Afurika y'epfo: Abazungu binjije umwirabura mu isanduku bahamijwe icyaha
 Abazungu babiri b’abahinzi binjije umugabo w’umwirabura mu isanduku ku gahato bahamijwe icyaha cyo Muri Kanama umwaka ushize wa 2016, Victor Mlotshwa w’imyaka 27 y’amavuko, yarakubiswe ndetse yinjizwa mu isanduku ku gahato n’abazungu babiri b’abahinzi, Theo Martins Jackson na Willem Oosthuizen. Bombi bazakatirwa ku itariki 23 z’ukwezi kwa 10. Bahakanye ibyo baregwa. Uru rubanza rwateje […]
Burundi: Abaturage bakomeje guhunga igihugu kubera Imbonerakure
Imiryango itegamiye kuri leta mu Burundi iratangaza ko abaturage bo muri ik gihugu bakomeje guhunga ku bwinshi kubera ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorwa n’abasore bo mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD FDD b’Imbonerakure. Ibi ni bimwe mu byasohotse muri raporo y’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’impunzi (Irri), ngo abantu batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho baracyahohoterwa n’Imbonerakure, […]
Kid Gaju yashyize avuga icyo yapfuye na Muyoboke Alex
Hashize imyaka 3, humvikanye umwuka mubi hagati y’umuhanzi Kid Gaju n’umujyanama w’abahanzi Muyoboke Alex, uyu muhanzi yatangarije bwiza.com imvano y’ibibazo bye na Muyoboke, kuri we ngo ntagitangaje kirimo uretse ko ari itangazamakuru ryabikabibirije. Guhera muri Nyakanga 2014 kugeza uyu munsi ku ya 24 Kanama 2017, umuhanzi Kid Gaju ntiyari yagatangaje ukuri ku bibazo by’ubwumvikane bucye […]
Burundi: Umwana w’imyaka 14 yishwe atemeshejwe umuhoro na se wa bo
Umwana w’imyaka 14 utatangajwe amazina yiciwe muri komine Nyanza Lac, Intara ya Makamba atemeshejwe umuhoro. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru by’i Burundi, ni uko uwo mwana yishwe mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017, ucyekwa wanafashwe ni se wabo, icyo yaba yamuhoye kikaba kitaramenyekana. Igipolisi mu Ntara ya Makamba gitangaza ko uwo ukekwaho […]
Diamond yihakanye umwana Hamisa aherutse kubyara bakamumwitirira
Nyuma yo kuvugwaho kubyarana n’umuhanzi Diamond wo muri Tanzania, Hamissa Mobetto wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ‘Salome’ akagerekaho kwita umwana yabyaye amazina y’uyu muhanzi, amakuru agezweho ubu ni uko Diamond yihakanye uyu mwana akavuga ko ibi byose uyu mugore yabikoze ashaka kumwubakiraho izina. Uyu mugore yakunze kuvugwaho ko inda yari atwite yayitewe n’umuhanzi Diamond, ariko uyu […]
Uganda: Perezida Museveni yongeye amaraso mashya mu gisirikare (Amafoto)
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yongeye imihini mishya mu gisirikare (UPDF) abereye umugaba mukuru w’ikirenga. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, ni bwo abasirikare basaga ibihumbi 2 basoje amasomo bari bamazemo amezi agera ku 9, bahabwa imyitozo itandukanye ya kinyamwuga, imyitozo yaberaga mu nkambi ya Kaweweta mu karere ka Nakaseke. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi myitozo yari imaze […]
Guverinoma y'u Rwanda izakomeza ubufatanye bugamije kugeza ireme ry'uburezi mu mashuri yose- PM Murekezi
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yemeza ko Guverinoma y’ u rwanda izakomeza gufatanya n’ inzego bireba kugirango ireme ry’ uburezi rikomeze kugera mu mashuri hose kandi uburezi bukomeze kuba inkingi itajegajega y’ iterambere, bas hobora kwihangira imirimo. Minisitiri w’Intebe Anastase yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza guharanira uburezi bufite ireme kandi buganisha mu kwibanda ku bikenewe […]
Rusizi: Abayobozi b’amatorero barasabwa kwigisha no kuri gahunda zo kwiteza imbere
Ubuyobozi bw’itorero ‘Zion temple celebration center’ mu karere ka Rusizi buvuga ko inyigisho amadini n’amatorero yigishaga mu bihe byashize wasangaga zibanda ku by’umwuka gusa, ubu bakaba basabwa kwigisha abantu uburyo bwo kwiteza imbere aho gutegereza inkunga zizava ikantarange. Ibi byagarutsweho mu muhango wo kumurikira abakirisitu abapasiteri bashya 8, barimo abagabo 4 n’abagore babo, ku cyumweru […]
