Sayinzoga wayoboraga Komisiyo ishinzwe gusubiza ingabo mu buzima busanzwe yitabye Imana
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Mata, nibwo hamenyekanye amakuru ko umusaza Sayinzoga Jean wayoboraga Komisiyo y’igihugu ishinzwe gusubiza ingabo mu buzima busanzwe yitabye Imana mu buryo abantu benshi bavuga ko butunguranye. Amakuru avuga ko uyu musaza wari usanzwe anazwiho kuba indashyikirwa mu bijyanye n’umukino wa Karate yazize indwara itaramenyekana akaba yaguye mu bitaro […]
Rayon sports bayipfunyikiye 2-0 mu mukino ubanza na Rivers United
Ikipe ya Rivers United yo mu gihugu cya Nigeria yatsinze Rayon Sports ibitego 2-0, mu mukino ubanza w’irushanwa rya CAF Confederation Cup, mu ijonjora rya kabiri rya 1/16. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uyu mukino wabereye kuri stade ya Yakuba Gorow mu mujyi wa Port Harcourt, muri Nigeria, hagaragaye gusatira ku mpande zombi ariko ikipe ya Rayon […]
Muhumure ntituzongera kwitwa inzoka, inyenzi n'andi mazina mabi-Hon Mukabarisa
Perezida w’Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatile yihanganishije abarokotse icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, anabizeza ko intambwe u Rwanda rumaze gutera rutemerera umuntu uwo ari we wese kwita izina cyangwa gukora ikindi kintu gipfobya uko umuntu yaremwe cyane cyane ku bacitse ku icumu. […]
Sudani y’Epfo: Ingabo za UN zatewe ubwoba n’ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera
Ingabo za UNMISS ziri muri leta ya Sudani y’Epfo zatangaje ko aho bigeze ibiri kubera muri kiriya gihugu birenze ubushobozi bwa zo bityo hakaba hakwiye izindi ngamba mu guhagarika imirwano iriyo. Ibi ni ibyatangajwe n’umunyamabanga ushinzwe ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, Moustapha Soumaré kuri uyu wa Gatandatu mu butumwa yageneye abari kwizihiza […]
U Bufaransa bwemeye umwenda bubereyemo Abanyafurika baburwaniye mu ntambara ya II y’isi
Nyuma y’imyaka itari micye intambara ya 2 y’isi ibaye, Abanyafurika batari bacye barwaniriye u Bufaransa muri iriya ntambara bagumye muri kiriya gihugu ariko ntibemerwa nk’abantu bakoze akazi gakomeye muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza ubu, abasaza babarirwa mu gihumbi bafite imyaka hagati ya 87 na 90 bari bakiri muri kiriya gihugu bategereje icyo u Bufaransa […]
Wari uzi ko hari telephone zigura za miliyoni z’amadolari? Dore 10 za mbere zihenze
Kuri iyi Isi hari ibintu byinshi by’agaciro abantu bakenera umunsi ku munsi kandi bibatwara amafaranga, nk’amamodoka n’ibindi, ariko buriya hanze aha hari na za telephone zihenze ku buryo umuntu wese atapfa kubyiyumvisha ku buryo usanga zinagura amamiliyoni y’amadorari. Niyo mpamvu twifuje kubagezaho ubwoko 10 bwa telephone buhenze kurusha ubundi. Vertu Signature Diamond Iyi telephone y’agaciro […]
Uko umunsi wa Pasika witeguwe n'uko wizihijwe hirya no hino-AMAFOTO
Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017, abantu biganjemo Abakirisitu mu madini atandukanye, mu myizerere itandukanye bizihije umunsi mukuru uzwi nka Pasika, umunsi usanzwe wibutsa abantu iby’izuka rya Yesu. Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku munsi wa 3 nyuma y’uko hizihijwe uwo gupfa kwe, abenshi mu myizerere y abo bafata nk’uwa Gatanu mutagatifu. Mu Butaliyani […]
Rusizi: Umurambo w’umusaza w’imyaka 63 watoraguwe mu kivu ukivirirana
Kanyamahanga Evariste w’imyaka 63,wari utuye mu mudugudu wa Isha,akagari ka Kamashangi,mu murenge wa Giheke,mu karere ka Rusizi yishwe n’abagizi ba nabi n’ubu bagishakishwa bikekwa ko bamukubise ifuni mu mutwe, umurambo we ukaba watoraguwe ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ,mu murenge wa Nkanka mu ma saa munani z’amanywa zo kuri uyu wa gatandatu akivirina amaraso mu […]
Nigeria: Haracyari ikibazo cy’inkingo za mugiga mu gihe imaze kwica abagera kuri 500
Igihugu cya Nigeria kiracyategereje inking zihagije za mugiga nyuma y’aho abantu bakabakaba 500 muri iki gihugu bamaze guhitanwa n’indwara ya Mugiga, mu gihe cy’amezi atanu gusa nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ubuzima, Osagie Ehanire. Kugeza ubu inking zimaze kuboneka cyangwa zitezwe ntizigera kuri miliyoni 1,5 mu gihe hakenewe byibuze izigera kuri miliyoni 3. Mu kiganiro […]
Makerere: Umunyeshuri yanyujije umukobwa mu idirishya bapfa ko yanze ko baryamana
Polisi ikorera mu mujyi wa Kampala iri gukurikirana umunyeshuri wigaga mu bijyanye n’ubuvuzi uherutse kunyuza umukobwa mu idirishya ry’igorofa araramo akamuta inyuma kuko yanze ko baryamana mu gace kabamo amacumbi yabo ya Mitchell hall. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukobwa, Brenda Nakyejjwe ngo yinjiye mu cyumba cy’uyu musore witwa Jeremiah Mukyemu w’imyaka 26 y’amavuko agiye kumusura nyuma […]
Burundi: Umupolisi yarashe umugore we ahetse umwana wabo
Abaturage b’ahitwa Ruce muri Komini Rugazi yo mu Ntara ya Bubanza mu gihugu cy’u Burundi baracyari mu gahinda nyuma y’iyicwa ry’umugore warashwe n’umupolisi, wari umugabo we kuwa Gatanu ushize, bikamuviramo urupfu n’uwo yari ahetse agakomereka. Amakuru aturuka muri aka gace avuga ko uyu mugore wishwe yari umugore wa kabiri w’uyu mupolisi, akaba yari atuye ahitwa […]
Rwamagana: Babiri batawe muri yombi bakekwaho gukoresha amafaranga y’amahimbano
Ku itariki ya 14 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yafashe abagabo babiri bakekwaho gutunga no gukoresha amafaranga y’amahimbano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’I Burasirazuba Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko abafashwe ari Ndinda Jacques w’imyaka 40 na mugenzi we Mberwa Augustin w’imyaka 22. Bafatiwe mu kagari […]