Ferwafa yabonye umuyobozi mushya usimbura Nzamwita Vincent De Gaulle
 Rtd. Bri Gen Sekamana Jean Damascene  atorewe kuyobora Ferwafa ku bwiganze bw’amajwi 45 kuri 7 ya Rurangirwa Louis bari bahanganye mu matora Nyuma yaho abakandida babiri Rtd. Brig. Gen Sekamana Jean Damascene na Rurangirwa Louis batangiye candidatire zabo ndetse zikakirwa uyu munsi habaye amatora aho abatoye banganaga na 53 Ni amatora yabaga ku nshuro ya kabiri dore […]
Rusizi: Imyemerere ishingiye ku madini, inzitizi ikomeye muri gahunda yo kuboneza urubyaro
Akarere ka Rusizi niko ka nyuma mu gihugu cyose  muri gahunda yo kuboneza urubyaro, aho ubu kari kuri 27,5%,ubuyobozi n’abajyanama b’ubuzima bagashyira mu majwi imyemerere ishingiye ku madini mu kudindiza iyi gahunda. Mu bukangurambaga buherutse gukorwa muri aka karere muri gahunda yo kuboneza urubyaro,ubuyobozi bwako buvuga ko abagera ku 3000 bafashe gahunda yo kuruboneza,ariko ngo […]
Ambasaderi mushya wa Amerika yageze mu Rwanda ndetse yatangiye kurutembera
Ambasaderi mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uherutse kurahirira inshingano ze yamaze kugera mu Rwanda ndetse atangira no kurutembera areba ubwiza bwarwo nk’uko yari yatangaje ko atari we uzabona ahageze. Ifoto yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki 31 Werurwe, na ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerikia mu Rwanda ikaba igaragaza Ambasaderi Vrooman […]
Umukobwa yateye icyuma mugenzi we aramwica ubwo yasangaga arimo kumusambanyiriza igipupi (poupée)
Catalina Lopez, Umukobwa w’imyaka 23 uba mu mujyi wa Madrid muri Espagne yateye icyuma umukobwa w’inshuti ye aramwica nyuma yo kumusanga asambanya igipupi (Poupée sexuelle) cye mu buriri. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye, ngo Catalina Lopez yatawe muri yombi na polisi y’i Madrid ashinjwa gutera icyuma inshuti ye Angelina , bikamuviramo gupfa, ku bwe akavuga ko yasanze […]
RDC: Felix Tshisekedi yatorewe kuba umukandida wa UDPS mu matora ya perezida
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 31 Werurwe Felix Tshisekedi yatorewe kuba umuyobozi w’ishyaka UDPS mu gikorwa cyabereye I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba asimbuye ku mugaragaro umubyeyi we, Etienne Tshisekedi witabye Imana ubu hashize umwaka usaga. Felix Tshisekedi akaba yatorewe muri kongere y’iri shyaka […]
Umutanzaniyakazi Saida Karoli agiye gutaramira Abagande
Icyamamare Saida Karoli ukomoka muri Tanzania, byemejwe ko azataramira Abagande i Kampala mu gitaramo cyateguwe n’umuhanzi Hanson Baliruno. Saida Karoli wamamaye kuva muri za 2000, n’indirimbo ze zirimo iyitwa ‘Maria Salome’ n’umuhanzi Diamond Platnumz yasubiyemo mu 2016, ngo igitaramo azagaragaramo, kizaba muri Kanama uyu mwaka. Baliruno agira ati “Ndemeza y’uko Saida Karoli azaba ahari mu […]
Burundi: Haravugwa icengera ry’abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari Interahamwe
Mu Ntara ya Cibitoke yo mu gihugu cy’u Burundi haravugwa amakuru y’abantu bitwaje ibirwanisho bikekwa ko ari Interahamwe ngo bamaze iminsi binjiriye muri Komini Buganda, abaturage bo muri iki gice bakaba bafite impungenge z’uko hari ikintu kitari cyiza cyaba kiri gutegurwa. Biravugwa ko ako gatsiko k’inyeshyamba z’Abanyarwanda ikinyamakuru cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru cyise […]
Huye: Abaturage baravuga ko basinyishijwe ku ngufu mu kugurirwa ubutaka bwabo
Mu Murenge wa Huye, mu Karere ka Huye abaturage baravuga ko basinyishijwe ku ngufu kugirango bagurirwe ahazubakwa amacumbi Abashinwa bazaba bari kubaka umuhanda Huye-Kibeho bazacumbikamo. Aba baturage 25 bo mu Kagali ka Muyogogoro muri uyu Murenge wa Huye bavuga ko ubwa mbere bumvikanye n’Abashinwa ariko ntibemere amafaranga bari bumvikanye kuri metero kare imwe y’ubutaka. Nyuma […]
Niba ukeneye kugisha inama mu rukundo uzirinde aba bantu
Mu buzima bwa muntu hari igihe biba ngomba kwifatira umwanzuro bikanga, bikaba ngombwa ko agisha inama zimwe mu nshuti ze kugirango abe yafata umwanzuro runaka, gusa ibi biratandukanye mu rukundo, kuko hari abantu uba utagomba kugisha inama uko byasa kose. Bamwe muri abo bantu twavuga nk’umuntu: 1. Udaha agaciro urukundo Ni byiza ko niba ugiye […]
Nyamasheke: Ibura ry’abasoromyi b’icyayi rihangayikishije abahinzi bacyo
Ubuyobozi n’abahinzi b’icyayi ba koperative y’abahinzi bacyo ya COOPTHE Mwaga-Gisakura ikorana n’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko bafite ikibazo gikomeye cyane cyo kubona abasoromyi b’icyayi ndetse n’abagikorera. Mu kiganiro na Bwiza.com, umuyobozi wa COOPTHE Mwaga-Gisakura,Ngirinshuti Callixte yavuze ko  ari ikibazo kibakomereye cyane,kuko kugeza ubu bafite abasoromyi 450 gusa bagombye kuba nibura […]
Leta y'u Rwanda yabwiye impunzi z'Abarundi ko izishaka gutaha itazazihagarika
Leta y’u Rwanda yabwiye impunzi z’Abarundi ziheruka guhungira muri icyo gihugu ko zifite uburenganzira bwo gusubira iwabo kandi ko zishobora kugenda igihe cyose zishakiye. Impunzi zibwirwa ni iziheruka guhungira mu Rwanda zivuye mu nkambi ya Kamanyola muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Izo mpunzi zabaye zitujwe mu nkambi eshatu z’agateganyo ziri i Bugesera, i Nyanza […]
RDC: Umupolisi n’umusirikare bishwe n’amabandi yitwaje intwaro
Umupolisi umwe ndetse n’umusirikare ba Congo mu ijoro ryo kuwa kane bishwe n’amabandi yitwaje intwaro muri centre ya Kavumu hafi y’Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo. Ibi bikaba byatumye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, itariki 30 Werurwe, abaturage bahagarika imirimo mu rwego rwo guha icyubahiro abo bashinzwe umutekano bishwe bashaka kurinda abaturage bamwe […]