Umutoza José Mourinho yishimiye Lukaku n’ubwo muri iyi minsi atarimo gutsinda
Umutoza JosĂ© Mourinho avuga ko rutahizamu w’ikipe ya Man.Utd atoza, Romelu Menama Lukaku amwishimiye kabone n’ubwo hari abakomeje kuvuga ko muri iyi minsi atarimo gutsindira ikipe. Uyu musore w’imyaka 24 y’amavuko, yari amaze gukina imikino ine (FC Bà ¢le, Brighton, Watford, Arsenal) adatsindamo igitego ariko aza kukibona ku mu kino wa gatanu ubwo Man Utd yakinaga […]
Abapasiteri babiri basezeranye kubana akaramata bahuje ibitsina
Abapasiteri Twanna Gause na Vanessa Brown basezeranye imbere y’Imana kubana akaramata bahuje ibitsina mu rusengero ry’Ababatisita “New Vision Full Gospel Baptist Church” ruherereye mu Burasirazuba bwa Orange, mu mujyi wa New Jersey wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Imbere y’imbaga y’abakirisito, umwe muri aba bagore yari yambaye ivara undi yambaye ikanzu y’ibirori ariko ya […]
Kutagenzura uko intwaro zinjira ngo nibyo bitera umutekano mucye mu Karere
Ikibazo cyo kutitondera igenzurwa ry’ uburyo intwaro zikomeza kwinjira no gukwirakwizwa mu bihugu mu buryo butazwi bitera umutekano mucye mu Karere. Ibi ni ibyavugiwe i Kigali, mu nama ya 45 ya komite ya Loni yiga ku bibazo by’ umutekano muri Afurika yo Hagati (UNSAC) isanzwe iba kabiri mu mwaka. Muri iyi nama yitabiriwe n’ inzobere […]
Uganda: Umuhungu wa Rujugiro arindiwe umutekano mu buryo bukomeye
Umuhungu w’umunyemari Ayabatwa Tribert Rujugiro witwa Richard Rujugiro arindwa ku buryo bukomeye by’umwihariko iyo yasuye uruganda rw’itabi rwa se ruherereye ahitwa Arua. Nk’uko ikinyamakuru The Standard dukesha iyi nkuru kibitangaza, ngo uyu muhungu wa Rujugiro ndetse na mubyara wa se witwa Claude Ndatinya, ngo barindiwe umutekano aho bari muri Hoteli y’umuturirwa iherereye mu Majayaruguru ya […]
Burundi: Opozisiyo isanga Perezida Nkurunziza agiye gukoresha Kamarampaka y’ igitugu
Mu gihe Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza ibicishije muri Minisiteri y’ Umutekano w’ igihugu, itangaza ko igiye gutangiza ibikorwa byo gutegura Kamarampaka, Opozisiyo ya politiki mu Burundi isanga CNDD-FDD iri ku butegetsi itubahiriza uburenganzira bwa muntu. Abatavuga rumwe na Leta ya Petero Nkurunziza batangiye kuvuga ko iyi gahunda yo gutegura Kamarampaka ari ikimenyetso simusiga cyerekana […]
Dore ibimenyetso by'ingenzi biranga umuntu utishimiye umukunzi we
Ni kenshi abantu batandukanye usanga binubira abo bahisemo kubana ubuzima bwabo bwose bitewe n’uko wenda batabakorera ibyo bashaka cyangwa bakwiye mu rukundo bigatuma bumva batabishimiye na gato . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi bwiza.com yagerageje gukusanya bimwe mubyingenzi byakwereka ko umukunzi wawe yakurambiwe mbega ko atishimiye urukundo rwanyu: 1. Umugore utishimiye urushako, ntajya ahangayikishwa n’ikibazo icyo […]
Ruhango: Batewe ipfunwe no kwitwa ba Bihemu, none barashaka ko iryo zina riba umugani
Urubyiruko rwize iby’ikoranabuhanga mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Ruhango, baravuga ko nyuma yo kurangiza amasomo yabo bakajya kwihangira imirimo basanze mu bo bashinzwe guha serivisi [aribo baturage] babita ba Bihemu, kubera ubunyangamugayo buke bwakunze kubaranga. Gusa ibi ngo biteguye kubikosora. Abanyeshuri basaga 300 bize iby’ikoranabuhanga mu gusana no gutunganya ibikoresho bya Electronic, nibo baherutse guhabwa […]
Ese Col. Bagosora yaba yarishe Habyarimana ngo abone uko asoza umugambi we w’ Imperuka?
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye wise jenoside, ubwicanyi ndengakamere bwa mbere mu kinyejana cya 20 , Col. Bagosora nk’ umusirikare ukomeye kandi w’ umunyamwuga yayise ”Imperuka” cyangwa se Apocalypse mu rurimi rw’ igifaransa bisobanura iherezo, aha akaba ariho abasesenguzi bahera bavuga ko yaba yarikijije Perezida Habyarimana ngo abone uko asoza iyi mperuka. Isesengura ryagiye rikorwa n’ […]