Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma
Igihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashobora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubatse umuryango agerageza kwihangana ariko gushidikanya bikamubuza amahoro ku buryo na byo bitera izindi ngaruka Nk’uko bitangazwa n’urubuga fr.meetic.yahoo.net, ntukigere ukeka umukunzi wawe udafite aho ushingiye kuko niba utekereza ko […]
Nyamasheke: Abatuye Santere y’ubucuruzi ya Tyazo barifuza isoko rya kijyambere
Abaturage barema isoko rya Tyazo, abaricururizamo n’abarekorera muri santere y’ubucuruzi ya Tyazo iri mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko bamaze imyaka myinshi basaba kubakirwa isoko rya kijyambere kuko abakorera mu isoko rihari ubu bakora bicwa n’imvura n’izuba buri uko kimwe kibagezeho,ibyo bacuruza na byo, cyane cyane imboga nko mu bihe by’impeshyi […]
Ese Indangagaciro n’umuco bitandukanira he?
Mu by’ukuri, ntibyoroshye gutandukanya Umuco n’Indangagaciro ziwugize, kuko ahanini umuco w’abantu ugaragarira mu ndangagaciro ziwuranga. Ni cyo gituma usanga akenshi abantu bagira imico itandukanye bityo bikaba bivuze ko n’indangagaciro za bo ziba zitandukanye. Ku rundi ruhande, ugerageje gusobanura uhereye ku nkoranya ya Filozofiya, “Indangagaciro ni ikintu umuntu abona ko gikwiye gushimwa kandi giha ubuzima bwe […]
Twagiramungu woherejwe mu Rwanda arashinjwa kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatutsi ibihumbi 100
Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG) irashimira u Budage bwohereje mu Rwanda Twagiramungu ukekwaho kugiRa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igahamagarira ibindi bihugu gutera ikirenge mu cyabwo. Mu nyandiko igenewe itangazamakuru yashyizweho umukono n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo Dr Bizimana Jean Damascene, ishimira iki gihgu cyashyize mu bikorwa ingingo iri mu Mazereno mpuzamahanga yashyizweho umukono […]
Nabyaranye na mabuja Mama arabimenya none akomeje kumbaza abuzukuru be- Mbigenze nte?
Ndi umusore w’imyaka 22 naje i Kigali gushaka imibereho nkabandi bose, nza kumara igihe narabuze akazi ariko nyuma nza guhura n’umu mama wari ufite salon ikora iby’imisatsi aramfasha ndigishwa menya gukora imisatsi, ampa akazi muri salon ye ubwo uwo mu mama yarafite umugabo icyo gihe bari bamaranye imyaka 4 ntarubyaro bafite. Ubwo hashize umwaka mpakora […]
Kohereza ukekwaho jenoside ava mu Budage ni intambwe ikomeye mu gutanga ubutabera – Umushinjacyaha Mukuru
Ibi Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda Mutangana Jean Bosco yabitangarije itangazamakuru. Indege yazanye ukekwaho ibyaha bya Jenoside, Twagiramungu Jean yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017. Twagiramungu Jean yahise ashyikirizwa Polisi y’u Rwanda. Umushinjacyaha Mukuru yabwiye The New Times ko kohereza abakekwaho ibyaha ari “intambwe ikomeye mu gutanga ubutabera”. […]
Nigeria: Umugabo yanyweye ibiziba kuko perezida Buhari yagarutse mu gihugu
Umugabo ukomoka mu gace ka Zaria witwa Muh’d Kabir Wusasa aherutse gutungura abantu ubwo yakoranyaga abantu akabajyana mu gishanga akanywa amazi y’ibiziba yarangiza n’amafoto ye akayashyira ku karubanda yerekana ko yahiguye umuhigo yari yagize. Uyu mugabo ukiri muto yari yatangaje ko azanywa ibiziba Perezida Buhari naramuka agarutse mu gihugu cye avuye kwivuza, ibi akaba yarabivuze […]
Maj.Dr Rugomwa yakatiwe imyaka 10, indishyi ya miliyoni 11 no kwamburwa impeta za gisirikare
Urukiko rw’ibanze rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge rwasomye urubanza rwa Maj Dr Rugomwa Aimable ukekwaho gukubita umwana witwa Mbarushimana Théogène bikamuviramo gupfa. Urubanza rw’uyu musirikare rwasomwe ku wa Mbere tariki ya 21 Kanama 2018. Maj Dr Rugomwa yakatiwe igihano cy’ igifungo cy’imyaka 10, gutanga indishyi zingana na miliyoni 11 n’ibihumbi 570 […]
Nta musimbura wa Sugira Ernest dukeneye tuzategereza akire — Jimmy Mulisa
Nyuma y’imvune ikomeye Sugira Ernest yagize, umutoza w’ikipe ya APR FC, yatangaje ko ivunika rya Sugira Ernest rigiye gushyira icyuho muri iyi kipe, ariko na none ngo nta wundi mwataka bazamusimbuza, bazategereza amezi 3 abaganga bamuhaye. Uyu mukinnyi wari wahamagawe n’umutoza Antoine Hey ngo afashe bagenzi be mu mukino wo kwishyura w’u Rwanda na Uganda, […]
Nta tegeko ryirengangijwe mu guhagarika by’agateganyo amwe mu mashuri makuru
