NIYONSHUTI J.d'Amour, umusore ushaka umukunzi

Nitwa NIYONSHUTI J.d’Amour ndifuza umukunzi uri hagati ya 25-30 ukunda gusenga kd upima 60kg wize nibura secondary abaye afite n’akazi byaba akarusho. Turabakunda.yanyandkira kuri Email:jniyonsuti39@gmail.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!! Kanda […]

Gen Sam Kaka uri ku rutonde rw’abicajwe ku gatebe, ni umwe mu basirikare b’urugamba

Barangajwe imbere na Gen Sam Kaka benshi bazi nk’umusirikare w’urugamba mu gisirikare cy’u Rwanda kubera ibigwi bye mu rugamba rw’Inkotanyi rwo kubohora igihugu, we na bagenzi 5 bari ku ipeti rya jenerali hamwe n’abandi bari bafite amapeti ari munsi yabo barasezerewe mu mwaka wa 2016. Aba basirikare bagiye basezererwa mu bihe bitandukanye ariko muri 2016, […]

Polisi y’u Rwanda yafatiye mu mikwabu ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye

Imikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze mu bice bitandukanye by’igihugu; harimo iyo yakoze mu turere twa Ngoma, Nyagatare, Musanze , Rulindo na Kamonyi yayifatiyemo ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye. Muri Ngoma hafatiwe ibiro 826 by’urumogi, litiro 2235 za Kanyanga, n’insheke 121 zikoreshwa mu kuyiteka. Ku itariki 12 Mutarama, mu karere ka Ngoma habaye igikorwa cyo kwangiza ibyahafatiwe; kikaba […]

Mali: Perezida Hollande yasuye ingabo ze mu gihe zemeye ko ziherutse kwivugana umwana

Perezida w’u Bufaransa, Francois Hollande kuri uyu wa gatanu yasuye ingabo z’u Bufaransa n’iza mali ziri mu bikorwa byo kurwanya intagondwa za kisilamu, aho yabasanze mu birindiro byabo muri gao ho mu majyaruguru ya Mali. Perezida Hollande yageze muri Mali aherekejwe na minisitiri w’ingabo, Jean-Yves Le Drian, bakirwa na Minisitiri w’Intebe, Modibo Keita, aho yageze […]

Bushayija Emmanuel:Undi Mwongereza ugizwe umwami nyuma y’imyaka 64

Nyuma y’amezi 3 Umwami wa nyuma w’u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bw’u Rwanda, atanze, hakimikwa undi wabaga mu Bwongereza mu buryo butavugwaho rumwe, ku rundi ruhande Abongereza bo bakomeje kugaragaza amarangamutima yabo bavuga ko mwene wabo Bushayija, bagendeye ku kuba afite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, yagizwe umwami w’u Rwanda. Ikinyamakuru the Telegraphy cyanditse […]

Yabashije gutakaza ibiro 60 ipfunwe rishira gutyo

Christina Jordan w’imyaka 34 y’amavuko , umugore wari ufite umubyibuho ukabije ungana n’ibiro 120 yakunze kugira ipfunwe ry’umubyibuho we kuko akenshi hari serivisi atabonaga kubera uwo mu byibuho. Amakuru dukesha urubuga 7sur7.be, avuga ko Christina Jordan mu kiganiro n’ikinyamakuru People cyo mu Bwongereza , yagitangarije ko yakunze kurangwa n’ipfunywe kubera umubyibuho we ukabije. Mu myaka […]

Bugesera: Indwara ya Silicose iracura inkumbi mu birombe by’amabuye y’agaciro

Abatuye umurenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, bahangayikishijwe n’indwara ya Silicose (bita Silikoshi) igiye kubamaraho abantu. Abapfa ni abakora akazi ko gucukura amabuye y’agaciro mu birombe, bakanduriramo iyi ndwara ifata imyanya y’ubuhumekero. Ibitangazwa na bamwe mu bagize imiryango y’abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu karere ka Bugesera, bigaragaza ko nta muryango utararwaza iyi ndwara. […]

Chris Kyle, umusirikare kabuhariwe (Sniper) wishe abantu barenga 150 ku rugamba-AMAFOTO

Christopher Scott “Chris” Kyle yavutse ku itariki ya 8 Mata 1974, uyu mugabo yamenyekanye cyane mu gisirikare cya USA mu mutwe w’abarwanira mu kirere, mu mazi ndetse no ku butaka (United States Navy’s “Sea, Air and Land Teams) by’umwihariko akaba yari azwi nk’umusirikare muri bamwe bazwi nka ba mudahusha (Sniper). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musirikare ni […]

Gambia: Guhera kuwa 19 Mutarama A.U. ntizaba igifata Yahya Jammeh nka perezida

Afurika Yunze Ubumwe iratangaza ko guhera kuwa 19 Mutarama itazaba igifata perezida wa Gambia, Yahya Jammeh nka perezida wa Gambia. Kuri iyi tariki hakaba aribwo hari hateganyijwe umuhango wo guhererekanya ubutegetsi hagati ye n’uwatsinze amatora, Barrow. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama yabereye I Addis Abeba, Akanama k’umutekano ka AU kagaragaje ingaruka zikomeye zishobora guterwa n’igikorwa […]

Minisitiri James MUSONI yasuye DOVE Hotel ya ADEPR-AMAFOTO

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, James MUSONI yasuye DOVE Hotel Kigali aho yashimye ibikorwa Itorero ADEPR rimaze kugeraho mu kubaka Igihugu kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2017. Yatemberejwe nyubako ya mbere irimo ibyumba 72, anatemberezwa mu nyubako ya kabiri irimo ibyumba 4 binini byakira inama, ubukwe n’ibindi birori, yamurikiwe Studio ebyiri zirimo iya Radio n’Iya […]

Bugesera: Ahazubakwa ikibuga cy’indege hataburuwe imirambo

Mu gihe imirimo yo gutunganya ahazubakwa Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera irimbanyije kuwa 12 Mutarama ku isaha ya saa saba ahakorerwa iyi mirimo mu Mudugudu wa Gatare hataburuwe imirambo y’abantu babiri byakekwaga ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma yo kubona ibi, abakozi bemereye abaturage baturiye aha hantu kuza kureba ngo barebe niba […]

RDC: Inyeshyamba za ADF zateze abacuruzi zibatwikira ibinyabiziga bitandukanye

Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF kuri uyu wa Kane ushize zateze umutego imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari itwaye abagenzi barindwi (7) n’ibicuruzwa ku muhanda uva Beni werekeza Kamango, mu birometero nka 50 mu majyaruguru y’Umujyi wa Beni zangiza ibicuruzwa bari bafite birimo moto. Biravugwa ko izi nyeshyamba zatwitse moto zigera kuri 18 […]

Burundi: Nyuma y'amasaha 24 afunze, Major Niyonkuru (Ex-FAB) yarekuwe

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2017, nibwo Major Niyonkuru Elie wari ufungiye muri gereza y’urwego rushinzwe iperereza yarekuwe, nyuma y’amasaha agera kuri 24 ahafungiye. Nk’uko umuryango we wabitangarije Bonesha FM, ngo uru rwego rwari rwamutaye muri yombi rumushinja kwifatanya n’abahungabanyije umutekano ariko abitera utwatsi ko ibyo bamushinja ntaho bihuriye n’ukuri ahubwo ko […]