Imirimo 10 ikomeye kandi ishyira mu kaga abayikora
Hanze aha hari imirimo yorohera abayikora nubwo bajya bavuga ngo nta mwuga utavuna nko kubyuka ugafata isakoshi irimo imashini ukajya mu biro aho uba ugira utya ukanafata agakombe k’ikawa ugakomeza kumererwa neza, ariko ku rundi ruhande hari imyuga ivuna abayikora ndetse ikanabashyira mu kaga ku buryo baba bashobora no kuyitakarizamo ubuzima. Dore imirimo 10 ya […]
Nyuma yogushinjwa kutita kubana, Diamond yatawe muriyombi azira gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni
Umuhanzi ukomeye mukarere Diamond Platnumz yatawe muri yombi azira gushyira ku mugaragaro amashusho asomana ndetse akanayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Ni kuri uyu wa 17 Mata 2018 ubwo Minisitiri w’Itumanaho muri Tanzania, Harrison Mwakwembe ubwo yagezaga ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko muri icyo gihugu aho yavuze ko uyu muhanzi yafunzwe aryozwa gukwirakwiza amashusho ahonyora umuco w’igihugu. […]
Nyuma yogushinjwa kutita kubana, Diamond yatawe muriyombi azira gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni
Umuhanzi ukomeye mukarere Diamond Platnumz yatawe muri yombi azira gushyira ku mugaragaro amashusho asomana ndetse akanayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Ni kuri uyu wa 17 Mata 2018 ubwo Minisitiri w’Itumanaho muri Tanzania, Harrison Mwakwembe ubwo yagezaga ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko muri icyo gihugu aho yavuze ko uyu muhanzi yafunzwe aryozwa gukwirakwiza amashusho ahonyora umuco w’igihugu. […]
Kigali: Bamwe mu baturage ntibumva ukuntu basorera inzu biyubakiye
Uyu mushinga w’itegeko rigena umusoro ku nzu zo guturwamo, ni ingingo leta y’u Rwanda ivuga ko igamije ineza y’abanyagihugu, kuko bavuga ko no mu bihugu byateye imbere birimo amerika n’ubwongereza abanyagihugu batanga uyu musoro. Gusa ariko bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Kigali baniyubakiye inzu zabo zikomeye, baravuga ko bazi neza akamaro k’umusoro ariko […]
Abayobozi bakomeye barimo na Perezida bazitabira ubukwe bwa Alikiba na Amina Rikesh
Umuhanzi wabigize umwuga mu karere k’Afurika y’uburasirazuba ndetse no muri Afurika yose muri rusange Abdul Kiba wamamaye nka Alikiba yatangaje ko ari kwitegura ubukwe bwe na Amina Rikesh umuna kenyakazi nawe w’icyamamare mu muziki mu mafoto yashyizwe hanze n’ikinamakuru Tuco.co.ke cyandikirwa muri Kenya agaragza uyu Alkiba arikumwe nabanyacyubahiro bakomeye harimo n’uwigeze kuyobora Tanzaniya Jakya Kikwete ndetse na […]
U Budage bwanze ko umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo abwinjiramo
Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen. James Ajonga Mawut yagiye kubagirwa impyiko muri Miiri nyuma y’aho u Budage bumwangiye kwinjira ku butaka bwabwo nk’uko byatangajwe n’abo mu muryango we. Umuvandimwe wa Gen Mawut witwa Ubeer Mawut, avuga ko bafashe umwanzuro wo kujya I Cairo banyuze muri Israel nyuma yo kumwa visa yo kwinjira mu […]
Toulouse: Urukiko rwahinduye izina ry’umwana wavutse ababyeyi bakamwita Jihad
Umucamanza ukurikirana ibibazo byo mu miryango mu mujyi wa Toulouse mu Bufaransa, kuri uyu wa Gatanu ushize yafashe icyemezo ko umwana w’umuhungu wavutse mu kwezi kwa munani, umwaka ushize, ababyeyi be bakamwita Jihad, bihinduka akitwa Jahid mu bitabo by’irangamimerere. Mu gihe ababyeyi b’uyu mwana bifuzaga gukomeza kumuhamagara Jihad mu kanwa, umucamanza yahisemo ku nyungu z’uyu […]
Congo yasubije u Rwanda abasirikare babiri binjiye ku butaka bwayo binyuranyije n’amategeko
