USA: Umujyanama mukuru wa Perezida mu byâubukungu agiye kwegura
Umujyanama wa Perezida mu byâubukungu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Gary Cohn, yavuze ko aregura vuba nyuma yâuko Perezida Donald Trump afashe umwanzuro wo kuzamura ibiciro byâubutare we yita âkurinda umutekano wâinganda za Amerika.â Cohn yafashe uyu mwanzuro nyuma yâuko Trump avuze ko ibyo biciro bizaba byiza kandi biboneye kuko bizatuma inganda zikora imodoka […]
RDC: Abantu 20 bamaze kwicwa, ingo zisaga 10 ziratwikwa mu bitero bishya bya ADF
Sosiyete sivile muri Beni iratangaza ko yabaruye abantu 20 bishwe nâingo zigera mu 10 zatwitswe mu gihe cyâamasaha 48 muri iyi teritwari yo muri Kivu yâAmajyaruguru, aho ubu bwicanyi bushinjwa inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu. Ukuriye ubuhuzabikorwa bya sosiyete sivile ya Beni, Gilbert Kambale, yatangaje ko hari igitero […]
Dore mpamvu zituma igitsinagore gitinya kwerura ko cyifuza gukora imibonano mpuzabitsina
Akenshi abagore bararipfana iyo bigeze ku ngingo yo gukora imibonano mpuzabitsina nâabo bashakanye, ku buryo hari nâabagira ubushake bakabura uko babibwira abagabo babo bitewe nâimpamvu zitandukanye. Zimwe muri izo mpamvu ni: Isoni zo kubivuga: Akenshi usanga abagore benshi bakunze kugira isoni zo kuganiriza abagabo babo ku ngingo yo gukora imibonano mpuzabitsina cyane cyane nkâiyo bagize […]
Umuyobozi w'akarere ka Ruhango n'abamwungirije babiri begujwe
Umuyobozi wâAkarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier, Umuyobozi umwungirije ushinzwe iterambere ryâubukungu, Twagirimana Epimaque hamwe n’umuyobozi wâAkarere wungirije ushinzwe imibereho myiza yâabaturage, Anonciata Kambayire bakuweho icyizere na Komite Nyobozi yâAkarere. Aba bayobozi uko ari batatu, bakuweho icyizere kubera ibyo bashinjwa birimo gucunga nabi umutungo w’akarere ndetse n’ubwumvikane bucye bwavugwaga hagati yabo. Imyanzuro ikaba yavuye mu nama […]
Nyamagabe: Umusore wâimyaka 20 yafatiwe mu cyuho asambanya umwana wâigitambambuga
Umusore wâimyaka 20 wo mu Karere ka Nyamagabe akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana wâigitambambuga wâumuturanyi. Ku wa Mbere tariki ya 5 Werurwe, nibwo ubushianjacyaha bwaburanye urubanza buregamo uyu musore witwa Ndagijimana Callixte icyaha cyo gusambanya umwana wâumuturanyi ufite imyaka 3 yâamavuko. Ni icyaha cyakozwe kuwa 19 Gashyantare 2018 saa 15h00 zâamanywa mu Mudugudu wa Rwankango, […]
Gen. Kayihura nâabandi barimo Abanyarwanda bagiye kujyanwa mu nkiko nâuwahoze mu gipolisi
Ali Kabanda, wahoze mu gipolisi cya Uganda akaza guhunga igihugu Gen Kale Kayihura akiri umuyobozi wacyo, aravuga ko kumwirukana ku mirimo ye bidahagije agiye kumukurikirana mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, aho amushinja ibyaha byibasiye inyokomuntu, amushinja gufatanya nâabandi batandukanye barimo nâAbanyarwanda. Nkâuko iyi nkuru dukesha Chimpreports ivuga, Kabanda yagize ati: âKwirukana Gen. Kayihura ntabwo bihagije. Nari […]
Icupa ryatawe mu Nyanja mu 1886, ryatoraguwe muri Australia ririmo ubutumwa bwanditse
Nyuma yâimyaka 131,  ubutumwa bumaze igihe kirekire kurusha ubundi bwatoraguwe mu gace kâi Burengerazuba bwa Australia. Bwatoraguwe nâabantu babiri, Tonya Illman na Kym Illman barimo batembera ku musenyi hafi yâikirwa. Kuboneka kwâiri cupa byabaye ibitangaza nyuma yo kuboneka mu musenyi nta bumene rifite. Ni nyuma yâuko muri icyo kirwa, aho ryatowe hari haguye imvura nyinshi […]
