Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z'abapfumu zikabatenguha

Bitewe n’ imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana n’ abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama b’ abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano n’ umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe n’ abapfumu ndetse n’ […]

Misiri: Abafana 28 bakatiwe n’urukiko kubera kwambara imyenda iriho amagambo ashotora leta

Urukiko rwa Misiri rwahanishije igifungo cy’umwaka kuri buri wese, abafana b’umupira w’amaguru bagera kuri 28 bazira kwambara imyenda igaragaza ibintu byabaye mu myaka 5 ishize ndetse no kwibasira leta. Aba bafana bagaragaye mu kibuga mu kwezi kw’Ukwakira 2017, bambaye imipira yanditseho amagambo agira ati “Twibasire leta duteze akaduruvayo, aba bafana bakaba barambaye iyi myenda mu […]

Uganda/Kisoro: Ni iki cyihishe inyuma yo kwirukana Abanyarwanda 75 n’ abanyekongo 65?

Abashinzwe umutekano muri Uganda, mu gace ka Kisoro kegereye umupaka wa Bunagana birukanye Abanyarwanda 72 n’ Abanye Congo 65 bamwe muri bo baranafungwa ku bw’impamvu zitaramenyekana. Aba bantu bose birukanwe ngo bakekwaho kuba ari abahoze mu mutwe wa M23 mu gihe Leta ya Uganda itangaza ko ihangayikishijwe n’ ibikorwa by’ ubugizi bwa nabi ndetse n’ […]

Safi wemeza ko atarakora ubukwe na Judithe yahishuye igihe bazabanira mu nzu imwe

Umuhanzi nyarwanda Niyibikora Safi wamenyekanye ku izina rya Safi Madiba mu itsinda rya Urban Boys, amaze amezi asaga 3 asabye akanakwa uwo yahisemo ko azamubera mutima w’urugo , Niyonizera Judithe ndetse aba bombi bakaba baranasezeranye imbere yamategeko ariko kugeza magingo bakaba batabana nk’umugore n’umugabo, gusa akaba yatangaje igihe bazabanira mu nzu imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]

U Rwanda rwafunguye amarembo ariko ntirwayarangaje- Amb Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwugururiye amaremgo abanyamahanga ngo baze bashore imari mu gihugu ariko ko rutatereye iyo ngo rwe gukurikirana ibikorerwa ku mipaka n’ahandi binjirira. Ni nyuma y’uko guhera ku itariki ya mbere Mutarama 2018, abanyamahanga biganjemo abo ku mugabane w’Afurika batangiye […]

Umupadiri yemeza ko Ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibihimbano

Umupadiri mu idini ry’Abepisikopi muri Amerika, John Shelby Spong atangaza ko ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibintu byahimbwe ngo abantu babashe kwigishwa bemere ibyo babwiwe kubera ubwoba no gutinga aho hantu. Mu buhamya bwe yatanze mu minsi mikuru, uyu mukozi w’Imana yagize ati “Sinizera ko ikuzimu habaho, gusa nemera ko hari ubuzima nyuma y’urupfu.” Uyu […]

Uganda: Buri mudepite watoye yego ku ikurwaho ry'ingingo ya 102 mu Itegekonshinga yahawe umurinzi ufite imbunda

Abadepite basaga 300 mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bamaze gusinyira abazajya babarindira umutekano gusa aba bakaba biganjemo abo mu ishyaka riri ku butegetsi NRM. Ikinyamakuru spyreports kivuga ko buri mudepite wayoye “Yes” mu matora aherutse muri uganda agamije gukuraho ingingo yageneraga imyaka umukuru w’igihugu mu Itegekonshinga rya Uganda ubu yamaze kubona umurinzi ubifitiye ububasha, […]

Dogiteri yakoze amasaha 18 ataruhuka birangira apfiriye imbere y’abarwayi— AMAFOTO

Dr Zhao Bianxiang wari ufite imyaka 43 y’amavuko, ukomoka mu Ntara ya Shanxi, mu Bushinwa, yakoze amasaha 18 avura abarwayi arananirwa cyane birangira abaguyemo ahita apfa. Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, nibwo Dr Zhao Bianxiang yapfiriye mu bitaro yari asanzwe akoramo ” Yuci District Hospital” mu mujyi wa Shanxi. Nk’uko bitangazwa na […]

Rubavu: Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba batawe muri yombi

Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba ho mu karere ka Rubavu bari mu maboko ya polisi bacyekwaho kunyereza amafaranga ya mituweli bahawe n’abaturage. Abo, ni nmukuru w’umudugudu wa Kabiza, Musabyimana Innocent n’umuyobozi w’abajyanama b’ubuzima mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba uyu mudugudu uherereyemo witwa Uwayezu Emmanuel. Mu kiganiro Itangazazamakuru ryagiranye n’umunyabanga Nshingwabikorwa w’umurenge […]

Burundi: Interahamwe zinjijwe mu mutwe kabuhariwe ushinzwe kurinda Perezida Nkurunziza

Umwe mu basirikare bakuru mu bari bashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’ u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeza ko abarwanyi b’ Abanyarwanda ‘ Interahamwe’ binjijwe mu mutwe kabuhariwe w’ingabo zishinzwe kurinda abayobozi bakuru b’ igihugu cy’ u Burundi. Ku ruhande rumwe , aya makuru avuga ko Interahamwe ziri mu ngabo z’ u Burundi yigeze kuvugwa nyuma […]