Bimwe mu bikorwa byaranze umwiherero w’abapolisi bari mu butumwa bwa Loni mu Rwanda

Mu mwiherero w’iminsi 3 uri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri wahuje abayobozi ba Polisi bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni butatu buri muri Sudani y’Epfo, Darfur na Abyei wibanze ku kurinda abasivili no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina nk’ibintu by’ibanze. Mu kiganiro umujyanama wa kabiri muri Polisi ya Loni, Shaowen Yang yagiranye n’itangazamakuru […]

Umupasiteri akurikiranyweho gusambanya no gucuruza abana bato bo mu itorero rye

Umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria witwa Timothy Omotoso, wo mu itorero rya Jesus Dominion International kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, yitabye urukiko rukuru rwa Port Elizabeth, akurikiranyweho ibyaha bigera muri 7 birimo no gusambanya abana batarengeje imyaka 13 y’amavuko, kubacuruza, ruswa n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rukiko rwavuze ko uyu mupasiteri yagejejwe imbere ya […]

Uganda: Abasirikare 2 ba UPDF bakorewe iyicarubozo ku munsi w’umurimo

Umusirikare wo mu gisirikare cya Uganda, Lameck Owong uri muri diviziyo ya 4 mu nkambi ya Gulu, aravuga ko yakorewe iyicarubozi n’abantu atazi icyo bamuzizaga ubwo hizihizwaga umunzi w’umurimo muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Pte Paul Ocen, umutangabuhamya kuri iki kibazo kaba n’umusirikare ukorana n’uyu wakubiswe ku munsi mukuru, avuga uburyo yagiye kureba moto ye […]

U Rwanda ni igihugu cya mbere cyateye intambwe mu bukungu- Prof Shyaka Anastase

Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere (RGB), Prof . Shyaka Anastaze yagaragaje uburyo u Rwanda ari igihugu cyateye imbere mu bukungu mu buryo bugaragarira muri wese, rubikesheje kuba rwarafunguriye abanyamahanga amarembo n’abandi bose bashaka gushoramo imari mu nzego zitandukanye. Ibi ni bimwe mu byo uyu muyobozi yatangarije mu nama yiswe Atlantic council yabaye mu kwezi gushize, […]

Diamond Platnumz, umuhanzi uhorana udushya ku mutwe we- AMAFOTO

Mu gihe benshi mu byamamare baba bafite umusatsi wa kirasita (dreadlocks) wuzuye umutwe, umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania we afite umwihariko, iyi misatsi ye iba ari mbarwa kandi iri ku gice cyo hejuru gusa ku mutwe we. Diamond avuga ko yahisemo kwishyiraho mbarwa, bitewe n’uko aba abona nta kanya yabona ko kuwitaho ari mwinshi […]

Army Week 2017: Uko byifashe mu bice bitandukanye by’igihugu- AMAFOTO

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangiye icyumweru cy’ingabo (Army Week 2017) ku bufatanye n’izindi nzego za Leta mu bikorwa bijyanye no kuzamura imibereho y’abaturage. Iki gikorwa cyatangiye kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017,aho ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’abaturage mu bikorwa bitandukanye hirya no hino mu gihugu ndetse zinatanga ubuvuzi bw’ubuntu ku bantu badafite ubushobozi. Mu karere […]

Umugore bamukuyemo ibihumbi 7 by’Amadolari yari yamize ayahisha umugabo we (Amafoto)

Umugore witwa Sandra Milena Almeida w’imyaka 30 y’amavuko ukomoka muri leta ya Colombia yajyanwe kwa muganga ameze nabi kubera ikibazo cyo kuribwa mu nda, aho abaganga bamukurikiranye bamukuyemo amafaranga agera ku bihumbi 7 by’Amadolari yayamize bunguri. Ubwo uyu mugore yari amaze gukurwamo aya mafaranga, yasobanuye ko yayamize agamije kuyahisha umugabo we ubwo bari mu karuhuko, […]

U Bushinwa bwasabye abaturage ba bwo kuva muri Koreya ya Ruguru mu maguru mashya

Ambasade y’u Bushinwa ikorera muri Koreya ya Ruguru yasabye Abashinwa baba muri kiriya gihugu kuba begeranya utwabo bagasubira mu gihugu cyabo ndetse ababishoboye bakaba bavayo hakiri yare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Korea Times report ivuga ko Ambasade y’Abashinwa yasohoye iri tangazo isobanura ko itewe impungenge n’umwuka mubi uri hagati y’iki gihugu n’Amerika ashobora kubyara ikintu kitari cyiza […]

Politiki si ibintu bihambaye ni ukumenya imibereho y’abaturage-Diane Rwigara

Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, humvikanye umugore utangaza ko aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika nk’umukandida wigenga udaciye mu mutwe wa politiki n’umwe. Shima Rwigara Diane, utamenyerewe muri politiki y’u Rwanda nk’uwaba yaraciye mu buyobozi runaka, yatangaje ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda kandi ko azatsinda ayo matora. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kigali, […]

Abashaka kwinjira mu ngabo z’u Rwanda (RDF) ku rwego rwa Ofisiye bafunguriwe amarembo

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu ku rwego rwa ofisiye ko amarembo afunguye, kwiyandikisha ni ku biro by’akarere umuntu akomokamo. Kwiyandikisha bizatangira ku itariki ya 10 Gicurasi, bikazarangira ku wa 25 Gicurasi 2017, nyuma abiyandikishije bakazamenyeshwa itariki y’ibizamini by’ijonjora. Ibisabwa byose biragaragara mu itangazo [xyz-ihs snippet=”google-pub”] kanda-hano-usome-itangazo-rdf Kanda hano […]

Burundi: Umuhuza Mkapa aramaganwa we akohereza intumwa

Umuhuza w’Abarundi, Benjamin William Mkapa akomeje kohereza intumwa zimuhagarariye mu gihugu cy’u Burundi mu gihe bimwe mu bitekerezo bye biganisha ku kunga byamaganwa n’abaturage barangajwe imbere na Leta. Ku wa kabiri tariki ya 2 Gicurasi 2017, nibwo intumwa za Benjamin William Mkapa zageze i Bujumbura kubonana n’abanyapolitiki batari batumiwe mu biganiro biheruka kubera i Arusha […]

Operasiyo Opera: Igitero cy’indege za Israel cyasize gihahamuye Saddam Hussein mu 1981

Ni kenshi twagiye twandika inkuru zijyanye na za operasiyo karundura za gisirikare zagiye zibera ahantu hatandukanye ku isi ya Rurema. Nushaka uyite Operation Babylon cyangwa Operation Opera, yombi ni amazina iki gitero cy’indege z’intambara za Israel [ Israel Air Force ] zagabye ku birindiro by’Ingabo za Irak ahubakwaga uruganda rwa nikereyeri rw’igihugu cya Irak ku […]