Kinigi: Abafatanyabikorwa mu bukerarugendo batangiye kwinubira impinduka

Kuva aho igiciro cyo gusura ingagi mu Birunga kizamuriwe mu mpera za Nzeli 2017, abafatanyabikorwa batandukanye b’ Ikigo cy’ igihugu gishinzwe iterambere RDB barinubira uburyo imikorere yabo yatangiye gusubira inyuma. Mu kiganiro na Bwiza.com bamwe mu bafatanyabikorwa mu by’ ubukerarugendo (abafite amasosiyete acuruza amatike , ayatwara abakerarugendo, ba nyir’ amacumbi n’ abaturage batwazaga abakerarugendo imizigo […]

Ethiopia: Abasaga 60 bamaze kugwa mu mirwano hagati y’amoko

Abantu babarirwa muri 61 ni bob amaze kubarurwa ko bamaze kugwa mu mirwano hagati y’amoko 2 atandukanye iri kubera mu gace ka Oromia mu gihugu cya Ethiopia guhera mu mpera z’icyumweru gishize. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko nta mpamvu iramenyekana yaba yarateye aba baturage basangiye ubwenegihugu bo mu moko y’abaSomalis n’abo mu bwoko bwa […]

“Twahanganye n’ibibazo byinshi kandi biremereye, ndetse bimwe bitanashoboka, ariko twashoboye kwiyubaka”-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abanyarwanda bakwiye kwishimira intambwe ikomeye bamaze gutera mu bijyanye no kwiyubaka haba mu mibanire, mu iterambere n’ibindi dore ko hanarwanywe urugamba rutoroshye kugira ngo ibyo bigerweho. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017 mu ijambo yagejeje ku bari […]

Humble Jizzo mu buryohe n'umugore we I New York (Amafoto)

Tariki 15Ukuboza 2017 ahagana kugicamunsi nibwo umuhanzi ubarizwa mu itsinda rya Urban Boyz Humble G yahagurutse Kukibuga mpuzamahanga cya Kigali I kanombe hamwe n’umugore Amy berekeza Muri leta zunze ubumwe za Amerika aho bagiye mu myiteguro yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agera kuri Bwiza.com arahamya ko uyu Humble G amerewe neza aho […]

Ese kumurikira Abana Imana bivuze iki?- Pst. Jimmy Muyango

Nyuma yo gutanga inyigisho zavugaga ko abana ari impano Imana icisha ku babyeyi kugirango umugambi wayo ukorwe, Senior Pastor wa Potter’ s Hand Ministry , Jimmy Muyango yatangiye ashimangira ko imiryango ya gikiristu igomba kurangwamo na gahunda yo gusengera abana ndetse no kubamurikira Imana. Mu nyigisho nyir’ izina Pst. Muyango yatangiye yibaza ndetse anabaza ese […]

Guverinoma y'u Rwanda igiye gufasha Abanyarwanda bari mu cyiciro cy’ubukene n’icy’ubukene bukabije kwigira

Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ifite muri gahunda y’iterambere y’imyaka 7 gufasha abaturage bari mu byiciro by’ubukene n’iby’ubukene bukabije kwigira no kwiteza imbere. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017, ubwo yari mu nama y’umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 15, aho yavuze […]

Impungenge ni zose kuri Rayon Sport idafite Pierrot na Shasir

Kuri iki cyu mweru tariki 17 ukuboza2017 Rayons Sport yaraye ikinye umukino wikirarane na magaju i Nyagisenyi aho umukino waranguye ari igitego 1-0 bw’Amagaju gusa icyagiye kigaragara n’icyuho cyabakinnyi bayo (Rayon Sports) badahari aribo Pierrot na Shasir bari bitabiriye CECAFA aho bakiniraga uburundi bwamaze no gutahana umwanya wa 4 mu irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo Umutoza […]

Uganda: Abadepite bikanze abarinda umuyobozi wabo biteza imvururu mu Nteko

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017, Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda babyukiye mu biganiro ku nshuro ya 7, aho bari kwiga ku ngingo ya 102 igena imyaka y’igomba kwiyamamariza kuyobora Uganda, ingingo yateje impagarara mu gihugu kuva mu mezi yashize. Ni muri urwo rwego, bamwe mu […]

Harategurwa inama ya ONU yigira hamwe uko Amerika yahabwa akato kubera ikibazo cya Yerusalemu

Akanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Abibumbye kari gutegura inama idasanzwe izahuriramo n’ibindi bihugu bikomeye ku isi bitandukanye ndetse n’indi miryango, iyi nama ikaba igamije gusiga Amerika ari yo yonyine ishyigikiye ko Yerusalemu iba umurwa mukuru wa Israel. Iyi nama iri gutegurwa kuri uyu wa Mbere yariki ya 18, ikaba ishishikaje cyane ibihugu by’Abarabu ndetse Misiri […]