Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi

Hari hashize amezi atanu Meya w’umujyi wa Seattle Ed Murray w’imyaka 62 y’amavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba. Byose byatangiye nyuma y’aho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cy’uko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo n’uwo yari abereye nyirarume! [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu nkuru […]

Mbigente nte? Namufashije kwiga anyizeza ko tuzabana none yarangije kaminuza aranyanga.

Umukobwa twari tumaranye imyaka 3 dukundana, twakundanye atangiye kwiga Kaminuza none arayirangije. Mu rukundo rwacu twabanye neza twishimiranye cyane, naramufashije bishoboka, namutakaje ho amafaranga menshi cyane, namukodesherezaga inzu ku ishuri aho yabaga, yarampombeje pe! Kuko numvaga ndi kwikorera kandi naramukundaga n’ibiganiro twagiranaga wumvaga ko ariwe tuzarushingana bigatuma mwizera cyane nkamwimariramo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nsanzwe ndi umucuruzi […]

Imvura y’ibitego yiganje cyane mu itangira rya UEFA Champions league 2017/2018

Kuwa 12 Nzeri 2017, nibwo imikino ya UEFA Champions League 2017-2018 yatangiye, ni imikino ihuza amakipe y’i Burayi yabaye aya mbere iwayo. Umunsi wa mbere w’iyi mikino waranzwe n’ibitego byinshi ku makipe yabashije gutsinda, aya makipe yakinnye akaba agabanyije mu matsinda 4 ya mbere (A, B, C, D).   Dore uko imikino yo ku munsi […]

Rubavu: Bitwikira ijoro bakiba ibitoki by’abaturage bafatwa bagashaka kubatema

Abahinzi b’urutoki bo mu mirenge ya Rugerero, Rubavu, Nyamyumba na Kanama mu karere ka Rubavu, bahangayikishijwe bikomeye n’abantu batazwi bakeka ko ari abajura bitwikira ijoro bakiba ibitoki , ku buryo ngo byatangiye kubagiraho ingaruka ziterwa no guhinga hagasarura abatabiruhiye. Biragwira Simon, umuhinzi w’urutoki utuye mumurenge wa Rubavu ari naho bwiza.com yabashije gusura, ahamya ko ubu […]

Ushyukwa mu gitondo siko buri gihe aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Abagabo benshi bakunda kubyuka igitsina cyabo cyafashe umurego, nyamara siko bose baba bakeneye imibonano. Inzobere mu bumenyi bw’imibonano mpuzabitsina, Dr Catherine Solano ukora mu bitaro bya Cochin i Paris avuga ko ntaho bihuriye, ahubwo ko igitsina kiba cyaboneyeho umwanya wo kwirega ngo kikanafata akayaga. Bityo rero, nta mugore wagombye kwibaza ko kuba umugabo we abyutse […]

Soma ijambo ry'Imana ry’umunsi muri Yesaya 49:15-16

Iri jambo rihumuriza abababaye ndetse n’abarushye rikabasubiza imbaraga. Mu mirongo ibanziriza uyu murongo, hagaragara amagambo yo kwiganyira by’umwihariko akaba anagaragara mu gitabo cya yesaya mwene Amosi gikubiyemo ibyo yeretswe ku ngoma ya Uziya no ku ya Yotamu, no ku ya Ahazi no ku ya Hezekiya abami b’Abayuda, ibyo yerekwaga ku Buyuda no ku b’i Yerusalemu. […]

Ibyo Kagame agomba kuzitaho muri iyi manda: Kumva abanenga no kubabarira Inkotanyi zatannye- Dr Kayumba

Dr Kayumba Christopher, umwarimu muri Kaminuza akaba n’umusesenguzi mu bya Politiki asanga iyi myaka irindwi Kagame yatorewe yagombye kwita ku mbogamizi ebyiri: Kumva abanenga no kubasubizanya ibimenyetso, no gutega amatwi abahoze ari Inkotanyi bagatana, nyamara bakaba banafite ubushake bwo gusaba imbabazi. Mu nkuru Dr Kayumba yanyujije mu kinyamakuru The East African, ntiyumva ukuntu abanenga Leta […]

