Kigali:Abantu 18 barimo abagore 8 bafatanywe ibiyobyabwenge

Abantu 18 barimo abagore 8 bakekwaho kuba abacuruzi b’ibiyobyabwenge bafatiwe mu mikwabu itandukanye mu karere ka Nyarugenge na Kicukiro beretswe itangazamakuru mu rwego rw’uko Polisi y’u Rwanda ikomeje gutanga ubutumwa no gukaza ibikorwa byo gukuraho inzira y’ikwirakwizwa ryabyo. Abakekwa bose bafatiwe mu mirenge ya Gitega, Rwezamenyo, Nyarugenge y’akarere ka Nyarugenge n’umurenge wa Kigarama mu karere […]

Burundi:Abagabo babiri bitwaje imihoro n’ubuhiri binjiye mu ishuri bashaka kwica abarimu

Abalimu bo ku kigo cy’amashuri ya Gitwa muri Zone ya Bigina,Komini Kayogoro, Intara ya Makamba , batewe ubwoba n’abagabo babiri baherutse kwinjira mu kigo cyamashuri bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro n’ubuhiri , bagateza ubwoba abanyeshuri bavuga ko bashaka kwica abarimu babiri. Nk’uko bitangazwa n’abalimu bigisha kuri iki kigo ngo ibi byabaye ku wa Kabiri w’Icyumweru […]

Tanzania :Abanyamakuru 9 bari mu mazi abira bazira gutangaza ibinyoma kuri Magufuli

Ikigo cy ‘Itangazamakuru “Tanzania Broadcast Corporation” (TBC) gikorera muri Tanzania cyirukanye abanyamakuru 9 bacyo nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma avuga ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump ashimagiza Perezida John Magufuli. Iyo nkuru yatangajwe mu Cyumweru gishize ivuga ko Perezida Donald Trump yasabye abandi bakuru b’Ibihugu bya Afurika gufatira urugero kuri Perezida […]

Sobanukirwa n’umunsi wa Pentekote uvugwa muri Bibiliya

Ubusanzwe Pentekote ni umunsi mukuru mu itorero rya gikirisitu, aho iryo torero riba ryizihiza umunsi intumwa za Yesu zamanukiwe n’umwuka wera cyangwa roho mutagatifu nk’uko bamwe babyizera. Icyo gihe nta torero ryabagaho ahubwo uwo mwuka wamanukiye intumwa uko ari 12 ndetse uyu mwuka ukaba ari na wo wabaye intangiriro y’itorero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi uba […]

Hari abayobozi biyemeza guterura ibyo badashoboye- Ingabire Immaculée

Umuyobozi wa Transparence International Rwanda ,Ingabire Marie Immaculée avuga ko mu Rwanda hari abayobozi bahiga ibyo bazageraho mu zina ry’abaturage batitaye ku buzima bwabo akenshi ugasanga babahoza mu nzira aho gukemura ibibazo byabo. Ingabire agaruka ku ishyirwa mu bikorwa ry’Imihigo 2015-2016 yavuze ko usanga abayobozi barebera imihigo mu mibare aho kurebera ku buzima bw’abaturage bayoboye […]

Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)

Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n’ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: “Umugore utanyara mu gihe cy’imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo”. Kuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri […]

Burundi: Umusirikare muto wivuganye umukuriye yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

Urukiko Rwisumbuye rwa Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, ruherutse gukatira igifungo cy’imyaka 20 Caporal-chef wari ukurikiranweho kwica uwari umukuriye ufite ipeti rya major wari ugiye kumuta muri yombi. Ibi bikaba byarabaye mu cyumweru gishize ku itariki 09 Werurwe, aho umucamanza Nshimirimana Déogratias yatangaje igifungo cy’imyaka 20 kuri uyu musirikare witwa Pierre Ntahomvukiye bakunda kwita Kadogo […]

Ku myaka ye 11, yanditswe mu gitabo cy’amateka kubera impano idasanzwe yo gucuranga

Umwana witwa Matthew Smith wo mu gihugu cy’u Bwongereza yaciye agahigo ko kuba ari we mwana ubaye uwa mbere mu bijyanye no gukora umuziki, aho kugeza ubu azi gucuranga ibicurangisho hafi ya byose bw’umuziki bibaho ndetse no kuyobora indirimbo ku myaka ye 11 gusa y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana ahawe igihembo cyo kwandikwa mu gitabo […]

Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage

Agaruka ku bijyane n’imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase yavuze ko ari kimwe mu byibanzweho mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye. Prof.Shyaka mu Kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, yashimangiye ko muri uyu […]

Uganda: Kajugujugu igipolisi giheruka kugura yagonze inzu y’umuturage

Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu igipolisi cya Uganda cyari giherutse kugura mu minsi ishize yasenye igisenge cy’inzu y’umuturage ahitwa Mutungo mu karere ka Makindye mu nkengero z’umujyi nk’uko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. igipolisi kikaba cyemeye kuvugurura inzu y’uyu muturage. Umuvugizi w’igipolisi, Andrew Felix Kawesi ubwo iyi nkuru yakorwaga ngo akaba yari arimo […]

