Canada: Abakinnyi 14 bapfiriye mu mpanuka ikomeye y’imodoka

Igipolisi cya Canada cyemeje ko abakinnyi 14 bakina umukino wa Hockey, bakinira mu rubura, bapfuye bishwe n’impanuka y’imodoka. Aba bakinnyi bapfuye ni ab’ikipe ya Humboldt Broncos, bus barimo ikaga yagonganye n’ikamyo mu gace ka  Tisdale mu ntara ya Saskatchewan. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo igipolisi cya Canada cyemeje ko abantu 28 bari muri bus, 14 muri […]

Tanzania: Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) wibutse jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) wifatanyije n’Abandi Banyarwanda bari muri Tanzania muri uwo muhango. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, umuryango wa EAC, ku bufatanye na Ambasade y’u Rwanda muri Tanzaniya, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u […]

Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside

Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]

Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside

Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]

Uko inzoga itakuriza uburiri bw’umubyeyi, niko itakuzanamo ingengabitekerezo ya jenoside utayisanganwe- Ubumanzi

Mu gihe Abanyarwanda n’isi yose bibuka ku ncuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu mudugudu w’Ubumanzi hagarutswe ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Umwe mu batanze ikiganiro, yiyamye abayigira bakabeshyera ubusinzi, maze ati, “Uko inzoga itakuriza uburiri bwa nyoko, niko itakuzanamo iyo ngengabitekerezo”. Ibiganiro kuri uyu wa 7 Mata byatangiye abantu bibuka, bazirikana, batanga ubuhamya; […]

Ese Habyarimana Juvenal yakoze Jenoside kandi yarabaye yaramaze gupfa?

Iki ni ikibazo umuyobozi wa Komisiyo Ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko bakunze kubazwa n’urubyiruko rw’abanyeshuri bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata […]

Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame

Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]

Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame

Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]

Kigali: Ibiganiro by’iminsi itatu byigaga ku mateka y’ibihugu byabayemo jenoside n’intambara byasojwe

Ikigo cy’ubushakashatsi n’ibikorwa bigamije amahoro(IRDP) kuri uyu wa 6 Mata 2018, ku bufatanye na Kaminuza yo muri Afurika y’Epfo, Stellenbosch cyasoje inama yahuzaga abashakashatsi batandukanye mu rwego rwo  kungurana ibitekerezo ku mateka y’ibihugu byagiye bibamo jenoside ndetse n’intambara. Umuyobozi wa IRDP, Dr. Eric Ndushabandi yavuze ko icyo iyi nama yari igamije ari ukureba aho urugendo […]

Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24

Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]

Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24

Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]

CNLG irasaba Abanyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka

Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Kurwanya Jenoside (CNLG) irasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibicishije ku rukuta rwayo rwan Twitter, CNLG yagize iti “Nk’uko twibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, turasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka bizajya bibera mu midugudu  muri iki cyumweru cyo kwibuka”. Umuhango […]