Umutoza wa Police Fc afata abakinnyi be nk’abadakuze cyane mu mutwe

Ku wa Kane tariki ya 14 Ukuboza, nyuma y’uko Police Fc itsinzwe na Rayon Sport s FC 1-0 kuri stade ya Kicukiro, umutoza wa Police FC, Seninga Innocent yavuze ko yatsinzwe kubera afite abakinnyi badakuze cyane mu mutwe ku buryo babasha guhanagana n’umurindi w’abafana ba Rayon Sports. Hari ku mukino w’ikirarane cy’umunsi wa Gatanu wa […]

Cassien Ntamuhanga watorotse gereza ya Mpanga yaba ari muri Afurika y’Epfo?

Amakuru aturuka mu gitangazamakuru gikorera mu mahanga avuga ko umunyamakuru Cassien Ntamuhanga uherutse gutoroka gereza mpuzamahanga ya Mpanga aherereye muri Afurika y’ Epfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byagaragaye mu nkuru yanditswe n’ iki kinyamakuru kuri uyu wa 14 Ukuboza 2017, mu nyandiko tudafitiye gihamya ko ari iya nyir’ ubwite(Cassien Ntamuhanga) aho bivugwa ko Ntamuhanga n’ abagenzi […]

Namufashe aryamanye n'undi musore mbona ntacyo bimubwiye kandi dukundana-nkore iki?

Umukunzi wacu yatwandikiye yifuza ko twamufasha kumugira inama nyuma y’ibibazo yahuye nabyo mu rukundo ndetse ahamya adashidikanya ko inama zanyu zizagira icyo zimufasha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aragira ati”Nitwa Kalisa (amazina yahinduwe). Nakundanye n’umukobwa witwa isingizwe claire wiyitaga Evilyne hashize imyaka 2 dukundana tukajya tuganira bisanzwe , biza gukomera ndetse nza kumusaba urukundo nawe ntiyatinda aranyemerera ahubwo […]

Perezida wa Zimbabwe arasaba ko Amerika yakuriraho igihugu cye ibihano byose

Perezida mushya wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yatangaje ko mu minsi micye buri muturage mu gihugu cye aba yishyira akizana mu bikorwa bitandukanye ndetse ibihano Zimbabwe yafatiwe n’ibihugu bikomeye bikaba byakurwaho bitarambiranye. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje muri iki cyumweru mu kiganiro yagiranye n’abanyamuryango b’ishyaka riri ku butegetsi, Zanu-Pf, akaba yanagarutse ku munsi uri gutegurwa […]

Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi n’amakuru

Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara y’Iburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse n’amakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa binyuze k’urubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro n’amahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). Uwiringiyimana Elysee utuye mu […]

Uganda yikanze ibitero biherutse kwibasira Monusco irunda ingabo nyinshi ku mupaka wa DRC

Umuvugizi w’ igisirikare cya Uganda (UPDF) , Brig Richard Karemire yemeje ko mu rwego rwo kurinda umutekano w’ igihugu cyabo begereje ingabo nyinshi ku mupaka bafitanye na Congo-Kinshasa. Ati “ Dufashe icyemezo cyo gukaza umutekano nyuma y’ igitero ADF kugaba kuri Monusco , hari n’ amakuru atugeraho yemeza ko bari kwinjiza abantu mu gisirikare! ubu […]

Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko

Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri n’imirimo inyuranye kandi baniteza imbere. Duhimbazimana Elissa w’imyaka 18 ubu ukina umupira w’amaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma y’aho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu […]

Koreya: Umwe mu basirikare bakuru yaburiwe irengero, birakekwa ko yishwe na perezida Kim Jong Un

Umwe mu basirikare bakuru ba Koreya ya Ruguru, Hwang Pyong-So akomeje kuburirwa irengero, itangazamakuru rya kiriya gihugu rikaba ritangaza ko bikekwa ko yaba aherutse kwivuganwa na Perezida Kim Jong amuziza agasuzuguro. Hwang Pyong-So, ni umwe mu basirikare bari bakomeye ndetse bakorana bya hafi na perezida Un, itangazamakuru rivuga ko kuva aburiwe irengero mu minsi ishize, […]