Babyeyi! kwigisha abana bacu niwo murage dukwiye kubasigira- Jeannette Kagame
Iyi ntero yashimangiwe na madamu Jeannette Kagame ubwo yitabiraga umuhango wo gutaha ibyumba by’amashuri no gushyikiriza impamyabumenyi abanyeshuli ba Maranyundo Girls School. Mu muhango wabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera aho iri shuri riherereye, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo 2017, mu ijambo yagejeje ku bari bawitabiriye n’abandi babyeyi muri rusange, madamu […]
Urugendo rw’ iminsi 11 rwa Perezida Trump muri Aziya ruhatse iki?
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 agiye kugirira ku mugabane wa Aziya rukaba rubaye urwa mbere rurerure kurusha izindi abakuru b’ igihugu cya Amerika bakoreye muri ako karere mu myaka 25 ishize. Muri uru ruzinduko Trump arasura ibihugu by’ u Buyapani, Korea y’Epfo, u Bushinwa, Vietnam na Philippines […]
Kera kabaye Safi Madiba yiyomoye kuri bagenzi be muri Urban Boys
Nyuma y’uko Safi Madiba afashe indege yerekeza mu gihugu cya Uganda gufata amashusho y’indirimbo bivugwa ko yakoranye na Meddy ari naho byatangiye kumenyekana ko yaba yitandukanyije na bagenzi be, akagumya kubigira ibanga, kuri ubu asa nkaho yeruye ko atakiri muri Urban Boyz. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Humble G, umwe mu bari bagize iri tsinda yashyize hanze itangazo […]
Abantu 34 bakatiwe igihano cy’urupfu bazira guhohotera abafite ubumuga bw’uruhu
Inkiko zinyuranye muri Tanzania zakatiye abantu 34 igihano cy’ urupfu nyuma yo kwica abafite ubumuga bw’uruhu 34 hagati y’ umwaka wa 2006 na 2016. Muri Tanzania haravugwa abantu bagera kuri 67 bacyekwaho kubica kandi bafitanye amasano ya hafi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mwaka wa 2008 wonyine, abafite ubu bumuga 19 barishwe, bivugwa ko bafite imbaraga zidasanzwe […]
Ku myaka 70, Nyirabahire nta kizere afite cyo kuzajya mu ijuru napfa atabonanye na Perezida Kagame
Nyirabahire Marie Rose w’imyaka 70 y’amavuko, atuye mu kagari ka Nyabugogo, umurenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge, umujyi wa Kigali, arashima Perezida Kagame wunze Abanyarwanda, ahora yifuza kuba yahura na we. Ni umukecuru bigaragara ko ari umusirimu, afite isuku ku mubiri no ku myenda yambaye, yambaye ishapure mu ijosi bigaragaza ko ari umukiristo na […]
Impamvu 3 z'ibanze zituma abagore badasaba gukora imibonano mpuzabitsina kandi babishaka
Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hari bimwe mu bimenyetso bigaragara ku mpande zombi, gusa akenshi abagore ntibakunze kubwira abagabo babo ko bashaka gukora imibonano mpuzabitsina, gusa bakagira ibimenyetso byihariye bakoresha babigaragaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuba ubusanzwe bagira isoni: Bikunze kugaragara ko akenshi igitsina gore kigira isoni byagera ku ngingo yo gutera akabariro bigahumira kumurari ikaba impamvu ikunze […]
Beni : Inyeshyamba za ADF zagabye igitero ku birindiro bya FARDC
Urusaku rw’ amasasu y’ intwaro zikomeye rwaraye rwumvikanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 mu Karere ka Rwenzori kari mu nkengero z’ Umujyi wa Beni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wa FARDC , Lt Jules Ngongo yahise atangaza ko hari agatsiko k’ ingabo za ADF/NALU katurutse mu duce […]
Rubavu: Imanza Gacaca 190 ntizirarangizwa
Abahagaranira inyungu z’abarokotse jenoside mu karere ka Rubavu, bavuga ko hakiri imanza za gacaca 190 zitararangizwa n’inzego zibishinzwe. Murizo ngo izishobora kurangizwa ni 69 gusa, kuko izindi ari iz’abadafite ubushobozi bwo kwishyura, abapfuye n’abahunze. Ubwo itsinda ry’abasenateri bagize komisiyo y’ububanyi n’amahanga ,ubutwererane n’umutekano ryasuraga aka karere, ryagaragarijwe ko bagaragarijwe ko hakiri imanza zaciwe n’inkiko Gacaca […]
Byinshi wamenya ku Kigo NASA cy’Abanyamerika cyazobereye mu by’ikirere n’isanzure
Niba hari ikigo ku isi gifite icyubahiro, igitinyiro kandi kizwi ko gikoramo abantu b’intiti n’inzobere kurusha ibindi bigo byose ku isi, uwavuga ko ari NASA, ntiyaba akabije. Ubusanzwe NASA, ni impine n’amagambo y’icyongereza , asobanuye ko ari Ikigo cy’ubushakashatsi gishinzwe iby’Isanzure n’Ikirere hamwe n’ibikoresho bikenerwayo [ National Aeronautic and Space Administration ], iki Kigo kikaba […]
Revolisiyo y’ Abarusiya yatumye Afurika iharanira ubwigenge
Mu Burusiya, abaturage bari bibumbiye mu mashyirahamwe y’ ubuhinzi bayobowe na Vladimir ILLYCH Lenin, bifashishije ibitekerezo byabo n’ imbaraga bashoboye kwigobotora ingoma ya cyami yari yarabakandamije kugeza ubwo bashinze Repubulika y’ Abasoviyeti ku itariki ya 17 Ukwakira 1917. Iyi ntsinzi y’ abaturage b’ abahinzi yabyaye ubukominisiti yamamaye Isi yose ariko itera Misiri akanyabugabo kugeza ubwo […]
Burundi: Sosiyeti sivile iranenga abadepite ibashinja kwaka ruswa
Perezida w’ ishyirahamwe OLUCOME , Gabriel Rufyiri yatangaje ko amafaranga yakusanyijwe n’ Ishyirahamwe ry’ Amabanki agahabwa abakinnyi b’ Inteko Nshingamategeko ari ruswa. Mu itangazo yacishije mu bitangazamakuru bitandukanye, Rufyiri yagize ati “ Iki gikorwa cyakozwe n’ iri shyirahamwe bihabanye n’ amasezerano mpuzamahanga ya Loni kuko bifatwa nka ruswa yeruye ”. Kubwa Gabriel Rufyiri, amashyirahamwe y’ […]
Muhanga: Imiryango 20 muri 754 yamaze kwimurirwa mu mudugudu w’ikitegererezo wa Horezo
Akagari ka Muvumba kari mu murenge wa Nyabinoni, mu karere ka Muhanga, ni akagari kagizwe n’imidugudu 3 yose ikaba iri mu manegeka, biteganijwe ko abahatuye bose bagomba kwimurwa bagatuzwa mu mudugudu w’icyitegererezo wa Horezo, kugeza ubu imiryango 20 muri 754 izimurwa yamaze kuwutuzwamo. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyabinoni, Ndejeje Francois Xavier avuga ko aka kagari […]