Umuhanzi Justin Bieber wakiriye agakiza yaburiye abakoresha Instagram

Umuhanzi Justin Bieber ukomoka mu gihugu cya Canada aherutse kuburira abakoresha urubuga rwa Instagram mu buryo bwo gutebya avuga ko adashidikanya ko uru rubuga rwavuye ikuzimu ko n’abarukoresha baba bakorera Satani Mu gitaramo uyu muhanzi aherutse gukorera mu mujyi wa London mu Bwongereza yavuze ko yizera ku kigero cya 90% ko instagram yagenewe gushirwaho amafoto […]

Tumenye dipolomasi n’udushya tuba muri uyu mwuga utoroshye

Iyo witegereje abatuye isi mu byiciro babamo muri rusange, byumwihariko mu bihugu bitandukanye babarizwamo, byaba ibyo bavukamo, batemberamo ,bakuriyemo cyangwa bagiyemo ku mpamvu z’imirimo, usanga buri kimwe cyose kigendera ku dipolomasi . Hari kandi n’abajyayo kubera amasomo n’ubushabitsi busanzwe aho rero uhita wibaza ku ruhare rw’umwe wese mu guharanira kugaragaza isura y’igihugu cye , cyaba […]

Musanze: Hatoraguwe imirambo 2 y’abasore bicishijwe ibyuma

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2017, mu karere ka Musanze ahazwi nko Kuri STRABAG hatoraguwe imirambo 2 y’abasore bari mu kigero cy’imyaka 22 na 24 y’amavuko byagaragaraga ko bishwe batewe ibyuma. Aka gace ubusanzwe ngo kakaba kazwiho kuba kabamo amabandi menshi n’abakoresha ibiyobyabwenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basore bagaraye ko bitwa Musonera Samuson […]

Zimbabwe: Ese Perezida Mugabe yaba yarikururiye ikishi?

Nyuma y’uko Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe akomeje kukwa igitutu n’abo mu ishyaka rye, abatavuga rumwe nawe ndetse n’abo mu muryango we kwegura ku mwanya w’ubuyobozi akababera ibamba, ubu ngo haba hagezweho n’abo mu mahanga nabo bamusaba kwegura kuko atagishoboye gutwara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru gishize Perezida Mugabe atumiye Julius […]

Ni umukobwa ushaka umusore bakundana ariko utagenzwa n’ubusambanyi (reba nimero ze)

Muraho? ariko iyo umuntu afashe igihe cyo gushyira icyifuzo cg igitekerezo kururu rubuga , mujye mubiha agaciro .nanditse nifuza umugabo ufite 35-45 ans ngahamagarwa nabana ba 28 et 30 oya sabo nkeneye ndakuze mfite 35 ikindi ndiyubashye sinkunda akavuyo ufite gahunda ashaka kubaka niyo yaba afite abana nkunda abana cyane ntacyo bitwaye ndabafite nange so […]

Burundi: Umusoro wagizwe igipimo cy’abanzi n’abakunzi b’igihugu

Bwa mbere hizihizwa umunsi mukuru w’abasora mu gihugu cy’u Burundi, ku wa 06 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza yatangaje ko abadasora ari abadakunda igihugu kuko gusora ari byo bigaragaza ko umuntu akunda igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkurunziza kandi yavuze ko umusoro utangwa n’Abarundi ari wo uvamo amafaranga yifashishwa n’urwego rw’abashinzwe umutekano nk’ingabo na polisi ndetse no […]

Ese abo leta yafashishije inkunga y’ibiribwa kwari ukugirango bijute?

Inteko ishingamategeko y’u Rwanda yatangaje ko icyo abanyarwanda bise inzara mu bice bimwe na bimwe by’igihugu atari inzara ahubwo ari ukutijuta nk’uko byari bisanzwe bitewe n’uko havuye izuba ryinshi bityo imyaka yahinzwe ntiyere neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Inteko ibitangaje mu gihe leta y’u Rwanda hari aho byabaye ngombwa ko igenera bamwe mu baturage bari bugarijwe […]

Burundi: Ambasade y’Amerika ngo ifite impungenge ku bitero bishobora kuyigabwaho muri uku kwezi

Abanyamerika baba mu gihugu cy’u Burundi baba abakora muri Ambasade ndetse n’abandi bari mu bikorwa bitandukanye birimo n’ibyo kurinda umutekano basabwe kurya bari menge ko bashobora kugabwaho ibitero n’imitwe yitwaje intwaro yamaze kwiyegeranya mukarere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Ambasade y’Amerika ikorera mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi, aho yatangaje ko hari imitwe yitwaje […]

Umuhanzi Diamond ati: “Ubu ndi umupapa w’abana babiri”- AMAFOTO

Ku wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, nibwo inkuru zasakaye ko umuherwe Zari Hassan yibarutse umwana (umuhungu) wa kabiri w’umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, ubu uyu mugabo akaba abyemeza ko ari umubyeyi w’abana 2 . Abinyujije ku rukuta rwe twa Twitter ndetse akanabigaragarisha ifoto, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza Diamond […]

Areruya Joseph na Mugisha Samuel basanze Adrien Niyonshuti muri Dimension Data

Abakinnyi babiri bakiniraga amakipe yo mu Rwanda mu mikino yo gusiganwa ku magare, Areruya Joseph na Mugisha Samuel kuri ubu berekeye mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka yo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo isanzwe ikinamo umunyarwanda Adrien Niyonshuti. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu marushanwa ya Tour du Rwanda aheruka kubera mu Rwanda aba basore b’abanyarwanda bombi bari […]

RDC: Imibiri y’abasaga 50 imaze kuboneka mu kiyaga cya Albert

Guhera ku wa gatanu w’icyumweru gishize kugeza ku wa kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, inzego z’ubutabazi bwo mu mazi ndetse n’Abarobyi bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, zimaze gutahura imirambo isaga 50 y’abahitanywe n’imirwano ikomeje guhuza ingabo za Kongo, FARDC ndetse n’abo mu gisirikare cya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inkuru dukesha radio Okapi ivuga […]

AMAFOTO: Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yakira indahiro z’abashinjacyaha 4

Uyu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, aho Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yahaye impanuro abashinjacyaha bane zirimo kwihutisha amadosiye y’abarigisa n’abanyereza umutungo wa Leta ndetse,… [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Min. w’Intebe, Murekezi Anastase yagize ati: “ Muzihutishe amadosiye y’abarigisa n’abanyereza umutungo wa Leta ndetse, uw’amabanki na za Microfinances n’Amakoperative”. […]

Minisitiri Nyirasafarari arasaba ko abareresha umuhanda babiryozwa

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Esperence ubwo yasuraga imurikabikorwa ry’abana bafashwa n’imiryango itandukanye kuri uyu wa 06 Ukuboza 2016yashimangiye ko abana bose bakwiye kurererwa mu muryango ababyeyi batabyitaho bakabiryozwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kurerera umwana mu bigo birera imfubyi cyangwa mu muhanda bidindiza iterambere ry’igihugu kuko abo bana baba basa n’abari inyuma ndetse bikanatuma aba bana bakura […]

Trump yanze gukorerwa indege nshya

Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika muri manda itaha izatangira mu kwezi gutaha kwa mbere 2017 yatangaje ko leta igomba guhagarika ibikorwa byo gukoresha indege ya Air Force One bitewe n’uko ngo igiciro cy’izo ndege kiri hejuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trump usanzwe ari umuherwe yatangaje ko miliyari enye z’amadolari y’Amerika zigomba gutangwa kugirango akorerwe indege izajya […]