Congo yashyize ingabo nyinshi ku mupaka wayo n’u Rwanda yikanga M23

Ingabo za Congo zamaze kugera ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda. Ni nyuma yaho kuwa kabiri w’iki cyumweru habaye ukurasana hagati y’impande zombi abasirikare batatu ba Congo bakahasiga ubuzima. Inkuru dukesha Chimpreports ivuga ko ibi byakozwe mu rwego rwo guhangana n’inyeshyamba za M23 bivugwa ko zishobora kuba zongeye kwisuganya mu burasirazuba bw’iki gihugu. Ingabo […]

Burundi: Abadashyigikiye umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga barahigwa

Leta y’u Burundi irashinjwa guta muri yombi abagaragaza ko badashyigikiye umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga, ngo Perezida Nkurunziza ahabwe amahirwe yo kuyobora kugeza mu 2034. Hagendewe no kuri video yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi atangaza ko  hari abanyeshuri bafashwe barimo gukangurira abandi kuzatora OYA, mu mushinga wo guhindura Itegeko Nshinga, iki gikorwa […]

Ruhango: Inka 142 zatanzwe muri gahunda ya Girinka, zaragurishijwe

Mu karere ka Ruhango kuva hatangizwa gahunda ya Girinka mu 2006, bamwe mu batishoboye bagiye bazihabwa aho kuzorora bagahita bazigurisha. Kuva muri uwo mwaka izagurishijwe ni 142, ubuyobozi buvuga ko izo bumaze kugaruza ari 62 gusa. Ubuyobozi butangaza kandi ko izisigaye ngo ba nyirazo bagikurikiranwa ngo nabo bazigarure, naho abantu 2 b’abayobozi b’inzego z’ibanze barimo […]

RBEC igiye guca akajagari kavugwa muri ‘United Street Promotion’ igizwe n’abacuruza umuziki mu Rwanda

Hashize igihe havugwa imikorere idahwitse muri “United Street Promotion’’ izwi nk’iharanira inyungu  z’abahanzi, abasobanura Filimi n’abacuruza umuziki(Disc Banners) mu gihugu hose, kuri ubu hashinzwe Koperative nshya igiye gukosora iyo mikorere. Bamwe mu banyamuryango bahoze muri “United Street Promotion’’ bavuga ko barangije kuyivamo, ubu bakaba baragiye muri koperative RBEC( Rwanda burning Entertainments Cooperative ),  ko basezeye […]

Amerika yihanangirije u Rwanda n’ibindi bihugu byo mu karere ku bijyanjye no guca caguwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko ziteguye gufatira ibihano by’ubucuruzi  bikakaye  ibihugu birimo u Rwanda,Tanzania na Uganda nibiramuka biciye icuruzwa ry’imyenda ya caguwa bakunze kwita “Mitumba” muri aka gace. Umunyambanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ubukungu n’ibikorwa byo mu karere ku mugabane wa Afurika, Harry Sullivan yasabye ko ibi bihugu byakwisubiraho kuri uyu mwanzuro […]

Nashakanye n’umugabo ukuze, ntabwo anezeza uko mbishaka, ndara nikubye mu biriri we ahugiye mu kazi- NKORE IKI?

Mu kwezi kwa munani 2016, nibwo nashakanye n’umugabo ufite imyaka 43, njye mfite imyaka 24, mu by’ukuri iyo duhagararanye mba meze nk’umukobwa we. Dushakana ntabwo nabyiyumvagamo cyane, ariko abantu banshyiramo kumukunda cyane ko afite amafaranga, yankunze ndi umukozi we, afite kampani yinjiza agatubutse, yanyitagaho cyane, nanjye ngendera kuri icyo. Ntababeshye, bakunzi ba bwiza.com, ntabwo anezeza […]

Akabyiniro kazwi nka Amnesia kateguye amarushanwa yo gusomana (Amafoto)

Akabyiniro ko muri Uganda kateguye amarushanwa yo gusomana aho kahurije hamwe abakundana mu rwego rwo kwishimira umunsi wa St Valentin wabaye kuwa 14 Gashyantare/2018. Nyuma yo kubona ko kuri uyu mnsi w’abakundana haba ibirori byinshi bitandukanye byo kuwizihiza ubuyobozi bw’aka kabyiniri bwafashe umwanzuro wo gutegura amarushanwa bise “Kissing competition” aho couple yabaye iyambere yahembwe nubwo […]

Batatu nibo baguye mu mirwano yahuje abasirikare b’u Rwanda na Congo

Imirwano hagati y’abasirikare b’u Rwanda n’aba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahitanye ubuzima bw’abasirikare batatu ba Congo (FARDC). Imirwano yabaye ku wa Kabiri tariki ya 13 Gashyantare 2018. Ku ruhande rwa Congo bavuga ko imirwano yabereye mu gace ka Bikenge, muri pariki ya Virunga, mu ntangiriro z’umusozi wa Visoke, Teritwari ya Rutchuru. Impande zombi ziritana […]

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 23 washakanye n’umukambwe wa 71, ntaterwa ipfunwe n’umukunzi we

Umukobwa witwa Uwanyirigira MĂ©diatrice avuga ko nta pfunwe afite ryo kuba yarashakanye n’umukambwe w’imyaka 71 y’amavuko, abantu benshi bavuga ko yamusanze kubera kumukurikiraho ubutunzi ariko we akavuga ko yamukurikiyeho urukundo. MĂ©diatrice n’umukunzi we, Mvuyekure Vincent bashakanye muri Kamena 2017, batuye mu mudugudu wa Karangiro, akagari ka Cyangugu, umurenge wa Kamembe, mu karere Rusizi. Avuga ko […]

Umugabo yasanze igipupi cye yakoreragaho imibonano mpuzabitsina cyibwe, ahita yiyahura

Umugabo w’imyaka 60 ukomoka mu mujyi wa Naples mu Butaliyani, ubwo yatahaga yasanze inzu ye bayisahuye ibintu by’agaciro birimo n’igipupi yakoreshaga yishimisha mu mwanya w’umugore, ahita yiyahura kubera agahinda. Florentino Pachino wari usanzwe akora akazi ko gutwara imodoka, yabaga wenyine nyuma yaho umugore n’abana bamutereye, kubera ubuzima yabagamo yigunga, yahisemo kwibanira n’igipupi, kikamumara irungu, akakishimishirizaho […]