Kigali: Hakozwe umukwabu hafatwa 2 bacuruza mazutu na lisansi byibwe
Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge ifunze abantu babiri bakurikiranyweho ubucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli cyane cyane bizwi ku izina rya mazutu na lisansi, bafatiwe mu mukwabu yakoreye mu mudugudu w’Icyerekezo, akagari ka Nyabugogo, umurenge wa Muhima mu gitondo cyo ku italiki ya mbere Gicurasi. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali ,Superintendent of Police(SP) Emmanuel […]
Kigali: Bamwe mu bakozi ayo bahembwa bayita intezarubwa no kurya ni kuri Mana mfasha
Kuri uyu wa 01 Gicurasi 2017, ni umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Bamwe mu bakorera mu Mujyi wa Kigali baratangaza ko ayo bahembwa bitewe nuko ku isoko byifashe, ntabakemurira ibibazo ndetse no kurya hari amwe mu mafunguro bibagiwe kandi bitwa ko bakora. Uyu munsi ufite amateka yihariye ku murimo n’abawukora usanga, abantu benshi bahurira hamwe bakaganira ku […]
Uganda: Gen. Mugisha Muntu wiyirukanye mu ngabo yatumiwe mu nama ya gisirikare
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. David Muhoozi aherutse kuvuga ko Gen Muntu Mugisha yemerewe kwitabira inama ya gisirikare nubwo ari mu buhungiro. Ibi yabitangaje nyuma y’uko abajijwe impamvu bateguye inama ya gisirikare ntibatumire uwahoze ari umuyobozi wa cyo Gen. Mugisha Muntu wari na perezida w’ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Uganda rya FDC. The […]
Ubonye Inkotanyi arayimenya, kuki intore zo nta mbuto zera ?
Kuba ibyiciro byinshi by’abanyarwanda baranyuze mu itorero, byagombye kugaragarira umuhisi n’umugenzi, ariko siko biri. Ibyiciro by’abanyarwanda bimaze kunyuzwa mu itorero bimaze kurenga 10: abaganga, abanyamakuru, abayobozi b’inzego z’ibanze, ba Meya na ba gitifu, abarezi n’abandi ntiwapfa kubamenya. Mu gihe ubonye uwabaye umusirikare wa RDF amumenya . Ubonye Umusirikare w’ u Rwanda cyangwa uwabaye we aramumenya […]
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi arasaba abadafite akazi kwisunga ikigega BDF
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi arasaba urubyiruko n’abagore gutinyuka , bakagana ikigo BDF kibafasha kubona inguzanyo, bagategura imishinga ibafasha kwiteza imbere banateza imbere igihugu cyababyaye. Ni mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo, wo kuri uyu wa 1 Gicurasi 2017. Wizihirijwe mu kagari ka Masoro, umurenge wa Ndera ho mu karere […]
Umwana w’imyaka 4 atwite inda yatewe na musaza we (Amafoto)
Umwana w’umukobwa w’imyaka 4 y’amavuko witwa Hu Yunxing ukomoka mu gace ka Shanxi mu gihugu cy’u Bushinwa atwite inda y’amezi 9 yatewe na musaza we y’imyaka 19 y’amavuko utatangarijwe amazina. Ababyeyi b’uyu mwana bakimara kubimenya, ngo bagerageje kubigira ibanga ariko biranga biramenyekana kuko inda y’uyu mwana yagendaga ikura uko bukeye n’uko bwije. Umuganga w’uyu mwana, […]
Gushaka umugabo si ukumenya gutanga igitsina neza gusa- J. Nyirahabineza
Izi ni impanuro zitangwa na Jeanne Nyirahabineza, umugore uvuga ko na we ubwe yarongowe neza, ararangiza mu gihe cy’akabariro bimufungura mu mutwe atangira kwiga imishinga ibyara inyungu, akaba yarinjije arenga miliyoni 100 abikesha uwo munezero. Nk’uko abisobanura mu mashusho ye agaragara ku mbuga nkoranyambaga, Jeanne avuga ko ubundi uzaba umugore ategurwa akiri umwana, akiri muto, […]
Ese ari u Rwanda na Ethiopia, ni ikihe kizungukira ku kindi mu bijyanye n'uburezi?
Mu mpera z’iki cyumweru gishize, u Rwanda na Ethiopia byasinyanye amasezerano y’ubufatange mu byiciro byinshi bijyanye n’iterambere ry’abaturage bo mu bihugu byombi, harimo n’uburezi. Ku ruhande rw’uburezi, ibi bihugu bikaba bizoroherezanya ku kijyanye n’imyigire ndetse no kuba buri gihugu kizagira ibyo kigira ku kindi ku bijyanye no kunoza ireme ry’uburezi nubwo bigoye kumenya hyir’izina icyo […]
Impunzi z’Abanyarwanda ziri muri Zimbabwe ntizikozwa ibyo gutaha mu Rwanda
Abanyarwanda baba mu nkambi ya Tongogara muri Zimbabwe, bagaragaje ko batishimiye ibyo basabwa na Leta ya Zimbabwe ifatanyije n’ umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi UNHCH, babasaba gutaha. Aganira na Financial Gazette, Minisitiri w’umurimo n’abakozi ba Leta muri Zimbabwe, Prisca Mupfumira, yatangaje ko nubwo izi mpunzi zidashaka gutaha mu Rwanda, atari Leta ya Zimbabwe ubwayo yafashe […]
Abaturage baricwa n’inzara u Burundi bukanga imfashanyo, ukwimye ibiryo aba ashaka ko upfa- UPRONA
Ibi ni ibyatangajwe na Thacien Sibomana, umuvugizi w’ishyaka UPRONA, ritemewe mu Burundi, aho anenga cyane icyemezo cyafashwe na Leta y’u Burundi ubwo yasubizaga imfashanyo za PAM zari zivuye mu Rwanda, zishyiriwe abashonje mu Burundi. Sibomana avuga ko Abarundi ubwabo batigeze banga iyo mfashanyo kuko barayikeneye, ahubwo ko ari Leta yabyanze kandi mu by’ukuri hari abayikeneye […]