Inzego zâ ubutasi zâ u Bufaransa zishinjwa guhitana abaperezida 22 ba Afurika
Kuva muri 1963, Abaperezida 22 ba Afurika barishwe u Bufaransa bugatungwa agatoki ko bubyihishe inyuma, ko bubaziza kutubahiriza amasezerano bagiranye ndetse banabangamira inyungu zâ iki gihugu cyâ igihangange. Ibi bikorwa byâ ubugome byagiye bikorerwa aba baperezida bo ku mugabane wa Afurika bishinjwa inzego eshatu zâ ubutasi zifite ubunararibonye mu guhirika ubutegetsi (Coup- dâ Etats). Izo […]
CECAFA : Amavubi amaze gutsindwa imikino 2 ikurikirana
Mu mukino ufungura CECAFA 2017, Amavubi yatsinzwe na Kenya 2-0, umutoza Hey afata umwanzuro wo guhindura ikipe yose ku mukino ukurikira, gusa ntiyahiriwe kuko Zanzibar kuri uyu wa 5 Ukuboza 2017, atsinzwe na Zanzibar 3-1. ku isaha ya saa saba nâigice zo mu Rwanda, nibwo umugande Alex Muhabi yatangije umukino kuri Kenyatta Stadium, amavubi yatangiye […]
Ruhango: Umwana ufite ubumuga bwo mu mutwe, ahohoterwa n'umuhisi n'umugenzi
Mugisha Thierry, umwana w’imyaka 9, w’imfura mu muryango wa Gatete Alexis na Bampire Euthalie,batuye mu mudugu wa Giticyuma ,mu kagari ka Mwendo, umurenge wa Mbuye,mu karere ka Ruhango, yavukanye ubumuga bwo mu mutwe, abereye umutwaro ababyeyi bamubyara ndetse n’abaturanyi b’uyu muryango. Nk’uko bitangazwa na Bampire Euthalie nyina umubyara, ngo uyu mwana nyuma yo kubona ko […]
Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare kigishije abana gusoma ibipimo by'ubukungu n'imibereho myiza
Ku wa kabiri tariki ya 5 Ukuboza 2017, Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda cyateguye ku nshuro ya gatatu igikorwa cyo kwigisha abana gusoma ibipimo by’ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage hifashishijwe ibyavuye mu bushakashatsi bunyuranye, nk’uko bigenda bishyirwa ahagarara n’iki kigo. Ikigamijwe muri iki gikorwa ni ugufasha abana kubasha gusobanukirwa n’iterambere ry’igihugu cyabo hakoreshejwe ibipimo by’ibarurishamibare byashyizwe […]
Amafoto utabonye yaranze igitaramo Young Grace yakoreye i Rubavu
Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2017, umuraperikazi Young Grace yamuritse umuzingo we (Album) wa kabiri yise â20 Ă Â 22â i Rubavu ku ivuko, maze kitabirwa ku rwego rushimishije dore ko yari ashyigikwe n’abandi bahanzi barimo Aime Blueston, Sintex, Marina , Ama G the Black ndetse n’abandi batandukanye bo mu karere ka Rubavu. [xyz-ihs […]
Musanze: Abarimu bakoresheje ibizamini bya Leta baribaza impamvu batishyurwa
Mu Karere ka Musanze, abarimu bakoresheje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange (Tronc- commun) ndetse nâ ayisumbuye, bavuga ko batishyuwe kandi bari basanzwe basoza akazi bishyurwa. Bamwe bavuga ko mu masezerano yâ akazi ko kugenzura (Surveillance) uko ibizamini bya Leta bikorwa, bagombaga kubona amafaranga yabo akazi kakimara gusozwa ariko si ko byagenze. Mu […]
Umukirisito utunze indirimbo muri telefoni ye atarayiguze na nyirayo, ni umujura- Past. Munishi
Umuhanzi akaba na Pasiteri, Munishi Faustin, yabwiye abakirisito batunze indirimbo z’abahanzi muri telefoni zabo bataraziguze na banyirazo ko ari abajura, ndetse ko bakwiye kwihana icyaha cyo kwiba. Ku Cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2017, kuri Dove Hotel, nibwo Pasiteri Faustin Munishi, umuririmbyi ukomoka mu igihugu cya Kenya, yatangaje ibi, yaje gufatanya nâumuhanzi Timamu Jean Baptiste […]
Nasuye umusore turaryamana ansaba ko mpaguma, twari tumaranye ukwezi none yancitse- NKORE IKI?
