USA: Umuhungu wa Dr Leopold Munyakazi ufungiye mu Rwanda yaba yiyahuye
Amakuru aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko kuri uyu wa gatanu ushize, Nyirinkwaya Herve, umuhungu wa Dr Leopold Munyakazi ufungiye mu Rwanda akurikiranweho uruhare muri jenoside, yasanzwe mu nzu yitabye Imana, iruhande rwe hari imbunda bikekwa ko yakoresheje yiyahura. Uyu musore w’imyaka 29 wari utuye muri Leta ya Carolina y’Amajyaruguru, yari afite […]
Ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko rw'u Rwanda gikomeje gufata intera
Leta y’u Rwanda iravuga ko mu myaka irindwi iri imbere izateza imbere urwego rw’uburezi mu mugambi wo kugira ubukungu bw’igihugu bushingiye ku bumenyi. Icyakora imibare y’abarangiza mu mashuli yisumbuye, amakuru na za kaminuza ntibabone icyo gukora ikomeje kwiyongera. Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yizeje abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi ko iki kibazo bazakibonera umuti. Ari […]
Sudani y’Epfo: Perezida Salva Kiir yirukanye uwari minisitiri w’imari wungirije
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yirukanye minisitiri w’imari wungirije, Mou Ambrose Riiny Thiik, nyuma y’iminsi micye uyu yemeye ku mugaragaro ko guverinoma idafite amafaranga yo guhemba abakozi bal eta. Itangazo ry’iyirukanwa rye rikaba ryatangajwe kuri televiziyo ya Sudani y’Epfo, SSTV, kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri urwo rwego, perezida wa sudani y’Epfo mu […]
Uko amakipe y’ibihugu azahura mu Gikombe cy’Isi cya 2018
Ibyavuye muri tombola y’uko amakipe y’ibihugu azahura mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2018 izabera mu Burusiya byashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu ushize I Kremlin mu Burusiya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko amakipe azahura: Itsinda A : Russie, Arabie Saoudite, Egypte, Uruguay Itsinda B : Portugal, Espagne, Maroc, Iran Itsinda C : France, Australie, […]
Rulindo: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 5 y'abantu bishwe muri jenoside
Kuri uyu wa gatandatu, itariki 02 Ukuboza 2017 imibiri itanu y’ abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu Mirenge ya Mbogo, Rusiga, Shyorongi na Tumba yashyinguwemu cyubahiro mu rwibutso rwa Jenoside rwa Rusiga mu Karere ka Rulindo. Ni igikorwa cyabanjirijwe no gusabira izo nzirakarengane ndetse n’ abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushumba w’ […]
Ubutegetsi ntibuhererekanwa nk’ibicurane — Perezida Museveni
Mu nama yagiranye n’abagize inama njyanama y’Umujyi wa Kampala bitabiriye amahugurwa y’icyumweru y’imiyoborere ahitwa Kyankwanzi nubwo bari batewe ubwoba n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, akaba yabakiriye ku ngoro ye I Entebbe bagera kuri 200, perezida Museveni yababwiye ko ubutegetsi budahererekanwa nk’ibicurane. Mu ijambo yabagejejeho Museveni yavuze ko abo batekereza ko ubuyobozi ari nk’ibicurane bifata umuntu bizabashyira mu […]
Ndota kuzasubira mu Rwanda umunsi umwe, atari nk’umwami uri mu buhungiro, ahubwo nk’umwami — Yuhi VI Bushayija
Uwiyita Umwami w’u Rwanda, Yuhi Vi Bushayija ngo ni umufana ukomeye w’Umwamikazi w’u Bwongereza, ndetse ngo yaba ari n’umwe mu bagaragu be nawe w’umwami. Ibi Yuhi Vi Bushayija uvuga ko afite inzozi zo kuzagaruka mu Rwanda nk’umwami, yabitangaje mu kiganiro yagiranye na The Sunday Times yo mu Bwongereza. Muri iyi nkuru yacyo, iki kinyamakuru cyavuze […]
Rusizi: Abagize itsinda Tugende heza Gitambi boroje bagenzi babo 23 batagiraga itungo
Itsinda Tugende heza Gitambi rigizwe n’abanyamuryango 43 barishinze bagamije kwikura mu bukene rikaba rimaze umwaka rikorera mu kagari ka Gahungeri muri uyu murenge wa Gitambi mu karere ka Rusizi,abarigize ngo batangiye kuzamurana borozanya amatungo magufi,kuko batangiye abenshi muri bo nta tungo bafite. Iri tsinda nk’uko bamwe mu barigize babibwiye Bwiza.com, ngo babonye bagiye kuzahazwa n’ubukene,imiryango […]
RDC: Gen Mundos wa FARDC arashinjwa kugerageza gushinga umutwe w’inyeshyamba
Urubanza rw’abakekwaho kuba mu mutwe wa ADF n’abo bafatanya bashinjwa kwica abasivili I Beni muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa gatanu ushize, itariki 01 Ukuboza rwarakomeje urukiko rwa gisirikare rwumva abatangabuhamya bashinja n’abashinjura komanda wa bridage ya 31 y’ingabo za FARDC ushinjwa nawe kugira uruhare muri ubwo bwicanyi. Umwe mu batangabuhamya witwa […]