Uganda na Tanzania bigiye gukorwaho iperereza ku kudashyigikira ibihano byahawe Koreya ya Ruguru

Tanzania na Uganda ni bimwe mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika biri gukorwaho iperereza n’umuryango w’Abibumbye ku mikoranire ya byo ya hafi na Koreya ya Ruguru ishobora no kuba intandaro zo gushaka kuvuguruza ibihano yahawe. Ibi ni ibyagaragaye muri raporo y’akanama k’umutekano muri UN yasohotse kuwa 9 Nzeri, raporo yibanda cyane ku bihano biherutse n’ibyenda […]

Naty Dread agiye gushyira hanze amashusho agaragaramo akina ari YESU w’umwirabura

Umuhanzi uririmba mu njyana ya Reggae, Naty Dread aravuga ko agiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo atifuje gutangariza izina, aho azagaragaramo ari Yesu w’umwirabura ndetse ngo hazaba harimo intumwa za Yesu nazo ari abirabura. Mu kiganiro yagiranye na bwiza.com, Naty yavuze ko mushinga w’iyi ndirimbo, yarafite gahunda yo kuwushyira hanze mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kamena, ariko […]

EAC: U Burundi bwanze kwitabira inama y’abayobozi b’ingabo zishinzwe iperereza irimo kubera mu Rwanda

Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza mu bihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bahuriye i Rubavu mu nama y’iminsi itatu, igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bwo kubumbatira umutekano ,no guhana amakuru uko umutekano uhagaze muri rusange no kubahiriza ubusugire bw’ibihugu, igihugu cy’u Burundi ntikiri mu byitabiriye. Uhagarariye ubunyamabanga bw’inzego za gisirikare muri EAC , Col. James Barigye Ruhesi […]

Umugabo twashakanye nasanze afite inzoka mu nzu yakundwakaje, nabuze uko mucika- Nkore iki?

Muraho, ndi umukunzi w’iki kinyamakuru bwiza.com, ndagisoma amanwa n’ijoro, nkunda aya makuru ya nkore iki mucishaho abandi bagisha anama, ni yo mpamvu na njye nifuje kubagezaho ikibazo nahuye na cyo ngo mumfashe. Imyaka 2 irabura amezi 3 ngo yuzure, umugabo wa njye twabanye mukunda kandi na we abingaragariza, ni umukire ku buryo yubashye muri karitsiye, […]

Jenoside yakorewe Abatutsi: Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi z’igice- Ndorimana Jean

Uwahoze ari umupadiri muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda; Jean Ndorimana abona ko uburyo Kiliziya Gatolika mu Rwanda ihagaze byose bigendanye n’ amakosa akomeye yakoze mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Agashimangira ko imbabazi yasabye ari igice. Jean Ndorimana w’imyaka 65 wahoze ari umupadiri mu myaka ya 1980-2009, akaba afite impamyabumenyi y’ikirenga (Doctorat), mu […]

Ruhango: Ubuyobozi bw’akarere bwahosheje amakimbirane yari mu bacukuzi b’umucanga

Hagati y’abacukuzi b’umucanga mu karere ka Ruhango, havugwagamo amakimbirane, amwe ashingiye ku kuba bamwe bacukura nta byangombwa bafite abandi na bo bagacukura babifite. Aya makimbirane kandi yaranashingiye ku kuba bamwe batemeraga komite yari yaratowe ibahagarariye, bakavuga ko iyi komite itigeze itorwa, abandi nabo bakavuga ko yatowe ubwo bakoraga inama yari yabahuje dore ko ubuyobozi bw’iyi […]

Abantu basigaye bamuyoberwa nyuma yo gutakaza ibiro bisaga 400 (Amafoto)

Umugore witwa Amber Rachdi avugwaho kuba ari we mugore wabashije kugira ibiro byinshi afite imyaka micye kurusha abandi babayeho. Uyu munyamerikakazi avuga ko yatangiye kubyibuha cyane kuva afite imyaka 5 gusa aho yapimaga ibiro bisaga 160. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mugore yiyongeraga mu biro umunsi ku wundi, ibi ngo akaba yarabitewe cyane no gukunda […]

