Amerika: Umukwabu umaze guta muri yombi abimukira basaga 160
Kuri uyu wa 12 Gashyantare 2017, leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zimaze guta muri yombi abimukira basaga 160 badafite ibyangombwa bibemerera kubayo, ibi bikaba byarakozwe guhera mu ntngiriro z’iki cyumweru gishize hubahirizwa itegeko rya Perezida Trump. Ikinyamakuru The Washington, cyatangaje ko abafashwe ari abantu badafite ibyangombwa kandi iki gikorwa cyo kubafata kikaba ari igikorwa […]
Umuhanzi Diamond yashyize ahagaragara amafoto y’umuhungu we na Zari
Guhera mu mpera z’umwaka wa 2016, humvikanaga amakuru ko umuhanzi Diamond Platnumz n’umugore we Zari bibarutse umwana w’umuhungu, uwo mwana akaba yasaga n’uwahishwe itangazamakuru kugeza na nubu. Ku munsi w’ejo tariki ya 12 Gashyantare, nibwo uyu muhanzi yabashije gukoresha ibirori byo gushyira ku mugaragaro uyu mwana we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana yabaye nk’utishimirwa ku ruhande […]
(Amafoto) Umugore ahangayikishijwe no kuba ashobora kuba ariwe ufite amaguru maremare ku isi
Umugore w’umunyamideri wo mu gihugu cya Australiya witwa Caroline Arthur aravugwa kuba ari we mukobwa ufite amaguru maremare kurusha abandi ku isi. Uyu mukobwa ubwe agira ati “mfit amaguru maremare, nabuze undi muntu ku migabane yose ufite asumba ayanjye yewe no muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore ubusanzwe ufite uburebure bwa metero 1 na santimtero […]
Centrafrique: Abasaga 20 baguye mu mirwano hagati y'abaturage bitwaje intwaro na MONUSCA
Ku munsi w’ejo tariki ya 11 Gashyantare 2017, muri Repubulika ya Centrafrica habereye imirwano idasanzwe hagati y’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro n’abaturage bitwaje intwari bivugwa ko ari abahoze bari mu mutwe w’abagizi ba nabi wa sĂ©lĂ©ka wongeye kuzura agatwe. Iyi mirwano ngo yari imaze hafi icyumweru itutumba mu mujyi wa Bambari, ngo imaze guhitana abasirikare […]
Menya inkomoko y’umunsi w’abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare
Ku itariki ya 11 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi mpuzamahanga w’abarwayi, uyu munsi wizihizwa ahantu hose ku isi ndwtse no mu Rwanda. Wizihizwa hegeranywa inkunga yo gufasha abarwayi n’indembe hirya no hino mu bitaro bitandukanye, ndetse hamwe na hamwe hagakorerwa ibitramo by’ivugabutumwa bigamije guhumurizwa. Ibyo bigakorerwa no mu bigo nderabuzima n’ahandi hari abarwayi babasha kumva […]
Sudani y’Epfo: Abasirikare bakuru bakomeje gucika igisirikare cya Perezida Kiir
Nyuma y’uko mu minsi ishize umwe mu basirikare bakuru muri Sudani y’Epfo Gen Bapiny Monytuil avuye ku nshingano ze, uwitwa Lt Gen Thomas Cirillo Swaka na we yamaze kuva ku buyobozi ashinja igisirikare cya leta kugendera ku ngengabitekerezo y’amoko no gutonesha. Lieutenant General Thomas Cirillo Swaka wari umwe mu bayobozi bakuru bo mu gisirikare cya […]
Hari abatazi bimwe mu bice by’umubiri mu Kinyarwanda
Ururimi rw’Ikinyarwanda ruracyari ikibazo kuri bamwe mu barukoresha, cyane cyane mu byerekeye ibice by’umubiri w’umuntu. Benshi bakenera ababasobanurira iyo bahuye n’uvuga ikinyarwanda cy’umwimerere, dore ko ubu no mu mashuri aya masomo yigwa guhera muwa kane, kandi mu cyongereza. Nta kabura imvano, muri ki gitondo, umunyamakuru ayobeje umutumirwa wasobanuraga iby’indwara. Umunturage ahamagaye avuga ko afite ikibazo […]
Hakizimana yafashwe agerageza guha ruswa Polisi nyuma yo gutsindwa ikizamini
Umugabo witwa Hakizimana Munyarugamba afunzwe na Polisi nyuma yo kugerageza guha ruswa umupolisi ubwo yatsindwaga ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga. Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda Chief Inspect of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yagize ati:” nyuma yo kubwirwa ko atsinzwe ikizamini, yagerageje amayeri y’uko yabona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga maze afata […]