Umugore n’umugabo bafashwe basambanira ku muhanda ku manywa y’ihangu

Umugore n’umugabo mu gihugu cya Senegal baherutse gufatwa bari gusambanira ku muhanda bakuyemo imyenda yose ku manywa y’ihangu nta cyo bibabwiye. Uyu mugore n’umugabo batatangajwe amazina bafotowe n’abihitiraga bari mu bikorwa byo gushimisha imibiri gusa ngo bakaba nta cyo byari bibabwiye kuko bari bameze nk’abibereye mu rugo rwabo. Ibitangazamakuru bitandukanye muri kiriya gihugu byatangaje ko […]

Thailand: Umugabo w’imyaka 34 yakatiwe imyaka 13,275 y’igifungo

Urukiko rwo muri Thailande rwakatiye igifungo cy’imyaka 13275 umugabo witwa Pudit Kittithradilok w’imyaka 34, wari ukurikiranweho kubeshya abantu akabambura abizeza gushora amafaranga muri business ze abizeza inyungu z’umurengera. Biravugwa ko abantu basaga 40,000 baguye mu mutego we bagashora amafaranga agera muri miliyoni 160$ muri izo business ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urukiko rwasanze uyu mugabo yaragiye mu […]

Afrika y’Epfo: Umunyeshuri w’umukobwa arashinja umuhungu wa Grace Mugabe kumutera inda akamwihakana

Umukobwa w’imyaka 22 wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo arashinjwa umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Zimbabwe, Grace Mugabe, Russell Goreraza umukutera inda bari ku ishuri. Uyu mukobwa witwa Dineo Gwendoline Kekana avuga ko yatangiye gukundana n’uyu musore Grace Mugabe yabyaye ku mugabo we wa mbere guhera muri 2016 bakaza kuryamana akaba yaramuteye inda. Ikinyamakuru the Herald […]

Kenya: Abantu bagera kuri 36 baguye mu mpanuka y’imodoka abandi benshi barakomereka

Abantu bagera kuri 36 ni bo babarurwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2017, ko baguye mu mpanuka y’imodoka, mu gihe abandi bagera kuri 18 bayikomerekeyemo bikabije. Daily nation dukesha iyi nkuru kivuga ko imodoka y’ikamyo yaturukaga mu mujyi wa Nakuru-Eldoret ubwo yagonganaga n’imodoka nini itwara abagenzi nay o yari mu cyerekezo ikamyo […]

Rubavu: TI Rwanda yahamurikiye ibyavuye mu bushakashatsi bwayo kuri ruswa

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda),wamurikiye ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba n’Uturere tiyigize ubushakashatsi wakoze kuri ruswa nto mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2017 mu gikorwa cyabereye mu Karere ka Rubavu kuwa 28 Ukuboza. Nk’uko byasobanuwe na Bwana, Mupiganyi Appolinaire, umuyobozi nshingwabikorwa wa TI-RW ngo ubushakashatsi bugamije kugaragaza ibibazo abaturage bahura nabyo mu […]

Abagore bakunze kugaragara mu buzima bwa politiki y’u Rwanda

Aba ni bamwe mu bagaragara mu buzima bwa politiki y’ u Rwanda mu gihe rukomeje kuba intangarugero mu kugira umubare munini w’ abagore mu myanya yo hejuru ifata ibyemezo mu buyobozi bw’ igihugu [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jeannette Kagame : Kuva tariki ya 24 Werurwe 2000, Jeannette Kagame yinjiye mu mateka y’u Rwanda n’isi muri rusange nka […]

Hamisa Mobetto aravuga ko Zari Hassan ashobora kuba intandaro yo gutuma nyina apfa vuba

Intambara y’amagambo irarimbayije hagati y’abagore 2 b’umuhanzi Diamond, nyamara nubwo nta wapfa kumenya iherezo, ariko inkomoko ya byo ni ifuhe ry’aba bagore Hamisa Mobetto na Zari Hassan basangiye umugabo. Ikibazo cy’amagambo hagati y’aba bagore si icya vuba aha, kuko nta munsi utambuka batavuzwe mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga baterana amagambo, ngaho kwitana indaya, gushinjanya […]

Misiri: Morsi wahoze ari perezida yakatiwe imyaka 3 y’igifungo hamwe na bagenzi be

Mohamed Morsi wahoze ari perezida w’igihugu cya Misiri yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 hamwe n’abandi bagera kuri 19 barimo abahoze ari Abadepite, abanyepolitiki mu nzego zitandukanye ndetsen’abanyamakuru 3 bazira gutuka ubutabera. Jeunarique dukesha iyi nkuru ivuga ko Morsi yakatiwe iyi myaka 3 yiyongera ku yindi igera kuri 45 yari yarakatiwe ku byaha yashinjwaga by’ubwicanyi muri 2013. […]

RDC: FARDC yataye muri yombi umuyobozi ushinjwa gutegeka iyicwa ry’impuguke za Loni

Igisirikare cya Congo kiratangaza ko mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu ushize, itariki 30 Ukuboza, cyataye muri yombi uwitwa Constantin Tshidime Bulabula, akaba ari umuyobozi w’igiturage cya Moyo Musuila, ushinjwa kuba ari we wategetse iyicwa ry’impuguke 2 za Loni zishwe muri Werurwe, uyu mwaka. Umuyobozi w’ingabo muri Kasai, Gen. Assumani akaba yemeje ko uyu […]