Uganda: Abadepite bemeje ko ingingo igena imyaka ntarengwa y’uwiyamamariza kuyobora igihugu ikurwaho vuba

Inteko ishinga amategeko ya Uganda yemeje ko mbere y’uko igihugu cyinjira mu bikorwa byo kwizihiza umunsi w’ubwigenge, ingingo igena imyaka uwiyamamariza kuyobora igihugu agomba kuba atarengeje iba yamaze gukurwa mu gitabo cy’Itegekonshinga. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 12 Nzeri 2017, nibwo abadepite bo mu ruhande rw’ishyaka riri ku butegetsi NRM bemeje ko ingingo […]

Niba urangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, dore inama wakurikiza ugaca ukubiri na byo

Rimwe na rimwe usanga hari abagabo benshi bamara igihe gito ugereranije n’igiteganyijwe mu gihe batera akabariro. Mu gihe ibi biba inshuro nke ntibyakagombye guhangayikisha umuntu cyangwa kumutera ipfunwe kuko hari byinshi wakurikiza mu gihe ufite iki kibazo cyo kurangiza vuba mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina. Abahanga mu bijyanye n’ ubuzima bw’ imyororeke bemeza ko ibi […]

Nta muntu ufite mu mutwe hazima ushobora kugenda ngo agure ikintu nka kiriya- Rujugiro

Rujugiro Ayabatwa Tribert ufite inyubako ya UTC igiye gutezwa cyamunara kubera kutishyura imisoro yavuze ko atizeye ko hari ushobora kugura iyo nyubako azi ibibazo afite. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi rya Amerika ku wa Kabiri tariki ya 12 Nzeri 2017. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) giherutse gushyira ahantu hatandukanye amatangazo ahamagarira abantu […]

Perezida Trump arasabwa guhosha amakimbirane ari hagati ya Kompanyi Boeing na Bombardier

Perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika arasabwa guhosha ibibazo biri hagati ya Kompanyi zikora indege, imwe yitwa Boeing CO yo muri USA na Bombardier yo muri Canada ariko inafite inganda muri Irlande. Hashize umwaka , Kompanyi y’inya Canada, Bombardier yazobereye mu byo gukora indege ,igiranye ubucuruzi bw’indege za yo n’indi ya Delta Air […]

Umushinwakazi yaciye agahigo ko kugira ingohe ndende ku isi

You Jianxia, ni umugore w’imyaka 49 y’amavuko, yaciye agahigo ko kuba ari we muntu ufite ingohe ndende kurusha abandi bantu bose bo ku isi aho ize zifite santimetero 12,4. Uyu mugore atuye muri Shangai mu gihugu cy’Ubushinwa, ingohe ze ni ndende ku buryo zimanuka zikagera ku munwa wo hepfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru The Independent, bwiza.com […]

Komisiyo CNIDH yanenze raporo ya Loni ishinja ubutegetsi bw’u Burundi kwica abasivili

Komisiyo y’igihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu Burundi CNIDH yanenze ibintu bitari bike biri muri raporo iherutse gutangazwa n’inzobere za Loni. Iyo raporo yerekeye ibyakozwe mu Burundi kuva muri Mata 2015, ubwo habaga igikorwa cyo kugerageza kuvanaho ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza. CNIDH yanamenyesheje kandi ko harimo ibyo ushima ukabona ko icyo cyegeranyo kidakwiye kuba […]

Inama y’Abaminisitiri yemeje intego zikubiye muri Gahunda y’Igihugu y’Imyaka 7

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye ku wa Kabiri tariki ya 12 yagejejweho Intego zikubiye muri Gahunda y’Igihugu y’Imyaka irindwi [7 (2017-2024)] y’impinduka zo kwihutisha iterambere (National Strategy for Transformation) irayemeza imaze kuyikorera ubugororangingo. Iyo gahunda ntiyahise itangarizwa Abanyarwanda kuko Itegeko Nshinga rigena ko Minisitiri w’Intebe ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama n’abandi bagize Guverinoma. Bitarenze iminsi […]