Polisi yerekanye abantu batatu biyitirira urwego rw’umuvunyi bakiba abaturage

Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2016, nibwo abagabo batatu bafatiwe mu karere ka Rusizi bakurikiranweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana kuko biyiotirira urwego rw’umuvunyi bakaka amafaranga abaturage babasezeranya ko bazasubirirwamo imanza zo baba baraburanye bagatsindwa. Polisi y’u Rwanda yanatangaje ko hari abandi babiri bamaze kugezwa mu butabera ndetse iperereza ku bandi bantiu baba bihishe inyuma y’ubu bujura […]

Umubano hagati y'u Rwanda n'Ubufaransa mu marembera- Yavuguruwe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yasobanuriye abanyamakuru inzira zose u Rwanda rwakoresheje kugirango umubano warwo n’igihugu cy’Ubufaransa ugende neza ariko bikomeza kwanga kugeza ubwo u Rwanda kuri ubu rusa nk’ururambiwe guhora ruterana amagambo n’u Bufaransa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2016, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatangaje imyitwarire y’u […]

Kenya: Perezida Kenyatta yiyamye abanyepolitiki bakoresha imvugo zirimo urwangano

Mu gihe mu gihugu cya Kenya bari kwitegura kwinjira mu matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka utaha wa 2017, Perezida Uhuru Kenyatta yihanije abanyepolitike baba abo mu ishyaka riri ku butegetsi ari n’ababurwanya ko uzafatirwa mu cyuho avuga amagambo abiba inzangano haba mu mbwirwaruhame cyangwa n’ahandi ko atazamworohera. [ad id=”44145″] Perezida Kenyatta yagize ati”nshaka ko abaturage […]

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Sir Wood, umushoramari mu buhinzi bw’icyayi

kuri uyu wa Kane tariki 10 Ugushyingo 2016, Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Sir Ian Wood, umuherwe ukomoka mu gihugu Ecosse ufite umutungo ubarirwa muri miliyari z’amadorali y’Amerika 1.6 Uyu muherwe yasuye u Rwanda nyuma y’uko yatangiye ibikorwa byo gufasha abahinzi b’icyayi mu Rwanda no muri Tanzania aho binyuze mu mushinga we witwa The […]

Kigali: Imirwano hagati y'Abashinwa n'Abanyarwanda babakoreraga yakomerekeyemo abatari bacye

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 3 tariki ya 9 Ugushyingo 2016, itsinda ry’abafundi n’abayedi ryarwanye n’Abashinwa babakoreshaga nyuma yo kwanga kubishyura amafaranga bakoreye bamwe bakomerekera bikomeye muri iyo mirwano. Nk’uko bitangazwa na bamwe muri abo bakozi b’Abanyarwanda, ngo bamaze ibyumweru hafi 2 bakorera abo bashinwa mu bikorwa bijyanye n’ubwubatsi mu murenge wa Remera mu […]

Ese intambara imaze igihe ku isoko ry'umurimo mu Rwanda izarangira ryari?

Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y’igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry’umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye. Kagame yagize ati “ Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye […]

Abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia bashobora kubikirwa imbehe n’abo muri Ethiopia

Abasirikare b’igihugu cya Ethiopia batangiye kunugwanugwa ko aribo bashobora gusimbura ab’u Burundi mu mirimo barimo yo kugarura amahoro muri Somali, mu gihe hashize amezi agera ku icumi aba basirikare b’u Burundi batanahabwa umushahara wabo. [ad id=”44145″] Ibi kandi bikaba byarakuruye impamvu ishobora gutuma amasezerano u Burundi n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) bari bafitanye aseswa, […]

Dore urutonde rw’ibihugu 25 bifite umubare munini w’abantu bashaje ku isi (igice cya mbere)

Abashakashatsi batandukanye hirya no hino ku isi bavuka ko umuvuduko w’abasaza n’abakecuru uri kugenda uzamuka umunsi ku wundi. Ibi ariko bikaba bigaragara cyane mu bihugu byamaze kugira aho bigera mu bijyanye n’iterambere, mu gihe mu bihugu bikiri mu nzira y’iterambere usanga umubare w’urubyiruko ariwo uzamuka hakaniyongeraho kuba uko baba benshi ari nako ubushomeri bwiyongera. [ad […]

Abakobwa n’abahungu bashaka abakunzi (Fungura ubone imyirondoro)