Umuhanzi Bebe Cool yiswe injiji indetse itagira uburere

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda uzwi nka Bebe Cool yibasiwe cyane n’abantu batandukanye barimo n’umunyamakuru wa Bukedde TV, aho banavuga ko ibyo akora bigaragaza ko nta burere afite. Uyu muhanzi yibasiwe n’aba bantu nyuma y’uko mu minsi yashize ubwo umwe mu bahanzikazi wo muri kiriya gihugu, Sophie Nantongo yari yakoresheje igitaramo, hanyuma uyu muhanzi […]

Undi musirikare mukuru wa FDLR yitandukanyije na yo ataha mu Rwanda

Undi musirikare mukuru mu nyeshyamba za FDLR yitandukanyije n’uyu mutwe ahita ataha mu Rwanda nyuma y’uko atari agishoboye kwihanganira ngo amacakubiri akomeje kuvugwa hagati muri uyu mutwe. Ni nyuma y’aho mu minsi ishize Gen. Semugeshi nawe wahoze muri FDLR ariko akaba yari yitandukanyije nayo akajya mu mutwe witwa CNRD, afatiye icyemezo cyo kwishyira mu maboko […]

Agathon Rwasa mu nteko y’u Burundi, Ese Abanyamurenge bishwe bazabazwa nde?

Mu matora yabaye mu 2015 mu Gihugu cy’u Burundi, nibwo benshi bahaga amahirwe Agatho Rwasa, umunyapolitiki urwanya Leta ya CNDD FDD iriho mu Burundi. Abanyamurenge bo bari bahangayitse bumva ko atowe yaba afite ubudahangarwa ntibazabashe kumukurikirana. Abanyamurenge bashinja Agathon Rwasa ubwicanyi bw’i Gatumba i Burundi, bwahitanye ubuzima bw’abanyamurenge basaga 166. Rwasa abyivanaho akavuga ko ntaho […]

Ese Degaulle Nzamwita yaba agiye kuzanira ibisubizo ruhago nyarwanda muri Etiyopiya?

Perezida wa Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru, Nzamwita Vincent de Gaulle ari Addis Abeba muri Etiopiya mu nama rusange y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangiye kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Werurwe 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama yabereye ku cyicaro cya Afurika yunze ubumwe, ifite insanganyamatsiko ivuga ku mpinduka mu mupira w’amaguru nyafurika igira […]

Muhima: Habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, itariki 14 Werurwe 2017, mu Kagari k’Ubumwe mu Murenge wa Muhima ahazwi nka Saint Famille munsi y’igaraje rihari, hatoraguwe umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 wari witabye Imana bikekwa ko yishwe, polisi ikaba yatangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye urupfu. Bamwe mu babonye nyakwigendera aryamye mu muferege wo […]

Urubyiruko rusaga ibihumbi 500 nirwo rugiye gutora bwa mbere-NEC

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC)iravuga ko urubyiruko rusanga ibihumbi 500 arirwo ruzitabira bwa mbere amatora ya Perezida ateganyijwe mu Rwanda muri uyu mwaka ndetse ko ari narwo gusa ruzakorerwa amakarita mashya y’itora. Ibi bikaba byaratangajwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora,Charles Munyaneza kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Werurwe,2017 mu nama yayihuje n’abatanyabikorwa bayo mu rwego rwo kureba […]

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa ategerejwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping ategerejwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ruzinduko rw’iminsi 2 azakora mu kwezi gutaha ku butumire bwa mugenzi we, Donald Trump nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bihugu byombi kuri ubu nibyo biyoboye ibindi byose byo ku Isi mu bukungu, akaba ari ubwa […]

Bugesera: Hafatiwe moto yari yibwe mu mujyi wa Kigali

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera ku itariki ya 13 Werurwe, yafatiye mu murenge wa Nyamata uwitwa Minani Syldio w’imyaka 33, imufatana moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nomero iyiranga RD 899G, yari yaribwe mu mujyi wa Kigali, akaba yari yaje kuyihagurishiriza. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba Inspector of Police (IP) […]

Nyarugunga: Abaturage baratabariza abana bafungiwe umubyeyi

Abaturage b’Umurenge wa Nyarugunga mu Kagali ka Kamashashi, barasaba ubuyobozi bw’uyu murenge kwita kuburenganzra bw’abana b’umugore witwa SONABELI Abiya , watawe muri yombi azira kuba akekwaho gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Kanyanga. Abatuye muri aka gace k’Umurenge wa Nyarugunga mu Kagali ka Kamashashi ni mu Mudugudu w’Akindege batangaza ko Nyina w’aba bana yatawe muri […]