Umupasiteri akurikiranyweho kwivugana umwe mu bakirisitu be
Umupasiteri witwa Jessiah, wo mu idini y’abapentekositi mu gihugu cya Nigeria ari mu bwihisho nyuma yo kwica umwe mu bayoboke be amutumiye ngo bajyane gusenga. Abatangabuhamya batandukanye bavuga ko uyu mupasiteri yatumiye uyu mugabo witwa Ejiofor Ujah ngo aze bajyane gusenga nk’uko byari bisanzwe, ariko umugore we Rosemary Ujah agategereza ko agaruka agaheba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Umugabo yishe umwana we amuziza ko yariye umukate nta burenganzira yamuhaye
Umugabo witwa Nelson Asiimwe acumbikiwe na polisi yo mu karere ka Bushenyi muri Uganda acumbikiwe na polisi yo mu gace akomokamo azira kwihekura kubera akamanyu k’umukate. Uyu mugabo akurikiranyweho kwivugana umwana we w’imyaka 5 y’amavuko amuziza ko yariye umukate yari yabitse ngo ari buwurye mu gitondo ku munsi ukurikiraho. Uyu mugabo wiyemerera ko aherutse gutandukana […]
U Rwanda na Congo birasabwa gutegura ibisasu biri muri Parike y’Ibirunga
Imiryango 11 itegamiye kuri Leta, iharanira kubungabunga ibidukikije basabye Perezida w’u Rwanda , Paul Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanire Demokarasi ya Congo,Joseh Kabila Kabange gutegura ibisasu biri muri Parike y’Ibirunga mu gace ka Mikeno mu rwego rw’umutekano w’inyamaswa. Iyi miryango ivuga ko itumva uburyo ibisasu byatezwe ahantu hafatwa nk’ubuhungiro bw’inyamaswa ziri mu kaga, […]
Gasabo: Umwongerezakazi Uwamahoro Violette yagejejwe imbere y’urukiko bwa mbere
Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza umaze iminsi mu maboko y’ubutabera bw’u Rwanda, Uwamahoro Violette, kuri uyu wa gatatu, itariki 23 Werurwe yagejejwe imbere y’urukiko bwa mbere ngo yiregure ku byaha akurikiranweho. Imbere y’Urukiko rwa Gasabo mu Mujyi wa Kigali, Uwamahoro yahakanye ibyaha bitatu ashinjwa birimo kugira uruhare mu gushinga umutwe w’abagizi ba nabi. Ibyaha yahakanye […]
Chantal, afite imyaka 31 akaba ashaka umukunzi
Mwaramutseho nje aha shaka umukunzi imyaka31 uburebure1cm70 nd’umu fille w’umwana umwe ntakazi ngira ndiga muri Kaminuza ndifuza umukunzi ufite imyaka32-40 upima ibiro70-85 muremure ukunda ibiryanye na sport ufite urukundo kuko nahuye nibikomere murukundo uwumva abyujuje yanyandikira kuri email kayitesichanta@gmail.com Nb uziko akina ntanyandikire kuko ntamwanya mfite woguta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse […]
RDC:Habonetse imirambo 5 y’abantu bicishijwe intwaro
Mu gace Bwito mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ho muri Repubulika Iharanira Demoakarasi ya Congo, habonetse imirambo y’abantu 2 bishwe n’abitwaje intwaro gakondo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Werurwe 2017. Kuri uyu munsi kandi habonetse indi mirambo 3 umwe ukaba warasanzwe ahitwa Kibirizi,undi i Kashalira naho uwa Gatatu uboneka Malyanga muri Bwito. Radio Okapi […]
U Rwanda rugiye kohereza izindi ngabo muri Sudani y’Epfo
U Rwanda ni rumwe mu bihugu byamaze gutangazwa ko bigiye kohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro muri leta ya Sudani y’Epfo ikomeje kuvugwamo ibikorwa by’ubwicanyi by’urudaca byanze kurangira guhera mu myaka yashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byemejwe n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col René Ngendahimana kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2017, ko u Rwanda […]
Leta y’u Rwanda yanze kwitabira urubanza yarezwemo na Ingabire Victoire mu Rukiko Nyafurika
Ishyaka FDU Inkingi rya Ingabire Umuhoza Victoire rikaba ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, riratangaza ko Leta y’u Rwanda itigeze igaragara mu rubanza yarezwemo na Ingabire ngo yiregure ku birego byashyikirijwe Urukiko Nyafurika rw’Uburengenzira bwa Muntu (ACHPR) rufite icyicaro I Arusha muri Tanzania. Guverinoma y’u Rwanda ishinja abaterankunga b’uru rukiko ari bo Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere […]
