ofisiye bakuru 38, ba ofisiye bato 62, ba su ofisiye 156 n’abapolisi bato 44. Ba komiseri bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo: Ba komiseri bakuru bungirije ba Polisi (Deputy Commissioner Generals -DCG) Stanley Nsabimana na Mary Gahonzire, Komiseri […]