Imyivumbagatanyo yadutse i Kinshasa yaguyemo 17 — Minisitiri Boshab
Minisitiri w’umutekano wa Congo, Evariste Boshab, yatangaje ko imyivumbagatanyo yadutse I Kinshasa nyuma y’imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yaguyemo abantu 17, barimo abapolisi batatu n’abasivili 14 ndetse ibintu byinshi bikaba byangijwe. Uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi ariko rwo ruravuga ko hapfuye abantu 25. Ibi bikaba byatangajwe mu gihe minisitiri Mende yari yabanje gutangaza ko aria bantu bane […]
Ishyaka rya perezida Putin ryatsinze amatora y’abadepite
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burusiya, United Russia, ribarizwamo perezida Putin niryo ryegukanye amatora y’abagize Inteko ishinga Amategeko ku majwi 54,3% by’amajwi amaze kubarurwa. Ishyaka ry’abakominisite n’iryabatsimbarara ku gihugu cyane LDPR ryagize 13-14%. N’ubwo habayeho igabanuka ry’amajwi ku ishyaka rya United Russia ryagize 64% muri 2007, ryashoboye kugira ubwiganze bw’amajwi arenga 49% ryagize muri 2011. […]
Umunyarwanda yagizwe umunyamabanga w’umuryango w’ibihugu bihuriye ku ruzi rwa Nil
Umunyarwanda, Innocent Ntabana yasimbuye Dr Rao Nyaoro , ukomoka muri Kenya ku mwanya w’ubunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikora ku ruzi rwa Nil (NIB). Innocent Ntabana azaba afite inshingano zo kuyobora abakozi, igenamigambi no gucunga imishinga yose ya NIB nk’uko bitangazwa na dailymonitor dukesha iyi nkuru. Ntabana Innocent akaba agiye kuyobora uyu muryango ari umuyobozi wawo […]
Uganda: Arakekwaho kwica umwuzukuru we yarangiza akiyahura
Igipolisi cya Uganda mu turere twa Butambala na Gomba kiri gukora iperereza ku mpfu z’abantu babiri bo mu muryango umwe zabaye mu ijoro ryakeye ahitwa Mpongo aho umukecuru ngo yishe umwuzukuru we nawe agahita yiyahura. Umupolisi Christine Nakibuule, ukuriye station ya polisi ya Bulo, yatangaje ko ibi byabaye byabereye ku mupaka w’uturere twa Gomba ahitwa […]
Nubwo ubona bikomeye, humura Imana iragukunda
Abantu bose batuye muri iyi si bafite uko bigishijwe Imana, bamwe bayigishijwe nk’Imana yaremye isi , maze itangira kuducunga kuko ifuha ,tuyigishwa nk’Imana irakara, Imana ihana ndetse kuburyo buri wese afite uko ayifata mu buzima bwe bwa buri munsi ,ariko ndagira ngo hejuru y’ibi byose dusubize amaso inyuma twibuke ko dufite Imana yacu dukwiriye gufata […]
Nyarugenge: Abayobozi barashinjwa kwaka ruswa abaturage
Abaturage batuye mu murenge wa Nyagurenge ho mu karere ka Bugesera barashinja abayobozi b’inzego z’ibanze babo kubaka rushwa mu gihe baba bashaka kubaka. Bavuga ko ayo mafaranga bakwa bashaka gusana inzu zabo, badahabwa inyemezabuguzi bityo bakaba babifata nka ruswa baba batswe. Kuva ku bihumbi icumi (10,000Frs) kuzamura niyo bwakwa n’abayobozi, ko utayatanze atakwemererwa gusana inzu […]
Nkombo: Baribaza uko babaho mu gihe ubuyobozi bwahagaritse uburobyi mu Kiyaga cya Kivu
Abaturage bo ku Kirwa cya Nkombo bahangayikishijwe n’icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’uburobyi mu Kiyaga cya Kivu, aho aba baturage basanzwe batunzwe n’ubu burobyi bavuga ko ubuzima bugiye guhagarara. Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwahagaritse ibikorwa by’uburobyi mu Kiyaga cya Kivu mu gihe cy’amezi 2 kugirango ngo umusaruro urusheho kwiyongera, mu gihe abaturage batuye ku kirwa cya Nkombo […]
Bishop Muthoka yafashwe n’umugore we asambana n’umukozi wo mu rugo
Bishop Musyoki Muthoka wo mu itorero rya Jesus Liberation Ministry International, aherutse gufatwa n’umugore we yihugitse n’umukozi wabo wo mu rugo barimo gukora imibonano mpuzabitsina. Uyu mugore yatangarije itangazamakuru ko ubusanzwe yajyaga akeka ko umugabo we akora imibonano mpuzabitsina ariko akabura uko agaragaza ibimenyetso ko babikoze. Gusa mu minsi ishize ngo nibwo uyu mugore yasanze […]
Ugisha inama: Nasambanye n’umukobwa none igitsina cyanjye ntikibasha gufata umurego
Amazina yanjye nasanze atari ngombwa kuyatangaza kuko ndumva byambangamira, ariko nyine ndifuza ko nanjye mungira inama. Umwaka ushize nibwo nasambanye n’umukobwa ariko biba nafimfite gahunda yo kuzarongora uyu mwaka. Uyu mukobwa twasambanye ntabwo ari we twagombaga kurushingana ariko hari hashize igihe kinini tuziranye nk’inshuti zisanzwe, kuva natangira gutegura gahunda z’ubukwe, igitsina cyanjye ntabwo kikibasha gufata […]