Igisirikare cya Congo cyashyikirije u Rwanda abasirikare babiri ba RDF bafashwe binjiye ku butaka bwa Congo mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere, bakaba barafatiwe hafi y’ikibuga cy’indege cya Goma. Umuvugizi w’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru akaba avuga ko aba basirikare b’u Rwanda babiri binjiye ku butaka bwabo bafite […]
Minisitiri Kaboneka yahaye umukoro ubuyobozi bushya bw’Inama Nkuru y’Itangazamakuru
Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Mata 2018 ku biro bya minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) habereye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati y’Inama y’Ubuyobozi icyuye igihe n’inshyashya y’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC). Umuhango wari uhagarariwe na Minisitiri Francis kaboneka wabwiye abayobozi bashya ko bagomba gukorana imbaraga kugira ngo ibibazo rigifite bikemuke n’intambwe ryateye muri iyi myaka yongerwe. Inama y’Ubuyobozi […]
Hibutswe Abatutsi biciwe kuri kiliziya ya Ntarama
Ku cyumweru tariki ya 15 Mata 2018, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo Kwibuka Abatutsi biciwe kuri iyi kiliziya muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 24 iyi Jenoside yatwaye abasaga miliyoni imwe. Ni igikorwa cyabimburiwe n’urugendo rwo Kwibuka izi nzirakarengane rwahareye ahitwa […]
#Rwanda: Imvura imaze gutwara ubuzima bw’abasaga 41 n’inzu zirenga 2800
Minisiteri ishinzwe imicungire y’Ibiza n’Impunzi (MIDIMAR), itangaza ko ifite impungenge ko imvura imaze iminsi igwa igasenyera abaturage abandi ikabatwara ubuzima, mu gihe yakomeza kugwa yakwangiza ibirenze ibyo imaze gutwara. Imvura idasanzwe yaguye mu kwezi kwa Gatatu n’intangiriro y’ukwa kane, yatwaye ubuzima bw’abasaga 41, isenya inzu zisaga 2800 ndetse hanakomereka abasaga 100. Habinshuti Philippe, Umuyobozi w’Ishami ry’Imicungire y’Ibiza […]
Abarundi bandikiye Perezida Kagame bamusaba gukoresha ububasha afite Itegeko Nshinga ryabo ntirihindurwe
Bamwe mu banyapolitiki n’abahagarariye imiryango ya Politiki, bandikiye Perezida Kagame nk’umuyobozi mukuru w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bamusaba gukoresha ububasha afite, agahagarika umushinga Leta y’u Burundi ifite wo guhindura Itegeko Nshinga. Ni urwandiko rwateweho umukono n’Umunyapolitiki, Nestor Girukwishaka, umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ishyaka FNL/Amizero mu izina ry’umuyobozi mukuru Agathon Rwasa, umuyobozi wungirije mu Ishyaka […]
Uwahoze ayobora FBI avuga ko Donald Trump atari umuntu ukwiye kuba Perezida
Uwahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (PBI), James Comey, avuga ko Perezida Donald Trump atari umuntu ukwiriye kwitwa Perezida ashingiye ku mikorere ye n’imivugire, dore ko amushinja gutuka abagore abita ibipande by’inyama. Umwaka ushinze nibwo James Comey yavanwe ku buyobozi bwa FBI na Trump, kuva yawuvaho, nibwo yabashije kugira […]
Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n'icyerekezo
N’ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k’inyubako  nyinshi z’ubucuruzi zitakijyanye n’igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z’abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice […]
Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n'icyerekezo
N’ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k’inyubako  nyinshi z’ubucuruzi zitakijyanye n’igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z’abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice […]