Perezida Museveni yakoze impinduka mu gisirikare cya Uganda, UPDF
Perezida Yoweli Museveni yakoze impinduka mu gisirikare cya Uganda, UPDF cyane cyane mu nzego z’ubuyobozi, aho Brig Dickson Prit Olum yasimbujwe uwitwa Kyabihende ku buvugizi bw’ingabo za UPDF ziri I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu Olum na we biteganyijwe ko agomba gusimbura Brig. Geoffrey ‘Taban uherutse kwitaba imana mu kwezi […]
Abo kwa Rwigara bavuze ko badasobanukiwe n'ibyaha bashinjwa, basaba ko urubanza rusubikwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ukwakira 2017, urukiko rukuru rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza ruregwamo umuryango w’abo kwa Rwigara barimo umugore we Adeline ndetse n’abakobwa be 2 ari bo Diane na Anne Rwigara, aho ubunganira yasabye ko uru rubanza rwakongera gusubikwa ndetse bikubahirizwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uru rubanza rwari rwitabiriwe n’imbaga […]
Intambara idasanzwe hagati y'igisamagwe n'Ingona yasize kimwe kivuganye ikindi (Amafoto)
Mu mugezi wo mu gihugu cya Brazil abakerarugendo baherutse gukurikira intambara hagati y’igisamagwe n’ingona yo mu bwoko bwa Caima, gusa uyu murwano ukaza kurangira igisamagwe kiyivuganye ndetse kikayijyana mu bihuru kuyirya. Uyu mufotozi Chris Brunskill avuga ko yategereje iyi mirwano yamaze hafi iminota 20 inyamaswa ziri kwigaragura zikava mu mazi kugeza imwe ijyanye indi mu […]
Nigeria: Hadutse icyorezo cy’indwara iterwa n’inkende gishobora koreka imbaga
Guverinoma ya Nigeria iratangaza ko ihangayikishijwe n’indwara idasanzwe bivugwa ko iterwa no kubana, kurya no gukina n’inkende ariko by’umwihariko ikaba igoye kuyivura ndetse ikaba idakingirwa. Guhera mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo abantu bo mu gace ka Bayelsa bagera kuri 16 bajyanywe ku bitaro bya Niger Delta University babyimbagatanye umubiri wose kubera ibiheri bise Monkey […]
Rukundo, ni umusore w’imyaka 27, ibiro 75, arashaka umukobwa bakundana
Muraho nitwa Rukundo Jams , nkora muri RWANDA AIRWAIYS SERVICES mfite imyaka 27 ,ndi umusore wi bigango biri murugero mpima ibiro 75 ndi muremure biri mu rugero .ntuye ku RUYENZI mfite impamya bushobozi ya A0 ndashaka umukobwa cyangwa umugore dukundana wujuje ibi bikurikira – kuba afite gahunda yarushinga vuba – kuba yankunda byukuri bifite gahunda […]
Gakenke: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gatonde bataka ubuke bw’amazi atuma bavoma ibishanga
Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gatonde giherereye mu Murenge wa Mugunga ho mu karere ka Gakenke barasaba ko bakongererwa amazi, bagakira imvune baterwa n’urugendo bakora bajya kuyashaka mu bishanga bikikije iki kigo ndetse no kwirinda ko barwara indwara ziterwa n’umwanda. Uretse urugendo bakora rushobora kugera ku isaha kugenda no kugaruka, bavuga ko kurwaza umuntu muri […]
RDC: Abantu 20 baburiwe irengero nyuma y’imirwano ikaze hagati ya FARDC na ADF
Mu mpera z’icyumweru gishize, imirwano idasanzwe hagati y’ingabo za repubulika iharanira demokarasi ya kongo FARDC ndetse n’iza ADF yabereye mu Burasirazuba bw’igihugu yasize abasaga 20 biganjemo abasivili baburiwe irengero mu mpera z’icyumweru gishize. Iyi mirwano yabaye ejo ku cyumweru tariki ya 8 Ukwakira 2017, ikaba yarabereye mu gace ka Beni. Ingabo za ADF zishinjwa na […]
Rwamagana: Mudugudu arashinjwa kwiguriza no kunyereza amafaranga y’itsinda ry’abaturage
Abaturage bo mu mudugudu wa Bigabiro mu kagari ka Cyanya mu murenge wa Kigabiro ho mu karere ka Rwamagana, barashinja umuyobozi w’umudugudu, Nsengiyumva Tharcisse, kunyereza amafaranga yabo ibihumbi 317 ndetse no kwiguriza asaga ibihumbi 200. Abaturage bavuga ko bagize igitekerezo cyo gushyiraho itsinda ribafasha kwikemurira ibibazo, baryita “ Dutabarane ” kuva muri Mata 2017 ntabwo […]
Perezida Museveni yikomye abaturage bamara igihe kinini mu masengesho aho kukimara bakora
Perezida wa Uganda, Yoweli museveni yasabye abaturage bo mu gihugu cye ko bakongera imbaraga mu gukora kurusha uko bazongera mu masengesho, aho baba bumva ko Imana ishobora kubakorera ibitangaza kandi bo nta cyo bakoze. Ibi perezida Museveni yabitangaje mu gikorwa cy’amasengesho cyari cyareguwe n’Inteko ishinga amategeko ya Uganda ku nshuro ya 19, aho yabibukije ko […]