Agatha Habyarimana ngo ntacyo yari azi kwitegurwa rya Jenoside, no kuri Politike y'igihugu
Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana Yuvenali, Agathe Kanziga avuga ko nta gitekerezo na kimwe yari azi ku bijyanye n’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 no kuri Politike y’u Rwanda. Nyuma y’imyaka isaga 23 adakoma, uyu mugore aherutse kugaragara mu itangazamakuru kuri Televiziyo yo mu gihugu cy’u Bubiligi, aho yavuze ko amakuru […]
ESE NAMWE MURASHAKA KWIGENDERA❓
* Yoh 6:67 *Iki ni ikibazo gikomeye KRISTU YEZU yabajije abagishwa be 12. Ubwo benshi mubari bakurikiye Kristo kubera kumwumvaho ibitangaza ndetse amaze no kubagaburira bahaze bagasigaza. Nuko amaze guhishura ibiri mu mitima yabo ati: “Nyamara muri mwe hariho abatanyizera” #Yoh 6:64 *Yesu ntiyigeze abuza Abantu kumukurikira no kwirirwa bamugenda inyuma, bamusingiza, ndetse mugutanga imigati […]
Sobanukirwa n'imyitwarire yihariye utari uzi ku muhanzi Dr Jose Chameleone
Umuhanzi Dr Jose Chameleone, amazina ye bwite ni Joseph Mayanja, ni umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda wamenyekanye cyane guhera mu myaka ya za 2000 n’indirimbo nka Mama Mia n’izindi. Uyu muhanzi yamenyekanye vuba cyane mu karere Uganda iherereyemo ndetse kugeza ubu, uretse no muri Afurika no ku yindi migabane arazwi kubera injyana ye yihariye […]
Abasaga 36 bari barabohojwe n'umutwe wa IS barekuwe
Abantu basaga 36 barimo abagabo, abagore n’abana barekuwe ku muryo butaramenyekana n’umutwe witwaye kisilamu wa Islamic State kuri uyu wa 30 Mata 2017. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko izi mbohe zari inkoreragahato muri Iraq mu gihe gisaga n’imyaka 3 ziri mu bukoloni bw’uriya mutwe kuko zakoreshwaga imirimo itandukanye ku nyungo z’uriya mutwe. Aba bantu […]
Muhima: Abana 2 bahitanywe n’inkongi y’umuriro inakomeretsa ababyeyi babo
Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Mata 2017, inzu y’umuturage ufite ubumuga iherereye mu kagari ka Nyabugogo, umurenge wa Muhima yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo abana babiri, naho umugore n’umugabo barakomereka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu saa yine y’igitondo, ku muhanda wa Poids Lourds, ahateganye n’umusigiti uri munsi y’umuhanda. Umugabo ufite ubumuga bw’ingingo ku bw’ukuguru kumwe yacitse, […]
Ruhango: Abakecuru barokotse jenoside barashima ingabo zabarakoye ubu zikaba zinabafata mu mugongo
Abakozi b’Ikigo cy’Ubwishingizi ku ndwara cy’inzego z’umutekano (MMI) basuye abakecuru b’abapfakazi ba Jenoside yakorewe abatutsi bibumbiye mu Ishyirahamwe Humura Mubyeyi riherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango. Aba bakecuru barashima ubuyobozi bukomeje kubitaho by’umwihariko ingabo z’igihugi dore ko banavuga ko ari nazo zabarokoye. Ku itariki 27 Mata 2017 ni ho aba bakozi ba […]
Abana b'abakobwa bacuruzwa nk'Imineke mu isoko ntibikwiye kuba ibisanzwe-Perezida Kagame
Perezida Kagame avuga ko kuba abana b’abakobwa bacuruzwa mu isoko nk’imineke ntawe ukwiye kubifata nk’ibisanzwe cyangwa ngo abirekere iyo, kuko iyo mico atari yo. Ubwo yitabiraga Inama ya 3 y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye k’umuryango wa FPR-Inkotanyi avuga ku bana b’abakobwa bacuruzwa, avuga ko bidakwiye kuba ibisanzwe. Ati ”abana b’abakobwa baracuruzwa nk’imineke ku isoko, bikatubamo nk’aho ari […]
Intambara ishobora kuvuka hagati ya Amerika na Korea ya Ruguru ihangayikishije Papa Francis
Umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi, Papa Francis yatangaje ko intambara ikomeje guca amarenga hagati ya Korea ya Ruguru n’ibindi bihugu birimo Amerika iteye inkeke ndetse ko iramutse ibaye yakwangiza byinshi kuri iyi si ya Rurema. Papa Francis akaba yaboneyeho gusaba amahanga gutegura ibiganiro bizahuza Amerika na korea ya Ruguru, ibihugu 2 bikomeje kugaragaza ko […]
Abarundi banze kuba abacakara ba Petero Nkurunziza- Claver Mbonimpa
Mu gihe Leta y’u Burundi yizihiza imyaka 2 ishize, hatangiye imyigaragambyo mu gihugu yamaganaga manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza ndetse yanajemo gushaka kumuhirika ku butegetsi ariko bikarangira atsinze amatora, Pierre Claver Mbonimpa, Umuyobozi wa APRODH, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu n’ubwabafungwa n’abagororwa by’umwihariko, aratangaza ko Abarundi bahakanye kuzaba abacakara ba Nkurunziza. Pierre Claver Mbonimpa […]
Abakozi basabwe kujya batanga amakuru y’ibibera mu kazi hagamijwe kwirinda ingorane
Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo yasabye abakozi kujya bihutira gutanga amakuru ku bikorerwa ku kazi ka bo mu rwego rwo kwirinda zimwe mu ngorane zigenda zigaragara mu kazi ka bo ka buri munsi ndetse no kwicungira umutekano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe n’umunyamabanga uhoraho muri iyi minisiteri, Gaspard MUSONERA muri iki cyumweru dusoje, ubwo bari […]
U Burusiya: Imyigaragambyo yo kwamagana indi manda ya Putin yafashe indi ntera
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatutariki ya 29 Mata 2017, mu gihugu cy’u Burusiya habyukiye imyigaragambyo idasanzwe yo kwamagana ko Perezida Putin yakongera kwiyamamariza kuyobora kiriya gihugu, abenshi mu bigaragambya bakaba batawe muri yombi kuko bayikoze mu buryo butemewe nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano zo muri kiriya gihugu.. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ijwi ry’Amerika rivuga ko […]