Leta ya Kabila irashinjwa gukorana na M23 igambiriye kuguma ku butegetsi
Mu mpera za 2013 nibwo inyeshyamba za M23 zahaswe umuriro kugera aho zemeye guhagarika imirwano bamwe banafata inzira y’ubuhunzi, aho umwaka utangiriye wa 2017 nibwo izi nyeshyamba zongeye kugaba ibitero. Ibi bitero bya M23 muri uyu mwaka, bamwe babifata nk’amacenga ya politiki, ko waba ari umukino wo gukomeza guhungabanya umutekano Leta iriho ikabona impamvu yo […]
Ku nshuro ye ya mbere, Trump yagiranye ikiganiro n'abanyamategeko b'abirabura
Prezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yagiranye ikiganiro na bamwe mu bayobozi bakomeye b’inama nshingamategeko b’abirabura muri kiriya gihugu. Iyi nama ibaye nyuma y’amezi agera kuri abiri aba bayobozi b’abirabura basabye inama na Prezida Trump. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbere y’uko iyo nama itangira, Prezida Trump yabwiye abanyamakuru ko mu gihe cyo kwiyamamaza yari […]
Tennis: Clenia na Belyse bagiye guhagararira u Rwanda muri ITF African Junior Championships
Abana b’Abakobwa, Niyonshima Clenia na Irakoze Belyse bayobowe n’umutoza Umulisa Joselyne w’ikipe y’Igihugu y’abakobwa batarengeje imyaka 17 ya Tennis, kuri uyu wa Gatanu barafata indege berekeza mu gihugu cya Afurika y’Epfo aho bagiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya ITF African Junior Championships azabera mu Mujyi wa Johannesburg guhera kuwa 26 Werurwe kugeza kuwa 04 […]
Igipolisi cya Uganda cyabonye Umuvugizi mushya
Komiseri Mukuru w’Igipolisi cya Uganda .Gen Kale Kayihura kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Weurwe 2017 yagize AIGP Asan Kasingye umuvugizi mushya w’igipolisi. AIGP Kasingye wari usanzwe ari Umuyobizi w’Ishyami rya Polisi mpuzamahanga(Interpol) muri Uganda akaba yanashinzwe Politiki mu gipolisi cy’iki gihugu. Akaba asimbuye ku mwanya w’ubuvugizi , AIGP Andrew Felix Kaweesi wishwe arashwe ku […]
Abana ba Uwamahoro Violette bandikiye perezida Kagame bamusaba gufungura nyina
Abana ba Uwamahoro Violette, Umunyarwandakazi ufite n’ubwenegihugu bw’u Bwongereza, akaba ari mu maboko y’ubutabera bw’u Rwanda, bandikiye perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bamusaba gufungura nyina. Uyu mugore wabaga mu mujyi wa Leeds mu Bwongereza yafatiwe mu Rwanda mu minsi ishize ubwo yari yaje aje gushyingura . Ubwo yatangazaga ko ari mu maboko yayo, Polisi y’igihugu […]
U Rwanda rwihanganishije u Bwongereza ku gitero cy’ubwiyahuzi cyagabweyo
Nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyagabwe ku mujyi wa Londres mu Bwongereza ku munsi w’ejo tariki ya 22 Werurwe 2017 kikanahitana abagera kuri 4, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yihanganishije kiriya gihugu. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri akaba n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Mushikiwabo Louise yagize ati “twihanganishije abo mu mujyi wa London […]
Minisante yashyizeho uburyo bushya bw’agahimbazamusyi ku baganga
Nyuma y’uko bigaragaye ko bamwe mu baganga bava mu mavuriro ya Leta bakajya gushakira akazi mu mavuriro yigenga kuko batoroherezwa,MinisiterI y’UbUzima yashyizeho uburyo bushya bugamije gutuma abakora umwuga b’ubuganga bakora akazi kabo batuje. Mu kiganiro na The New Times ,Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba yavuze ko bari gutegura ibiganiro bihuza Minisiteri n’abaganga kugira ngo baganire […]
Polisi irakangurira abaturarwanda kwirinda kugendana amafaranga menshi
Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda kugendana amafaranga menshi kuko bishobora kubaviramo kuyibwa, kuyamburwa bayashikujwe cyangwa kuyata. Hirya no hino mu gihugu Sitasiyo za Polisi zakira ibirego byo kwibwa no gushikuzwa amafaranga bitewe no kuyatwara mu ntoki, mu bikapu no muri anvelope cyangwa kuyasiga mu modoka. Urugero rwa hafi ni urwo ku itariki 21 z’uku […]