Maze gusoma inkuru yasohotse mu kinyamakuru Bwiza.com, inkuru yiganjemo kwibaza niba ifungwa ry’agateganyo ry’amwe mu mashuri makuru na za kaminuza byarubahirije amategeko, nageregeje kureba amategeko areba amashuri makuru na za kaminuza ngamije gusesengura iyo nyandiko. Iyo nkuru igira iti “Inkubiri y’ifungwa ry’amashuri makuru ntiyaba yarirengangije itegeko riyagenga?” Uwanditse iyi nkuru yagarutse kuri kino kibazo ati […]
Ingabo z'u Buhinde n'iz'u Bushinwa zahanganye zikoresheje amabuye rubura gica – Video
Amashusho ya video agaragaza ingabo z’u Bushinwa n’iz’u Buhinde zishinzwe kurinda umupaka ku kiyaga cya Pandong buri gihugu cyiyitirira, ziterana amabuye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga abantu batangazwa n’uko guhangana. Nubwo iyi video bivugwa ko itarasuzumwa neza, abayobozi b’u Buhinde bo baremeza ko uko guhangana kwabayeho hagati y’Abahinde n’Abashinwa. Uku guhangana hifashishijwe amabuye no guterana ingumi […]
Ikibazo cy’ingona zica abaturage muri Nyabarongo cyagombye kurenga ‘akabazo’
Ikibazo cy’abaturage baturiye umugezi wa Nyabarongo mu gice kirimo ingona gikwiriye kurebwa ‘ nk’ikiza gikomeye’, gikomeje gutwara ubuzima bw’Abanyaranda cyagombye guhagurukirwa, dore ko usanga bamwe mu bayobozi bakomeje kugifata nk’ikibazo cyoroshye, nyamara abaturage badahwema kugaragaza akababaro kabo katabonerwa igisubizo. Agaciro k’Umunyarwanda( value) karuta ibindi byose, u Rwanda rwagiye rwitwara kigabo mu bibazo bitandukanye abaturage bagiye […]
Bishop muri Arthodox yirukanywe azira video ye asambanya umwana
Umuyobozi w’itorero rya Arthodox mu gihugu cya Rumaniya yirukanywe ku nshingano ze ndetse anategeka kutazazisubiraho na rimwe kubera amashusho yagaragaye ndetse akanakwirakwizwa hirya no hino mu gihugu agaragaza uyu muyobozi w’itorero asambana n’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo urugaga rw’abayobozi b’iri torero muri Rumaniya rwateranye rufata icyemezo kuri uyu […]
Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y’uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe
Abaturage b’utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n’ab’Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n’ingobyi y’abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi imaze amezi 4 […]
Qatar Airways yasubitse ingendo zayo i Kigali
Abakoraga ingendo z’indege muri Qatar Airways bajya Doha bavuye i Kigali bafite impungenge nyuma y’aho iyi sosiyete yo gutwara abantu mu ndege isubikiye ingendo zayo mu Rwanda kugeza kuwa 01 Nzeri 2017. Mu byumweru bikeya bishize ngo aba bagenzi bakaba bari barimo kujya Doha banyuze Entebbe muri Rwandair cyangwa bakanyura Nairobi bakajyanwa na Kenya Airways. […]
Reba amafoto y'ikiraro cya mbere kirekire ku isi gica hejuru y'inyanja
Mu minsi yashize, Bwiza.com yari yagerageje kwegeranya amaforo y’ikiraro cya mbere ku isi kirekire haba mu burebure bya co uva ku ruhembe rumwe ujya ku rundi ndetse n’uburebure uturutse ku kiraro kugera hasi ku butaka aho iki kiraro cyari cyabonetse mu gihugu cy’u Bushinwa na metero zisaga 300. Kuri ubu rero hongeye kugaragara amafoto y’ikindi […]
Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n’ itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama
Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by’ amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw’izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n’iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho. Umunsi Perezida Paul Kagame […]
Kenya: Abazungu 2 bakuze basanzwe hafi y’akabyiniro bishwe
Imirambo y’abazungu babiri bakuze, umwe uri mu myaka 60, n’undi uri mu myaka 70, kuri iki Cyumweru yasanzwe ahantu yajugunywe ku muhanda uri mu mujyi wa Mombasa mu gihugu cya Kenya, ariko imyirondoro yabo ntiyamenyekanye. Aba bazungu, umugabo n’umugore, basanzwe bazingiwe mu biringiti basigwa hafi y’akabyiniro kari mu nkengero za Mombasa nk’uko byemezwa n’ukuriye igipolisi […]
Abarundi basaga 40 bakekwaho ibikorwa by’ubutasi birukanwe mu Rwanda
Abarundi bagera kuri 47 babaga mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ushize nimugoroba , bageze mu gihugu cyabo nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda bakekwaho ibikorwa by’ubutasi. Aba Barundi bakiriwe ku mupaka n’ukuriye igipolisi mu Ntara ya Kirundo, batangaje ko birukanwe n’ubuyobozi bw’u Rwanda bazira gukekwaho ibikorwa by’ubutasi. Umwe mu birukanwe wavuganye na Ijwi rya Amerika […]
Waruziko urebeye mu maso wamenya umukobwa waryoshya imibonano?
Abantu benshi bagenda bibaza niba hari uburyo wamenyera ko umukobwa cyangwa umugore baryoshya imibonano mpuzabitsina mutari mwaryamana, gusa Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje […]