Dr Frank natorwa, inguzanyo ya buruse izikuba Kane ku banyeshuri ba Kaminuza
Umukandida wâishyaka Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe ikibazo cyâabanyeshuri bahabwa inguzanyo yâintica ntikize kizahita gikemuka. Â Mu ijambo yaku baturage mu muhango wo kwiyamamaza yakoreye mu karere ka Nyanza na Gisagara, yavuze ko bidakwiye guha abanyeshuri inguzanyo ya buruse idashinga kandi ari iyo baba bazishyura. Yagize atiâko nâubundi ari inguzanyo ko […]
Nyagatare : Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye inama y'iya 4 Kanama-Kagame
Umukandida wâUmuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame , akaba na Perezida wa Repubulika akomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Nyagatare, nyuma yo gusoza ibi bikorwa mu Murenge wa Gatunda. Perezida Kagame yibukije abatuye aka karere ko basabwa kumutora, maze bakazakomezanya mu bikorwa bigamije gukomeza guteza igihugu imbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati â Mwadutumiye, twabitabye ngo tujye […]
Umukandida Paul Kagame yakiriwe n'ibihumbi by'abaturage i Kayonza- AMAFOTO
Umukandida Paul Kagame ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyagatare na Gatsibo, yakomereje mu karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba, yakirwa n’abaturage babarirwa mu bihumbi. Ku munsi wa 9 wâibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wâumukuru wâigihugu yari asanzweho, ku wa 22 Nyakanga 2017, abaturage babarirwa mu bihumbi bazindukiye kwakira umukandida Paul Kagame ku […]
Burundi :Umwaka urashize nta cyerekana ko Umunyamakuru Jean Bigirimana akiriho
Abanyamakuru bâikinyamakuru cyigenga mu Burundi, Journal Iwacu baribuka umwaka ushize mugenzi wabo, Bigirimana Jean aburiwe irengero. Abo banyamakuru barasaba ko ukuri kwashyirwa ahagaragara ku bijyanye no kuburirwa irengero kwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, abo banyamakuru bambaye udupira twâumukara twanditseho tuti â Jean Bigirimana, ntabwo duteze kukwibagirwa. » bashyize indabo ahari ifoto ye […]
Zimwe mu mpamvu zituma ingo zisenyuka
Gusenyuka kwâingo ni igikorwa kijya kibaho kuri bamwe mu bashakanye, ibyo bikaba iyo umugabo nâumugore batanye burundu, cyangwa se bakabana mu mwuka mubi uzira urukundo aho usanga basigaye barara mu byumba bitandukanye mu nzu imwe mu gihe bagakwiye kurara bapfumbatanye bagashyushyanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi biterwa nâimpamvu nyinshi, hano twabateguriye zimwe muri zo: Â Imihindukire yâubuzima […]
Nyuma yo kuva muri Politiki Ambasaderi Joseph Habineza arakataje mu bucuruzi
Nyuma yâaho aviriye ku mirimo ye, Uwahoze ari Minisitiri wâumuco na Siporo, Ambasaderi Joseph Habineza, yatangarije Bwiza.com ko ubu ahugiye mubikorwa byo gucuruza amakaroni, aho acuruza ubwoko bwâamakaroni yise ââPastor Joeââ. Kurikirana ikiganiro twagiranye. Bwiza : Uratangira utwibwira birambuye. Joe : Nitwa Joseph Habineza niyo mazina ababyeyi banyise nyivuka, benshi banzi ku izina rya Joe, […]
Nyuma yo kutumvikana na Lil G Producer Junior yerekeje muri Studio shya
Nyuma yâaho Producer Junior atangarije ko atagikorera muri Studio Round Music yâumuhanzi Lil G, amakuru atugeraho ni uko ubu yamaze kwerekeza muri Studio nshya yitwa ââ T time Entertainmentââ. Amasezerano ya Junior muri studio ya Lil G ââ Round Musicââ yarangiye kuwa 01 Nyakanga 2017, yari yarasinyweho nâimpande zombi tariki ya 01 Nyakanga 2015, aya […]
Bazivamo Christophe n'abandi 65 barokotse impanuka yâimodoka
Visi Perezida wâUmuryango FPR Inkotanyi , Bazivamo Christophe yarokotse impanuka yâimodoka ubwo yerekezaga mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi. Iyi mpanuka yayikoze muri iki gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga ubwo yerekezaga muri icyo gikorwa mu karere ka Nyagatare. Ifoto yâimodoka ye iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga iragaragaza uruhande rwâibumoso […]
Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi
Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma yâuko nyuma yo gusigirwa nâumugabo we abana batatu bâindahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana nâumugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya […]
Ubutabera: Urukiko rwatesheje agaciro inzitizi za REB, urubanza rwimurirwa mu mezi atandatu
Kuri uyu wa gatatu tariki 21 Nyakanga 2017, urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rukorera I Rusororo, rwatesheje agaciro inzitizi zatanzwe nâababuranira Leta mu rubanza abakozi barezemo REB. Ni abahoze bigisha abarimu icyongereza(English mentors) barezemo iki kigo cyabirukanye mu buryo bunyuranije nâamategeko. Urukiko rwasanze inzitizi nta shingiro zifite, ariko rwimurira urubanza ku itariki ya 8 Mutarama 2018. […]
Amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma yâigikombe cya Afurika yongerewe
Guhera mu mwaka wa 2019, amakipe azajya yitabira imikino ya nyuma yâigikombe cya Afurika cyâibihugu mu mupira wâamaguru aziyongeraho 8, ni ukuvuga ko azava kuri 16 akaba 24, kandi nâigihe iyi mikino yaberaga cyahinduwe. Ubusanzwe ayo makipe yahuraga ari 16 yajyaga mu mikino ya nyuma yâiri rushanwa, ndetse imikino nyiyabaga mu mpeshyi, ariko impinduka zatangajwe […]
No muri Suwede bambara Caguwa nkanswe mu Rwanda-Dr Frank Habineza
Perezida akaba nâumukandida wâishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr Frank Habineza avuga ko naramuka atowe azasubizaho caguwa akabanza akubaka inganda zihagije zâimyenda mu gihugu hanyuma akabona guca iyi myenda icuruzwa yarabanje kwambarwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byo yatangaje mu gihe yagezaga imigabo nâimigambi ye ku baturage bo mu karere ka […]