Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z'abapfumu zikabatenguha
Bitewe nâ imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana nâ abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama bâ abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano nâ umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe nâ abapfumu ndetse nâ […]
Misiri: Abafana 28 bakatiwe nâurukiko kubera kwambara imyenda iriho amagambo ashotora leta
Urukiko rwa Misiri rwahanishije igifungo cyâumwaka kuri buri wese, abafana bâumupira wâamaguru bagera kuri 28 bazira kwambara imyenda igaragaza ibintu byabaye mu myaka 5 ishize ndetse no kwibasira leta. Aba bafana bagaragaye mu kibuga mu kwezi kwâUkwakira 2017, bambaye imipira yanditseho amagambo agira ati âTwibasire leta duteze akaduruvayo, aba bafana bakaba barambaye iyi myenda mu […]
Uganda/Kisoro: Ni iki cyihishe inyuma yo kwirukana Abanyarwanda 75 nâ abanyekongo 65?
Abashinzwe umutekano muri Uganda, mu gace ka Kisoro kegereye umupaka wa Bunagana birukanye Abanyarwanda 72 nâ Abanye Congo 65 bamwe muri bo baranafungwa ku bw’impamvu zitaramenyekana. Aba bantu bose birukanwe ngo bakekwaho kuba ari abahoze mu mutwe wa M23 mu gihe Leta ya Uganda itangaza ko ihangayikishijwe nâ ibikorwa byâ ubugizi bwa nabi ndetse nâ […]
Perezida Trump yabwiye Kim Jong ko Amerika ifite igisasu kinini kandi kirusha imbaraga ibyo ajya yohereza
Perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yaburiye mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un ko ashatse yarekera aho kohereza ibisasu mu kirere kuko Amerika na yo ifite ibirenze ibyo Koreya yohereza mu kirere ko na yo ishatse yabyohereza. Mu butumwa perezida Trump yanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa Kabiri […]
Safi wemeza ko atarakora ubukwe na Judithe yahishuye igihe bazabanira mu nzu imwe
Umuhanzi nyarwanda Niyibikora Safi wamenyekanye ku izina rya Safi Madiba mu itsinda rya Urban Boys, amaze amezi asaga 3 asabye akanakwa uwo yahisemo ko azamubera mutima w’urugo , Niyonizera Judithe ndetse aba bombi bakaba baranasezeranye imbere yamategeko ariko kugeza magingo bakaba batabana nk’umugore n’umugabo, gusa akaba yatangaje igihe bazabanira mu nzu imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]
U Rwanda rwafunguye amarembo ariko ntirwayarangaje- Amb Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUmuryango wâAfurika yâIburasirazuba Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwugururiye amaremgo abanyamahanga ngo baze bashore imari mu gihugu ariko ko rutatereye iyo ngo rwe gukurikirana ibikorerwa ku mipaka nâahandi binjirira. Ni nyuma yâuko guhera ku itariki ya mbere Mutarama 2018, abanyamahanga biganjemo abo ku mugabane wâAfurika batangiye […]
Umupadiri yemeza ko Ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibihimbano
Umupadiri mu idini ryâAbepisikopi muri Amerika, John Shelby Spong atangaza ko ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibintu byahimbwe ngo abantu babashe kwigishwa bemere ibyo babwiwe kubera ubwoba no gutinga aho hantu. Mu buhamya bwe yatanze mu minsi mikuru, uyu mukozi wâImana yagize ati âSinizera ko ikuzimu habaho, gusa nemera ko hari ubuzima nyuma yâurupfu.â Uyu […]
Uganda: Buri mudepite watoye yego ku ikurwaho ry'ingingo ya 102 mu Itegekonshinga yahawe umurinzi ufite imbunda
Abadepite basaga 300 mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bamaze gusinyira abazajya babarindira umutekano gusa aba bakaba biganjemo abo mu ishyaka riri ku butegetsi NRM. Ikinyamakuru spyreports kivuga ko buri mudepite wayoye âYesâ mu matora aherutse muri uganda agamije gukuraho ingingo yageneraga imyaka umukuru wâigihugu mu Itegekonshinga rya Uganda ubu yamaze kubona umurinzi ubifitiye ububasha, […]
Dogiteri yakoze amasaha 18 ataruhuka birangira apfiriye imbere yâabarwayiâ AMAFOTO
Dr Zhao Bianxiang wari ufite imyaka 43 yâamavuko, ukomoka mu Ntara ya Shanxi, mu Bushinwa, yakoze amasaha 18 avura abarwayi arananirwa cyane birangira abaguyemo ahita apfa. Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, nibwo Dr Zhao Bianxiang yapfiriye mu bitaro yari asanzwe akoramo ” Yuci District Hospitalâ mu mujyi wa Shanxi. Nkâuko bitangazwa na […]
Rubavu: Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba batawe muri yombi
Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba ho mu karere ka Rubavu bari mu maboko ya polisi bacyekwaho kunyereza amafaranga ya mituweli bahawe n’abaturage. Abo, ni nmukuru wâumudugudu wa Kabiza, Musabyimana Innocent nâumuyobozi wâabajyanama bâubuzima mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba uyu mudugudu uherereyemo witwa Uwayezu Emmanuel. Mu kiganiro Itangazazamakuru ryagiranye nâumunyabanga Nshingwabikorwa wâumurenge […]
Burundi: Interahamwe zinjijwe mu mutwe kabuhariwe ushinzwe kurinda Perezida Nkurunziza
Umwe mu basirikare bakuru mu bari bashinzwe kurinda umutekano wa Perezida wâ u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeza ko abarwanyi bâ Abanyarwanda â Interahamweâ binjijwe mu mutwe kabuhariwe wâingabo zishinzwe kurinda abayobozi bakuru bâ igihugu cyâ u Burundi. Ku ruhande rumwe , aya makuru avuga ko Interahamwe ziri mu ngabo zâ u Burundi yigeze kuvugwa nyuma […]