Nigeria: Umusore w’imyaka 27 yangiwe gusura umukecuru w’imyaka 72 bakundana mu Bwongereza
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka muri Nigeria yabujijwe n’inzego za leta zo mu gihugu cye kujya mu Bwongereza gusura umugore we baherutse gusezerana umurusha imyaka igera kuri 45. Aba bombi bamenyanye bahujwe n’urubuga rwa Facebook, barahura ndetse banakora ubukwe babana nk’umugore n’umugabo, ariko nyuma uyu mukecuru w’abana 6 asubira iwabo mu Bwongereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ntibyatinze […]
U budage: Perezida Trump yagereranyijwe na Adolphe Hitler
Ikinyamakuru cyo mu gihugu cy’u Budage, Stern cyagereranyije perezida w’Amerika, Donald Trump na Adolphe Hitler wahitanye imbaga y’Abayahudi mu binyejana byashize. Iki kinyamakuru cyasohoye inkuru kuwa kane tariki ya 24 Kanama, aho ku rupapuro rw’intangiriro rwa cyo hagaragaraho ifoto ya perezida Trump yifubitse ibendera ry’Amerika, arambuye akaboko mu nsuhuzanyo y’aba Nazi. Uretse iyo foto ya […]
Ese ujya urota ukora imibonano mpuzabitsina? Dore icyo bisobanuye
Abantu benshi bajya bibaza impamvu iyo baryamye barota bakora imibonano mpuzabitsina nyamara ntibamenye muby’ukuri ikiba kibyihishe inyuma. Igitabo LOVE SPELLS cyanditswe na Marianne Vicelich kivuga ko ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina bitewe n’ibyo uba wiriwemo ahanini usanga biba byinganjemo ibiganiro by’imibonano mpuzabitsina . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rimwe na rimwe hari igihe ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina […]
Koreya ya Ruguru yaratiye abanzi bayo umushinga w’ibisasu 2 iteganya kurasa
Koreya ya Ruguru isa n’iyahishuye amakuru yayo y’ibanga arebana n’umushinga ukomeye wo kurasa ibisasu bibiri bya kirimbuzi. Ni amafoto yagiye ahabona, bikekwa ko Koreya ya Ruguru itashakaga ko ajya hanze, agaragaza umugaba w’ikirenga w’ingabo, Kim Jong-un yasuye uruganda rukora intwaro arimo gusobanurirwa kuri uwo mushinga bateganya wo kurasa izo misile 2 zikomeye. Ayo mafoto yatangajwe […]
Impamvu 2 z’ingenzi buri mugabo akwiriye kuvugana n’umugore we mu gihe cy'akabariro
Imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye ikozwe neza buri wese akanyurwa ni isoko y’ibyishimo mu muryango. Ntago umugabo yaba yashimishije umugore we ngo bagirane ibibazo by’urudaca. Umugore ntiyaba yashimishije umugabo we mu gitanda hanyuma ngo ahindukire ngo amuce inyuma. Umugabo ntiyaba yafashije umugore we kugera ku byishimo bye byanyuma ngo yifuze abandi bagabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi […]
Angola : Hatowe Perezida mushya,Santos agumanye ijambo rikomeye
Uwari uyoboye Angola imyaka 38, José Eduardo dos Santos yavuye ku butegetsi, ariko azagumana ijambo mu miyoborere y’iki gihugu nk’umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi n’umugaba w’ikirenga w’ingabo na polisi. Mu binyacumi bine, ishyaka rya rubanda rigamije kubohora Angola(Mouvement populaire pour la libération de l’Angola-MPLA) niryo ribimaze riyobora Angola. By’umwihariko n’umuyobozi waryo Santos ni we wari […]
Naty Dread yakebuye abarebera abarasta mu ndorerwamo y’ikibi
Umuririmbyi w’umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya Reggae, Naty Dread, arakangurira Abanyarwanda bose kutarebera abarasIta mu ndorerwamo y’ibibi. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza, uyu muhanzi yakomoje ku muryango abarizwamo ry’abarasita, anavuga kandi ku misatsi itendera inyuma benshi bazi ku izina rya deredi ( Dread Rock ), kuri we ngo yakwifuza ko abantu basobanukirwa iby’iyi misatsi, […]
Rubavu: Abakora ku mupaka bahishuye ibanga ubucuruzi bwa magendu bukorwamo
Mu karere ka Rubavu hakunze kuvugwa ubucuruzi bukorwa ku buryo butemewe n’amategeko, bugaragara ku mupaka uhuza Congo n’u Rwanda, aho abenshi bibaza impamvu ubu bucuruzi bwa magendu budacika ahubwo ugasanga buriyongera umunsi ku wundi. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu baturage baturiye umupaka, bemeza ko biterwa nuko hagati y’ibihugu byombi nta mipaka igaragarira amaso […]