Canada: Abakinnyi 14 bapfiriye mu mpanuka ikomeye y’imodoka
Igipolisi cya Canada cyemeje ko abakinnyi 14 bakina umukino wa Hockey, bakinira mu rubura, bapfuye bishwe n’impanuka y’imodoka. Aba bakinnyi bapfuye ni ab’ikipe ya Humboldt Broncos, bus barimo ikaga yagonganye n’ikamyo mu gace ka Tisdale mu ntara ya Saskatchewan. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo igipolisi cya Canada cyemeje ko abantu 28 bari muri bus, 14 muri […]
Tanzania: Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) wibutse jenoside yakorewe Abatutsi- AMAFOTO
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) wifatanyije n’Abandi Banyarwanda bari muri Tanzania muri uwo muhango. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, umuryango wa EAC, ku bufatanye na Ambasade y’u Rwanda muri Tanzaniya, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u […]
Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside
Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]
Ishyaka 'Green Party' riramagana inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside
Itangazo ryasohowe n’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) ku wa 6 Mata 2018, riramaganira kure inyito zihabwa abana bavutse ku babyeyi bafashwe ku ngufu muri jenoside yakorewe Abatutsi, ko aho kububaka ahubwo zibatera ihungabana. Abana b’Interahamwe, abana b’amateka, abana b’urwibutso,… aya ngo ni amwe mu mazina aba bana bitwa, nka DGPR ikaba ibibona nko kubangamira uburenganzira […]
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, u Rwanda n’Isi yose bibutse ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, bityo n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ukaba wakoze uyu muhango i Addis Abeba. Mu gihe uyu muhango witabirwaga mu midugudu itandukanye igize igihugu, umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wo wawukoreye i Addis Abeba muri […]
Uko inzoga itakuriza uburiri bw’umubyeyi, niko itakuzanamo ingengabitekerezo ya jenoside utayisanganwe- Ubumanzi
Mu gihe Abanyarwanda n’isi yose bibuka ku ncuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu mudugudu w’Ubumanzi hagarutswe ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Umwe mu batanze ikiganiro, yiyamye abayigira bakabeshyera ubusinzi, maze ati, “Uko inzoga itakuriza uburiri bwa nyoko, niko itakuzanamo iyo ngengabitekerezo”. Ibiganiro kuri uyu wa 7 Mata byatangiye abantu bibuka, bazirikana, batanga ubuhamya; […]
Ese Habyarimana Juvenal yakoze Jenoside kandi yarabaye yaramaze gupfa?
Iki ni ikibazo umuyobozi wa Komisiyo Ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko bakunze kubazwa n’urubyiruko rw’abanyeshuri bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata […]
Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame
Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]
Kwibuka bijyana n'ukuri kandi bikajyana no kubaka igihugu cyacu- Perezida Kagame
Perezida Kagame avuga ko kwibuka bijyana n’ukuri ndetse no kubaka ubushobozi bw’Abanyarwanda ndetse ko n’abatibuka baba birengagiza uko kuri kw’ibyabaye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali […]
Amwe mu matariki yaranze jenoside yakorewe Abatutsi kuva ku iya 6 Mata kugera tariki ya 4 Nyakanga 1994
Mu gihe hibukwa jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 24, hari amatariki Abanyarwanda bazirikana kuva ku wa 6 Mata ubwo indege y’uwari Pezida, Juvenal Habyarimana yaraswaga, kugeza muri Nyakanga 1994, ubwo ingabo za FPR/Inkotanyi zafataga Umujyi wa Kigali. 6 Mata 1994 saa 20:25: Indege yari itwaye Abaperezida JuvĂ©nal Habyarimana na Ntaryamira Cyprien yarasiwe i Kanombe […]
Kigali: Ibiganiro by’iminsi itatu byigaga ku mateka y’ibihugu byabayemo jenoside n’intambara byasojwe
Ikigo cy’ubushakashatsi n’ibikorwa bigamije amahoro(IRDP) kuri uyu wa 6 Mata 2018, ku bufatanye na Kaminuza yo muri Afurika y’Epfo, Stellenbosch cyasoje inama yahuzaga abashakashatsi batandukanye mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku mateka y’ibihugu byagiye bibamo jenoside ndetse n’intambara. Umuyobozi wa IRDP, Dr. Eric Ndushabandi yavuze ko icyo iyi nama yari igamije ari ukureba aho urugendo […]
Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24
Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]
Minisitiri w'Umuco muri Senegal arifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 24
Minisitiri w’Umuco mu gihugu cya Senegal, Abdou Latif Coulibaly kuri uyu wa 7 Mata 2018, arifatanya n’Abanyarwanda bose mu muhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku inshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na Minisitero y’umuco na Siporo mu Rwanda, ngo uretse kwifatanya n’Abanyarwanda mu bikorwa byo kwibuka, biteganyijwe ko Minisitiri Coulibaly azagirana ibiganiro […]
CNLG irasaba Abanyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka
Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Kurwanya Jenoside (CNLG) irasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibicishije ku rukuta rwayo rwan Twitter, CNLG yagize iti “Nk’uko twibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, turasaba buri munyarwanda kwitabira ibiganiro byo kwibuka bizajya bibera mu midugudu  muri iki cyumweru cyo kwibuka”. Umuhango […]