Musanze: Abaturage ntibishimiye imiterere y’ubwiherero butondetse ahanyura ba mukerarugendo

Abagera muri Musanze bemeza ko ari umujyi wa Kabiri ufite ibikorwaremezo byinshi nyuma y’uwa Kigali, nyamara ariko hari abibaza ku isura bamukerarugendo b’abanyamahanga basigarana ku Rwanda iyo barebye imiterere y’ubwiherero n’inzu bigaragara mu nzira bacamo hafi ya pariki y’igihugu y’Ibirunga n’abaturage ubwabo bavuga ko bitabashimishije. Uwo mujyi ugizwe n’inzu ziri ku buso bunini n’imihanda ikoze […]

Amahoro n’icyubahiro by’igihugu cyacu tubikesha ibitwaro bya kirimbuzi-Kim Jong Un

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong aherutse kurata ubuhangange bw’igihugu cye n’uburyo kigaragara mu ruhando rw’ibindi bihugu ku isi avuga ko ibyo byose kibikesha kuba gikoresha ibitwaro bya kirimbuzi. Ni mu kiganiro yagiranye na komite y’abanyamuryango b’ishyaka ry’abakozi mu gihugu cye mu mpera z’icyumweru gishize, aho yavuze cyane ko kuba Koreya ya Ruguru igaragara […]

Gareth Bale yarase amahirwe yo kuzakina imikino y’igikombe cy’Isi 2018

Icyamamare mu mupira w’amagaru, Gareth Bale ukomoka mu gihugu cya Wales akanakinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, ntabwo azakina imikino y’igikombe cy’isi 2018 kizabera mu Burusiya nyuma yaho ikipe yabo itsinzwe n’ikipe y’igihugu cya Ireland igitego kimwe ku busa (1-0). Ubwo ikipe y’igihugu ya Wales, Gareth Bale akinira yarimo yitegura umukino uzayihuza na […]

Gen. Muhoozi yayoboye operasiyo idasanzwe ya gikomando ifata ibikoresho bya girisikare mu baturage

Operasiyo idasanzwe yari igizwe n’umutwe wa gisirikare na polisi ushinzwe kurwanya iterabwoba, diviziyo ya 4 n’iya 5 gisirikare ndetse n’urwego rushinzwe ubutasi, yakozwe ifata intwaro n’imyenda bya gisirikare mu baturage. Ni Operasiyo yari iyobowe na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu w’imfura wa Perezida Museveni, yakozwe mu turere(districts) twa Pader, Otuke, Lira na Soroti two muri Uganda, […]

Gen. Ngendanganya Generose, ni umurundikazi warwanye urugamba rw’ishyamba unafite ipeti ryo hejuru

Ngendanganya Generose, ni umwe mu bagore bo mu giporisi cy’u Burundi, ufite ipeti ryo hejuru, yabaye umusirikare anarwana urugamba rw’ishyamba. Gen. Generose Ngendanganya, ni umwe mu bagore babiri gusa bafise ipeti rya jenerali mu gipolisi cy’u Burundi, mu buyobozi akaba ari umuyobozi mukuru w’ubutegetsi Ushinzwe no kubungabunga umutungo (la Directrice Générale de l’Administration et Gestion) […]

Dore ibice bidakinishwa ku mubiri w'igitsina gore

Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku muntu w’igitsina gore bikaba ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y’igitsina gabo iyo abikozeho agahita yumva […]

Amerika na Turukiya byahagaritse imigenderanire

Leta zunze ubumwe z’Amerika na turukiya byatangaje ko bihagaritse ibikorwa byo kugendererana, aho nta muturage w’Amerika wemerewe icyangombwa kimujyana muri Turukiya kimwe n’uko nta muturage wa Turukiya kuri ubu ushobora kubona icyangombwa kimujyana muri Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwanzuro ufashwe n’impande zombi aho bavuga ko bitewe n’ikibazo cy’umutekano mucye hagati y’ibi bihugu, ndetse no kuba […]

Uganda: Bamwe bizihije isabukuru y’ubwigenge, abandi bari mu myigaragambyo n'ibindi (Mu mafoto)

Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 9 Ukwakira, abaturage bo muri Uganda n’abayobozi babyukiye mu bikorwa byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge y’imyaka 55 igihugu kimaze kigobotoye abakoloni. Gusa abaturage benshi mu duce dutandukanye twa Uganda, bizihije uyu munsi mu buryo butandukanye, aho bamwe bayizihije mu buryo bw’imyigaragambyo yamagana impinduka mu itegekonshinga, abandi bakabyizihiza bibereye mu […]

Gakenke: Abaturage basanga akarere karaberewe ku mwanya kabonye mu mihigo

Abaturage batuye mu mirenge itandukanye y’akarere ka Gakenke bavuga ko bahereye ku buke bw’ibikorwaremezo biri aho batuye, batemera umwanya babonye wa kane mu itangazwa ry’imihigo y’umwaka ushize w’ingengo y’imari. Ababivuga ni abo mu mirenge ya Busengo, Cyabingo, Mugunga, Busasa na Janja. Bimwe mu byo baheraho ni ibikorwaremezo bavuga ko ari bike muri iyo mirenge. Ku […]