Wajyaga ugura Telefoni ntumenye ko ari Orginal cyangwa pirate? Ibi bizagufasha
Uko ikoranabuhanga rirushaho kuvuduka niko ibikoresho by’umwimerere birushaho gukwirakwizwa, ariko nanone iby’ibyigano niko birushaho kurenga imipaka hagamijwe kwikubira amasoko hirya no hino. Muri ibyo bikoresho by’ikoranabuhanga bikomeje gukwirakwizwa ku masoko, higanjemo Telefoni bikunze kugora abantu kumenya iziganwe n’izumwimerere bigatuma abantu basigara mu bukene kubera guhora bagura umunsi ku wundi igihe baguze izo za pirate. Niba […]
U Rwanda rwasabwe gutanga umusimbura wa Bazivamo muri EALA
Nyuma y’aho Umunyarwanda Christophe Bazivamo agiriwe Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa EAC yari asanzwe mu Nteko Ishinga Amategeko y’uyu muryango (EALA), iyi nteko yandikiye ubuyobozi bw’u Rwanda ibusaba gutanga umuntu uzasimbura Bazivamo. Nyakubahwa Bazivamo yagizwe uwungirije Umunyamabanga Mukuru wa EAC mu nama ya 17 idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye I Dar es Salaam muri […]
Mu Bufaransa hari kubera imurikagurisha ry’ibitwaro byakoreshejwe mu Ntambara ya 2 y’Isi
Mu mujyi wa Catz mu Bufaransa hari kubera cyamunara y’ibimodoka by’intambara n’ibindi bikoresho bya gisirikare byakoreshejwe mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose mu rugamba rwa Normandie. Ibyinshi muri ibi birwanisho byakoreshejwe ku munsi uzwi nka D-Day, ubwo ingabo zishize hamwe zarwanyaga u Budage zagabaga igitero ku nkengero za Normandie cyo kubohoza amajyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burayi […]
Burundi: Abasirikare (EX FAB) bakomeje kwicwa no gushyirwa ku ngoyi
Impuzamashyaka CNARED, yagaragaje impungenge iterwa n’umubare munini w’abasirikare bahoze barwanira igihugu (EX FAB) mbere y’amasezerano yo muri 2005, bakomeje gutabwa muri yombi bamwe bakanicwa, ko ibyo ari ikimenyetso cy’uko hashobora kubaho ibara. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa CNARED, bashyizeho urutonde rw’amafoto ya bamwe mu bishwe muri iyi minsi n’abandi bafashwe n’inzego z’umutekano mu […]
PDP-Imanzi irashinja igipolisi guta muri yombi umuvugizi wayo mu Rwanda
Ishyaka PDP-Imanzi rivuga ko ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ariko rikaba ritemerewe no gukorera mu gihugu, riravuga ko uwari umuvugizi waryo mu Rwanda, Jean Marie Vianney Kayumba, yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, itariki 18 Nzeri 2016 ngo ku mpamvu zitaramenyekana. Nubwo rivuga gutya ariko, iri shyaka mu itangazo ryashyize ahagaragara ritabariza […]
Nyagatare: Aborozi baratabaza Leta ko yabasha kubaka uruganda rw’ibiryo by’inka
Aborozi bo mu murenge wa Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba baratabaza Leta, nyuma y’uko kubona ibiryo by’inka bibagoye bituma umukamo utuba. Abaturage bo muri uyu murenge bavuga ko bahisemo korora kijyambere ariko bakagira imbogamizi ko bajya gushaka ibiryo by’inka mu karere ka Rwamagana cyangwa i Kigali bibahenze. Ibyo bituma batakambira ubuyobozi basaba ko babafasha kubaka uruganda […]
Gen. Musemakweli yagize icyo asaba ingabo z’u Rwanda ziri muri MINUSCA
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Major Gen. Jacques Musemakweli mu cyumweru gishize yasoje uruzinduko rw’iminsi 5 yagiriraga muri Centrafrica aho yari yasuye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Loni. Mu rugendo rwe, kuwa 13 Nzeri 2016, Gen. Musemakweli yasuye Maj. Gen. Sidiki D Traore, wungirije umugaba mukuru w’ingabo ziri muri MINUSMA. […]
RDC: Abaturage batwitse ukekwaho ubujura ari muzima banatwika ibiro bya polisi
Abaturage b’ahitwa Kavumu muri Teritwari ya Kabare ho muri Kivu y’Amajyepfo, bafashe umujura bahita bamutwika ari muzima kuri iki Cyumweru, itariki 18 Nzeri 2016, nyuma yo kumufatana ihene yari yibye nk’uko amakuru aturuka aha hantu avuga. Uyu mujura ngo akaba yarafashwe n’urubyiruko saa kumi za mugitondo, ajyanwa ku biro bya polisi ya Kavumu. Iyi nkuru […]
Gasabo:Umugabo yafatanywe amafaranga y’amiganano
Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda icyaha cyo gukora no gukwirakwiza amafaranga y’amiganano, kandi bakagira uruhare mu kubirwanya batanga amakuru y’ababikora. Ubu butumwa butanzwe kubera ko hari abayafatanwa hirya no hino mu gihugu. Urugero rwa hafi ni urwo mu karere ka Gasabo, aho Polisi yafatanye Rutikanga Philbert ibihumbi icyenda by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano agizwe n’inoti […]