1.Nitwa Nshimiyimana Olivier nkaba ndi umukozi wa Tigo na MTN.(Agent) nkaba shaka ishuti yumukobwa afite hagati yimwaka 18-21year.Akaba arinzobe bitari cyane nibura afite hagati ya 1.60-1.80metro atabyibushye cyane. Uwumva abyifuza yanyandikira kuri Email:manaoliviye2@gmail.com or call me to 0723638906. Murakoze. 2.Nitwa Ndayikunda Elias mfite imyaka 35 ndashaka umukobwa ugeze mubigero vy imyaka ya 25-28 yubaha kandi […]

Kirehe: Abanyamabanga Nshingwabikorwa 4 bamaze kwegura

Abanyamabanga Nshingwabikorwa bane barimo umwe w’umurenge wa Nasho ndetse na bagenzi be 3 bayoboraga utugari bamaze kwandika basaba kwegura ku mirimo yabo. [ad id=”44145″] Ni muri iki cyumweru ubwo akarere ka kirehe kari kateguye inama y’umutekano yari yahuje abayobozi batandukanye bo muri aka karere mu kurebera hamwe uko ba bayobozi banoza akazi bakora, ubwo aba […]

Ku myaka 71, Twagiramungu Faustin avuga ko u Rwanda rukwiye kuyoborwa n’abakiri bato

Mu gihe umunyapolitiki Twagiramungu Faustin yari yatangaje ko nta kizamubuza kuza mu Rwanda kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora azaba umwaka utaha, kuri ubu yakoresheje imvugo isa nk’aho yivana muri urwo ruhando agendeye ku myaka ye. Muri video ishyaka rye abereye umuboyobozi murukur (RDI Rwanda rwiza) ryashyize hanze, Twagiramungu yatanze impanuro ku rubyiruko rw’u […]

Nyuma ya Uganda, Kenya nayo igiye gufunga amashuri y’abanyamahanga ariyo

Nyuma y’uko ku wa gatanu w’icyumweru cyashize tariki ya 4 Ugushyingo 2016 leta ya Uganda isabye ko bimwe mu bigo by’amashuri byigenga bifungwa, ubu ngo leta ya Kenya nay p yaba igiye kugera muri icyo kirenge. Aba barimo bavuga ko aya mashuri agomba gufungwa avugwaho ikibazo cyo guhemba abarimu amafaranga macye, intandaro yo gukresha abarimu […]

CAF yongereye ibihembo bitangwa mu marushanwa yose itegura

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’ Afurika yatangaje ibihembo bishya bizajya bihabwa amakipe yegukana ibikombe mu marushanwa yose atandukanye iri shyirahamwe ritegura. CAF yiyemeje kuzamura ibi bihembo nyuma y’uko ibonye umuterankunga mushya usimbura Orange yateraga inkunga, Sosiyete y’abafaransa icukura peteroli (Total) kuri ubu niyo muterankunga wa CAF mu gihe cy’imyaka icumi iri imbere aho izajya […]

Abarundi Imana yabaremye ibakunda kandi ni beza- Perezida Nkurunziza mu masengesho

Ubwo bari mu masengesho y’umunsi umwe ahuza abayobozi batandukanye b’u Burundi, mu ijambo perezida Nkurunziza yahavugiye, yavuze ko kuva muri 2015 Imana yabakoreye ibitangaza ngo n’ubwo bwose bamwe hari ibyo bagaya ndetse ko Imana yabaremye ibakunda. Yavuze ko u Burundi bwahuye n’ibibazo ariko ko Imana idakangwa n’ibibazo ko bibaho kugirango abantu bayikurikire kandi banayumvire, ati: […]

Ngoma: Nakabonye Jannette yapfiriye kwa Patricia usanzwe akuriramo abagore inda

Kuri uyu wa gatatu nibwo amakuru y’urupfu rw’umugore witwa Nakabonye Jannette n’urwu mwana yari atwite yasakaye nyuma y’uko yaguye mu rugo rw’undi mugore bivugwa ko yari asanzwe akuriramo inda abagore batandukanye. Nakabonye wari utuye mu murenge wa Gatore, yaguye mu rugo rw’undi mugore we wo mu murenge wa Murama mu Kagari ka Sakara, Mu kiganiro […]

Abayobozi bo muri Malawi baje kwigira kuri Polisi y’u Rwanda gahunda zo kurwanya ruswa

Abayobozi babiri bavuye mu kigo kirwanya ruswa mu nzego za Leta muri Malawi cyitwa “Office of Public Officers Declarations”, basuye Polisi y’u Rwanda ku italiki 9 Ugushyingo, akaba ari hamwe mu ho barimo gusura mu rugendo shuri barimo rwo kwiga uko u Rwanda rwashoboye kugera kuri gahunda zo kurwanya ruswa. Assistant Commissioner of Police (ACP) […]