Dr Frank natorwa, inguzanyo ya buruse izikuba Kane ku banyeshuri ba Kaminuza

Umukandida w’ishyaka Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe ikibazo cy’abanyeshuri bahabwa inguzanyo y’intica ntikize kizahita gikemuka.   Mu ijambo yaku baturage mu muhango wo kwiyamamaza yakoreye mu karere ka Nyanza na Gisagara, yavuze ko bidakwiye guha abanyeshuri inguzanyo ya buruse idashinga kandi ari iyo baba bazishyura. Yagize ati”ko n’ubundi ari inguzanyo ko […]

Nyagatare : Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye inama y'iya 4 Kanama-Kagame

Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame , akaba na Perezida wa Repubulika akomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Nyagatare, nyuma yo gusoza ibi bikorwa mu Murenge wa Gatunda. Perezida Kagame yibukije abatuye aka karere ko basabwa kumutora, maze bakazakomezanya mu bikorwa bigamije gukomeza guteza igihugu imbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati “ Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye […]

Umukandida Paul Kagame yakiriwe n'ibihumbi by'abaturage i Kayonza- AMAFOTO

Umukandida Paul Kagame ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare na Gatsibo, yakomereje mu karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba, yakirwa n’abaturage babarirwa mu bihumbi. Ku munsi wa 9 w’ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu yari asanzweho, ku wa 22 Nyakanga 2017, abaturage babarirwa mu bihumbi bazindukiye kwakira umukandida Paul Kagame ku […]

Burundi :Umwaka urashize nta cyerekana ko Umunyamakuru Jean Bigirimana akiriho

Abanyamakuru b’ikinyamakuru cyigenga mu Burundi, Journal Iwacu baribuka umwaka ushize mugenzi wabo, Bigirimana Jean aburiwe irengero. Abo banyamakuru barasaba ko ukuri kwashyirwa ahagaragara ku bijyanye no kuburirwa irengero kwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, abo banyamakuru bambaye udupira tw’umukara twanditseho tuti “ Jean Bigirimana, ntabwo duteze kukwibagirwa. » bashyize indabo ahari ifoto ye […]

Zimwe mu mpamvu zituma ingo zisenyuka

Gusenyuka kw’ingo ni igikorwa kijya kibaho kuri bamwe mu bashakanye, ibyo bikaba iyo umugabo n’umugore batanye burundu, cyangwa se bakabana mu mwuka mubi uzira urukundo aho usanga basigaye barara mu byumba bitandukanye mu nzu imwe mu gihe bagakwiye kurara bapfumbatanye bagashyushyanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi biterwa n’impamvu nyinshi, hano twabateguriye zimwe muri zo:   Imihindukire y’ubuzima […]

Nyuma yo kuva muri Politiki Ambasaderi Joseph Habineza arakataje mu bucuruzi

Nyuma y’aho aviriye ku mirimo ye, Uwahoze ari Minisitiri w’umuco na Siporo, Ambasaderi Joseph Habineza, yatangarije Bwiza.com ko ubu ahugiye mubikorwa byo gucuruza amakaroni, aho acuruza ubwoko bw’amakaroni yise ‘’Pastor Joe’’. Kurikirana ikiganiro twagiranye. Bwiza : Uratangira utwibwira birambuye. Joe : Nitwa Joseph Habineza niyo mazina ababyeyi banyise nyivuka, benshi banzi ku izina rya Joe, […]

Nyuma yo kutumvikana na Lil G Producer Junior yerekeje muri Studio shya

Nyuma y’aho Producer Junior atangarije ko atagikorera muri Studio Round Music y’umuhanzi Lil G, amakuru atugeraho ni uko ubu yamaze kwerekeza muri Studio nshya yitwa ‘’ T time Entertainment’’. Amasezerano ya Junior muri studio ya Lil G ‘’ Round Music’’ yarangiye kuwa 01 Nyakanga 2017, yari yarasinyweho n’impande zombi tariki ya 01 Nyakanga 2015, aya […]

Bazivamo Christophe n'abandi 65 barokotse impanuka y’imodoka

Visi Perezida w’Umuryango FPR Inkotanyi , Bazivamo Christophe yarokotse impanuka y’imodoka ubwo yerekezaga mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi. Iyi mpanuka yayikoze muri iki gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga ubwo yerekezaga muri icyo gikorwa mu karere ka Nyagatare. Ifoto y’imodoka ye iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga iragaragaza uruhande rw’ibumoso […]

Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi

Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma y’uko nyuma yo gusigirwa n’umugabo we abana batatu b’indahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana n’umugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya […]

Ubutabera: Urukiko rwatesheje agaciro inzitizi za REB, urubanza rwimurirwa mu mezi atandatu

Kuri uyu wa gatatu tariki 21 Nyakanga 2017, urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rukorera I Rusororo, rwatesheje agaciro inzitizi zatanzwe n’ababuranira Leta mu rubanza abakozi barezemo REB. Ni abahoze bigisha abarimu icyongereza(English mentors) barezemo iki kigo cyabirukanye mu buryo bunyuranije n’amategeko. Urukiko rwasanze inzitizi nta shingiro zifite, ariko rwimurira urubanza ku itariki ya 8 Mutarama 2018. […]

Amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika yongerewe

Guhera mu mwaka wa 2019, amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu mupira w’amaguru aziyongeraho 8, ni ukuvuga ko azava kuri 16 akaba 24, kandi n’igihe iyi mikino yaberaga cyahinduwe. Ubusanzwe ayo makipe yahuraga ari 16 yajyaga mu mikino ya nyuma y’iri rushanwa, ndetse imikino nyiyabaga mu mpeshyi, ariko impinduka zatangajwe […]

No muri Suwede bambara Caguwa nkanswe mu Rwanda-Dr Frank Habineza

Perezida akaba n’umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe azasubizaho caguwa akabanza akubaka inganda zihagije z’imyenda mu gihugu hanyuma akabona guca iyi myenda icuruzwa yarabanje kwambarwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byo yatangaje mu gihe yagezaga imigabo n’imigambi ye ku baturage bo mu karere ka […]