Imbonerakure zashyizwe ku mipaka yâu Burundi nâu Rwanda na Congo
Mu gihe hitegurwa amatora ya Kamarampaka mu gihugu cyâu Burundi, mu rwego rwo kwirinda ko hagira abaturuka mu bindi bihugu byâibituranyi bakaba bahungabanya umutekano, Imbonerakure zashyizwe ku mipaka. Amakuru atangazwa na UBM news, avuga ko izi Mbonerakure zashyizwe ku mipaka mu mpera zâicyumweru gishize, abaturage baturiye imipaka bakaba bavuga ko bafite impungenge. Iki kinyamakuru gitangaza […]
Rwamagana: Abaturage barasaba ubuyobozi guhagurukira ba âManiravugaâ bacuruza amasengesho
Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana barasaba ubuyobozi kubakiza abashakira imibereho mu gucuruza amasengesho bitwaza ubuhanuzi kandi babashakamo indonke. Â Bemeza ko bamwe gusenga babigize umwuga, ndetse bakabifata nko kwihangira imirimo, bakarara basenga mu nzu zâabaturanyi babo, ibyo bavuga ko bibangamira umutekano wabo. Umuturage utuye mu mudugudu wa Kabuye, agira ati ântabwo twanga abantu basenga […]
Zambia: Utudege tutagira abapilote (Drones) tugiye kwifashishwa mu kurwanya ubuhigi
Mu murwa mukuru wa Zambia, Lusaka, hatangijwe ku mugaragaro umushinga wo kwifashisha utudege tutagira abapilote mu kurwanya ubuhigi mu mashyamba na pariki zâigihugu. Minisitiri wâUbukerarugendo muri iki gihugu, Charles Banda yagize ati âUtu tudege tuzabafasha kugenzura no guca ibikorwa byo guhiga mu mashyamba na pariki zitandukanye mu gihugu cya Zambiaâ. Minisitiri Banda yavuze ko kandi […]
Gakenke: Polisi yatesheje amabandi yari yibye ibifite agaciro ka miliyoni zirindwi
Inzego zâumutekano zikorera mu karere ka Gakenke, mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 5 Werurwe, zaburijemo ubujura bwagombaga kubera mu isoko rya Gakenke bwari bugamije kwiba amaduka 14 ari muri iryo soko. Ibyo bateshejwe bifite agaciro ka miliyoni zirindwi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyaruguru, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana, yavuze […]
Ndi umukobwa wâimyaka 33, narize, mfite akazi, ariko sinzi igituma mbura amahirwe yo gukundwa nkâabandi bakobwa- NKORE IKI?
Ndabasuhuza mu izina ryâumwami Yesu nâumukiza, nitwa Angelique, ndi kavukire mu mujyi wa Kigali ariko agace ntako mvuga muranyihanganira. Mu byâukuri maze imyaka 8 ndangije kwiga kaminuza, nkora nâakazi keza, ariko igikomeje kuntera urujijo, ni uburyo abana bato babona abakunzi, bagashaka, ingo zigakomera ariko njye nkabura ayo mahirwe. Ntabwo navuga ko ndi mubi nigereranyije nâabandi […]
USA: Yitwaje Jenoside yakorewe Abatutsi mu gusobanura impamvu abantu bakwiye gutunga imbunda
Umwe mu banyapolitiki bo mu ishyaka ryâAbarepubulikani muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwaje jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu rwego rwo kudashyigikira amategeko arebana no gutunga imbunda aho yavuze ko nubwo imbunda zitabaho abakoreshwa na sekibi bakoresha nâimihoro. Mu kiganiro yatanze kuri radio, Steve Pearce, yagereranyije ubwicanyi bwa jenoside mu Rwanda mu 1994 nâubugizi […]
Amahano: Umugabo nâumukobwa we bafashwe basambanira ku karubanda
Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâumukobwa we bakurikiranweho icyaha cyo gusambana kandi bafitanye isano ya hafi nyuma yo kubafata bari gusambanira ku manywa yâihangu mu busitani. Uyu mugabo witwa Justin Bunn wâimyaka 39 nâumukobwa we wâimyaka 19 witwa taylor, basanzwe bakorera imibonano mpuzabitsina mu busitani buri mu birometero bisaga 4 uvuye aho […]