Nyanza: Abanyamayaga bari mu gikorwa cyo kwiyubakira urwibutso rwa Jenoside rujyanye n’igihe
Mu gihe hitegurwa kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akarere ka Nyanza ku bufatanye n’Abanyamayaga n’inshuti zabo, bari mu gikorwa cyo kubaka urwibutso mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Muyira, ruzashyingurwamo imibiri isaga 89,000 ikuwe hirya no hino muri ako gace k’ Amayaga. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umwe mu bari muri […]
Abandi bagande benshi bakoraga mu Rwanda birukanwe ku mirimo yabo
Abandi bagande bakoreraga mu Rwanda biganjemo abakorera The New Times na Banki ya Kigali biravugwa ko birukanwe ku mirimo yabo nyuma y’iminsi mikeya perezida w’u Rwanda na perezida wa Uganda bagiranye ibiganiro byavuzwe ko bigamije kugarura umwuka mwiza hagati y’ibihugu byombi. Mu basezerewe ku kazi mu kinyamakuru cya leta The New Times, harimo Hamuza nkutu […]
Nta Mwongereza n’umwe uzasifura imikino y’igikombe cy’isi cya 2018
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ku wa 29 Werurwe 2018, ryashyize hanze urutonde rw’abasifuzi n’ababunganira 99 bazagaragara mu mikino y’igikombe cy’isi izabera mu Burusiya muri Kamena 2018, ariko nta mwongereza n’umwe ugaragaramo. Ibi bibaye ubwa mbere kuva mu 1938. Ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP biratangaza ko umusifuzi Mark Clattenburg uherutse gusezera muri shamiyona w’u Bwongereza […]
U Burusiya bwihimuye kuri Amerika bwirukana Abadiplomate bayo 60
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov yatangaje ko ibiro by’abahagarariye USA i  Petersburg birafungwa hagakurikiraho kwirukana abadipolomate 60 bahagarariye iki gihugu mu rwego rwo kwihorera. Iki cyemezo gifashwe nyuma yaho abahagarariye u Burusiya nabo baherutse kwirukanwa na USA ndetse n’ibindi bihugu by’i Burayi. Ikinyamakuru The Washington Post kiratangaza ko Heather Nauert, umuvugizi wa Leta […]
Tweet ya perezida Trump ngo yateje igihombo cya miliyari zisaga 10 umuherwe wa mbere ku Isi
Mu butumwa akunze gutanga mu gitondo abinyujije kuri twitter, perezida Donald Trump yemeje amakuru y’uko agiye gukurikirana ikigo gikora ubucuruzi kuri internet cyitwa Amazon agishinja kuba nyirabayazana y’ibura ry’akazi ku bihumbi by’abantu, bikaba byateje igihombo cya miliyari 10$ umugabo wa mbere ukize ku Isi kuri ubu, Jeff Bezos, nyiri Amazon. Amakuru aravuga ko mu gitondo […]
Wema Sepetu yasubije Idriss Sultan wari umwibasiye
Umukinnyi  wa filimi w’Umunyatanzaniya Wema Sepetu yasubije uwahoze ari umukunzi we Idriss Sultan wari wamwibasiye ku mbuga nkoranyambaga amubaza impamvu akunda kushyira kuri instagram amafoto y’abana b’abandi mu gihe we nta mwana agira ndetse akanamugira inama ko yashinga ikigo cy’incuke. Wema Sepetu w’imyaka 29 ntiyazuyaje nawe abinyujije kuri instagram yahise asubiza Idriss Sultan ko we […]
Uwari minisitiri w’itangazamakuru muri jenoside yaba yaguye muri gereza yari afungiyemo muri Mali
Umunyarwanda Eliezer Niyitegeka, wari minisitiri w’itangazamakuru , wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yaba yitabye Imana aguye muri gereza yo muri Mali yari yaroherejwemo kurangiriza igihano yahawe. Amakuru agera kuri bwiza.com ataremezwa neza akaba avuga ko Niyitegeka yitabye Imana kuri uyu wa kane, itariki 29 Werurwe . Uyu mugabo wavukiye mu cyahoze ari Komini Gisovu […]
Dr Joseph Nkusi wazanwe mu Rwanda akuwe muri Norvege yakatiwe imyaka 10 y’igifungo
Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa kane, itariki 29 Werurwe 2018 rwakatiye igihano cy’imyaka 10 y’igifungo Dr Joseph Nkusi, wazanwe mu Rwanda akuwe muri Norvege. Dr Joseph Nkusi yari akurikiranweho ibyaha birimo gushishikariza abaturage kwigomeka ku butegetsi, gukwirakwiza ibihuha no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 abinyujije ku rubuga yari yarashinze rwitwa […]
U Burundi buryamiye amajanja, burikanga ibitero bishobora kubugabwaho biturutse muri Congo
Mu itangazo ryasomwe n’inama nkuru y’umutekano ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018, rimenyesha ko umutekano w’u Burundi wifashe neza by’umwihariko ko inzego z’umutekano ubu zihanahana neza amakuru, mu gihe hari amakuru y’uko hari abashaka kubugabaho ibitero baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umunyamabanga uhoraho w’inama nkuru y’umutekano w’u Burundi, Lt.Gén. Maj.Silas Ntigurirwa, ubwo […]
Intumwa za HCR zijeje impunzi zo mu Nkambi ya Gihembe kuzikorera ubuvugizi
Itsinda ry’intumwa zaturutse i Geneve ku Cyicaro cy’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, zasuye kuri uyu wa gatatu, itariki 28 Werurwe, inkambi y’impunzi ya Gihembe zireba imibereho y’impunzi zigezwaho n’ibibazo zifite ziyemeza gukomeza kuzikorera ubuvugizi. Izi ntumwa za HCR zaturutse mu Busuwisi zari ziyobowe na Axel Bishop, ziherekejwe na bamwe mu bahagarariye inzego za […]
Nafashe Mama asambana n’umusore warerewe iwacu, yahise antuka ngo ndi inshinzi, ngo nimbivuga nzabona ishyano- NKORE IKI?
Pasika nziza kuri mwese, ndagisha inama kuko navuga ko ndi mu ihurizo rikomeye, nagiyemo ubwo nafataga mama arimo gusambana n’umusore njye nitaga musaza wanjye. Uko ikibazo cyavutse, muri iki cyumweru navuye ku ishuli kare, niga mu mwaka wa gatandatu segonderi. Twari tumaze iminsi mu bizamini, ariko uwo munsi n’ubundi nakoze icya nyuma mpita nitahira. Nageze […]
Trump yahaye u Rwanda amezi 2 yo kwisubiraho ku guca caguwa cyangwa rukavanwa muri AGOA
Perezida Donald Trump, yatangaje ko mu mezi abiri ari imbere u Rwanda nirutisubiraho mu kubahiriza ibisabwa mu itegeko rya AGOA, ryorohereza ibihugu bya Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara gushora ibicuruzwa byabyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ruzahagarikwa. Perezida Trump akaba yatangaje ko u Rwanda ruzahagarikwa muri AGOA bitewe n’uko ngo rwashyizeho imbogamizi ku […]
David Luiz yongerewe ibyumweru bitatu byo kudakandagiza ikirenge mu kibuga
David Luiz, umusore ukomoka mu gihugu cya Brezil akaba akinira ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza, wari warahawe n’abaganga amezi abiri yo kuvurwa imvune yagize mu ivi, ubu bamwongereyeho ibyumweru bitatu. David yavunitse mu ivi, yari yahawe igihe cyo kwivuza cy’amezi abiri, ubu bikaba bitamukundiye kugaruka mu kibuga, dore ko benshi bari bamutegereje mu mikino […]
RDC: Urwuri rw’amatungo ya Perezida Kabila rwagabweho igitero n’inyeshyamba
Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) cyakozanyijeho n’inyeshyamba za Maà ¯-Maà ¯ mu gace ka Kabasha, Segiteri ya Rwenzori (Nord-Kivu) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Byemejwe ko iyi mirwano yabereye mu rwuri rw’amatungo ya Perezida Kabila. Nk’uko bitangazwa na Radiyo Okapi, ngo izi nyeshyamba zagerageje kurasana n’abasirikare ba Leta zishaka kubavana mu birindiro byabo. Umuvugizi w’ingabo […]
Gisagara: Mu rugo rw'umuturage hafatiwe moto eshanu bikekwa ko zibwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gisagara, kuwa gatatu tariki ya 28 Werurwe yafatiye mu mu rugo rw’umuturage moto eshanu bikekwa ko zibwe mu bice bitandukanye by’igihugu inata muri yombi umwe mu bakekwaho ubu bujura witwa Hategekimana Jean Bosco. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yasobanuye uko […]