Mbere na mbere mbanje kubasuhuza, ubu mbasuhuza mfite nâikibazo nkaba mbagisha inama. Mu kwezi gushize, nibwo nasuye umusore wâinshuti yanjye, aba muri Kigali, nibwo bwa mbere nari musuye ariko ndabona urwo yambwiraga ankunda ndabona rwarangiye. Ubwo naramusuye tugirana ibihe byiza, biba ngombwa ko ansaba ko twagumana, anyereka imishinga myinshi yâuburyo tuzakoramo ubukwe, ko atari ngombwa […]
Bujumbura: Abantu batanu bakomerekejwe na gerenade
Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza 2017 , ahagana saa moya, nibwo muri zone ya Bwiza iherereye mu Mujyi wa Bujumbura, hatewe gerenade ikomeretsa abantu 5. Ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Polisi yâu Burundi yemeje aya makuru, ivuga ko iyo gerenade yatewe ahasanzwe haparika imodoka zitwara abagenzi hazwi ku izina […]
Ingingo z'ibanze umukobwa uri mu rukundo akwiye kumenya ku musore bakundana
Ubusanzwe gukunda ni ibintu biba ku muntu bitewe nâ ibyiyumviro bye akumva akunze umuntu runaka. Gusa buri wese yifuza kuba yakundwa urukundo nyakuri kuko urukundo iyo rujemo kubeshyanya rurushaho kubiha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga whowafica ruvuga ko hari ibintu bigera kuri 6 byâingenzi bishobora kukwemeza ko umusore agukunda byâukuri . 1. Agumana nawe waba uri mu […]
RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda
Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta yâ u Rwanda bakaza guhunga, ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda. Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rwâ Abanyarwanda ruri mu nkambi zâ impunzi muri Uganda, RNC ibicishije mu […]
Kirehe: Umuyobozi wâumudugudu aravugwaho gutorokana amafaranga yâUbudehe asaga miliyoni
Abaturage bo mu mudugudu wa Munini mu kagari ka Rwanyamuhanga, umurenge wa Mushikiri, akarere ka Kirehe, bashinja umuyobozi wâumudugudu, Turacyayisaba Gerard kunyereza amafaranga asaga miliyoni nâibihumbi cumi na bitatu yâubudehe. Aba baturage bavuga ko Turacyayisaba yatorotse, kuva mu kwezi gushize ko nta we urongera kumuca iryera, bagakeka ko yatorekeye mu gihugu cya Uganda. Turacyayisaba ngo […]
Mu ndirimbo âTimbuktuâ Jean Paul Samputu yamaganye ibikorerwa Abanyafurika muri Libya
Umuhanzi mpuzamahanga wâ umunyarwanda ukorera muzika mu Bwongereza, Jean Paul Samputu abaye mu ba mbere ku Isi mu gushyira hanze indirimbo irwanya inamaganira kure ubucakara bukomeje gukorerwa abirabura muri Libya. Mu ndirimbo â Timbuktu Mon Amourâ, Jean Paul Samputu agerageza gutanga ubuhamya bwerekana ishusho yâ umwirabura unaniwe, urushye, wambuka Ubutayu bwa Sahara ndetse nâ Inyanja […]
Hasohowe Raporo igaragaza ko Perezida Kabila yitabaje M23 aho urugamba rwari rukomeye
Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (Human Rights Watch), wasohoye raporo igaragaza ko abategetsi bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bakoresheje abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 mu guhosha imyigaragambyo y’abatavuga rumwe na Leta umwaka ushize. Uyu muryango uravuga ko abahoze ari abarwanyi ba M23 barenga magana abiri bategetswe gukoresha ingufu zica mu guhangana n’abari mu […]