Uganda: Mu rugo rw’uwahoze mu ngabo za Amerika hafatiwe ibikoresho bya gisirikare yari atunze rwihishwa
Igipolisi mu gihugu cya Uganda cyateye urugo rw’Umunyamerika wahoze mu gisirikare washakanye n’Umugandekazi mu kumusaka kimusangana ibikoresho bya gisirikare bitandukanye birimo n’impuzankano. Uyu Munyamerika yitwa Paul Mathias Rogers akaba yari afite umugore w’umugandekazi witwa Lillian Kaitesi wari umaze igihe anamushinja kumuhohotera. Mu gusaka mu rugo rwe ruherereye ahitwa Bwabajja ku muhanda wa Entebbe, igipolisi cyahasanze […]
Chris Brown arifuza gukorana ibitaramo n'ibyamamare birimo Rihanna bari barashwanye
Umuhanzi Chris Brown, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo hirya no hino ku isi. Abahanzi yifuza ko bazabimufashamo barimo na Rihanna wahoze ari umukunzi we nyuma bagashwana. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Chris yatangaje ko ibitaramo bye yise Ibidasanzwe, yifuza ko byazaba birimo abagabo babiri n’abagore babiri (2for2) b’ibyamamare ( Beyonce, Rihanna, Bruno Mars), bizakorerwa […]
Namenye ko umusore tugiye kubana aryamana (apfubura) abagore bakuze bakamuha amafaranga, arakize ariko byanteye impungenge- NKORE IKI?
Mbifurije icyumweru duhurira kuri uru rubuga rwa bwiza.com dukungurana inama, cyane cyane abubatse n’abari mu nzira yabyo. Na njye ndi mu nzira yo kurushinga, nitwa Janviere (rwahinduwe) ntuye mu Bugesera, umusore twiteguraga kurushinga mu mpeshyi we akorera mu mujyi wa Kigali Icyanteye impungenge, nakomeje kubaza umusore akazi akora mu mujyi wa Kigali, akambwira ko yoza […]
Ikipe ya Rayon Sports yaguye miswi na Lydia Ludic 1-1
Umukino ubanza wahuje ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda na LLBS4A yo mu Burundi kuriuyu wa gatandatu kuri Stade Amahoro warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Ni umukino w’igikombe cya Afurika cy’amakipe yatwaye ibikombe byinshi iwayo wari utegerejwe n’abantu batari bakeya dore ko ikipe ya Rayon Sports yari yanatangaje ko igomba gutsinda uno mukino uko […]
Bujumbura: Bigaragambije bamagana icyegeranyo cya Loni kigaragaza uburyo umutekano wifashe nabi
Abaturage bo mu mujyi wa Bujumbura, ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare 2018, bazindukiye mu mihanda barangajwe imbere n’abayobozi, bamagana icyegeranyo cy’umuryango w’Abibumbye kigaragaza uburyo mu Burundi umutekano ukomeje kuzamba. Icyegeranyo cyasohowe na Loni, kigashyirwaho umukono n’umunyamabanga mukuru wayo, Antonio Guteress, kigaragaza ko umwuka atari mwiza hagati ya Leta n’abatavuga rumwe nayo, ko badahuza […]
Sobanukirwa: Ese igitsina cy’umukobwa wakoze imibonano mpuzabitsina kenshi gishobora kongera kwegerana
Iki ni ikibazo benshi bakomeje kutubaza aha kuri bwiza.com, ndetse banafite impungenge dore ko iyo umusore asanze umukobwa arongoye, bashyingiranwe, agasanga yaragutse cyane, bishobora gutuma amusenda, kuko abona ko yabonanye n’abagabo benshi. Mu kiganiro bwiza.com yagiranye n’umwe mu bavura bakoresheje imiti iva mu bimera, avuga ko bishoboka cyane ko igitsina cy’umukobwa cyongera kwegerana iyo cyagutse […]
RDC: Hari gutegurwa indi myigaragambyo y’Abagaturika yo gusaba perezida Kabila kutaziyamamaza
Ihuriro CLC, rihuriyemo amashyirahamwe yiganjemo abakirisitu b’Abagaturika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ryahamagariye abaturage indi myigaragambyo yo gusaba perezida Kabila kuva ku butegetsi. Itangazo iri huriro ryashyize ahagaragara rirgira riti: “Ku itariki 25 tuzindukane n’iyonka, twamagane ubutegetsi bw’igitugu tutarebye ubudasa bw’insengero cyangwa amadini tuyoboka.” Ni mu gihe biteganyijwe ko amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika […]
Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala
Igipolisi cya Uganda cyatangiye iperereza rigamije kumenya ukuri ku rupfu rw’abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahotel ya Pearl of Africa Hotel na Kampala Sheraton Hotel zose ziherereye muri Kampala. Umuvugizi w’igipolisi, Emilian Kayima akaba avuga ko batangiye iperereza ku cyaha cy’ubwicanyi. Terasvouri Tuomas Juha Petteri w’imyaka 42, akomoka muri Finland akaba yarageze I Kampala ku […]