Ubuhamya bwâUmurusiyakazi wabonye umusore wâUmwirabura bwa mbere afite imyaka 27
Umurusiyakazi wâimyaka 27 yâamavuko wavukiye akanakurira ahitwa KrasnoĂ ÂŻarsk, ubwo yageraga mu murwa mukuru i Moscou, nibwo yabashije kuba yabona isura yâumwirabura imbonankubona,ubwoba buramutaha. Anzhelika Viktoriya wâimyaka 27 yâamavuko ntabwo yari yarigeze abona umusore wâumwirabura kuva yavuka, avuga ko umutima we wari ugiye guhagarara ubwo Umunyamerika wâumwirabura witwa Jakson Lewis wâimyaka 30, yamwegeraga bahuriye mu kabyiniro. […]
Gatsibo: Umugabo akurikiranyweho kwiyicira umugore akiregura avuga ko ari amadayimoni yamwishe
Mu Kagari ka Mamfu , Umurenge wa Muhura ho mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yâumugabo witwa  Ndahayo Philibert ukekwaho nâ Ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugore we witwaga Uwamariya Delphine wahengereye baryamye, amunigisha umusego, kugeza ashizemo umwuka. Ibyo bikaba byarakozwe mu ijoro ryo ku itariki 10 Mata 2018. Mu myiregurire ye Ndahayo Philibert avuga ko […]
Centrafrika: Abantu 16 biciwe mu Kiliziya n'umusigiti
Ubwicanyi bwabaye ku wa Kabiri itariki ya 1 Gicurasi 2018, bwahitanye ubuzima bwâabantu 16 bari mu Kiliziya n’ Umusigiti biherereye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Centrafrika. Mu itangazo ryashyizwe hanze nâumuryango wâabaganga batagira umupaka (Medecins Sans Frontieres), ngo abantu bari bafite za gerenade baziteye mu kiliziya â Ă©glise Notre-Dame de Fatimaâ aho abantu banshi […]
Intare yamushinze umukaka ku gikanu, atabarwa itaramuhorahoza-AMAFOTO
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza witwa Mike Hodge yariwe n’intare nyuma yo kwinjira aho iba akagerageza gukina nayo. Mu mashusho ikinyamakuru The Sun kigaragaza, bigaragara KO uyu mugabo ari kugenda muri pariki ari kumwe n’ushinzwe gutembereza ba mukerarugendo basura pariki, gusa nyuma yo kumara igihe yirebera intare ndetse ayigenda inyuma, byaje kurangira imwigaranzuye iramwirukankana […]
Seninga yabonye indi kipe atoza nyuma yo gusezera muri Police Fc
Uwahoze ari umutoza mukuru w’ikipe ya Police Fc, Seninga Innocent yamaze gusinya amasezerano mashya yo gutoza ikipe ya Musanze FC. Nyuma y’uko byavuzwe ko Seninga ashobora kugirwa umutoza wungirije muri Rayon Sports si ko byagenze kuko kuri uyu wa 2 Gicurasi 2018, yasinye mu ikipe ya Musanze Fc akaba agiye gukomezanya nayo imikino isigaye ya […]
Urotonde rwâabakobwa 17 barimo guhatanira ikamba rya nyampinga (Miss Burundi 2018)
Akanama gashinzwe gutegura igikorwa cyo gutora Nyampinga wâu Burundi, karatangaza ko abakobwa 17 ari bo bari mu irushanwa, intara ya Kayanza niyo ifitemo benshi. Intara 10 nizo zabonye abakobwa baziserukira, iya Kayanza ifitemo abakobwa batatu muri 17. Intara ya Bubanza ihagarariwe n’abakobwa babiri, Bujumbura ni umwe, Bururi ni babiri, Gitega ni babiri, Kayanza ni batatu, […]
Min. Rwanyindo arasaba Abanyarwanda kurushaho kugura ibikorerwa iwabo
Minisitiri wâAbakozi ba Leta nâUmurimo(MIFOTRA), Fanfan Rwanyindo, arasaba ko hongerwa ubumenyi nâikoranabuhanga kugira ngo ibikorerwa mu Rwanda birusheho guhangana ku isoko, anasaba Abanyarwanda kurushaho kugura ibikorerwa iwabo. Min.Fanfan Rwanyindo yabitangarije mu karere ka Rubavu gaherereye mu Ntara yâUburengerezuba ubwo yitabiraga umunsi mpuzamahanga wâumurimo, uyu munsi itariki ya 1 Gicurasi 2018. Min. Rwanyindo yagize ati â Twongere […]
Diamond na Mobetto bashyize hanze ibyari bimaze iminsi bihishe- AMAFOTO
Umuhanzi Diamond Platnumz yafashe icyemezo cyo gusohokana Hamisa Mobetto nyuma y’igihe gito baciye amarenga y’uko bashobora kuba bari mu rukundo ruvuguruye ibi byose bikaba bikaze amaze gutandukana na Zari Hassan babanaga mu nzu. Diamond Platnumz na Hamisa Mobetto bagaragaye bishimanye aho bagiriye ikiruhuko muri hoteli yakataraboneka izwi nka ‘Slipway Hotel’ iherereye mu bilometero 7 uvuye […]
Umujyanama wa Perezida yakoze ikosa aho kwandika 'Six' yandika 'sex'
Hon. Tut Gatluak Manime, Umujyanama wa Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, ku bijyanye n’umutekano, yasezeye ku kazi nyuma yaho yibeshye mu myandikire akandika ijambo ritajyanye n’ibyo yandikaga. Aya makosa yakozwe ubwo Hon. Tut Gatluak Manime yandikaga ibaruwa isaba guhabwa amafaranga yo kwishyura ibiribwa byazanwe n’ikompanyi yari yaratsindiye isoko ryo kubigemura mu bice bitandukanye by’igihugu. […]
Virunga: Igitero cyagabwe na FDLR cyahitanye ubuzima bwâabantu benshi
Bitangazwa ko abarwanyi batanu bikekwa ko ari aba FDLR, abasirikare bane nâabandi bantu batanu basize ubuzima mu gitero bikekwa ko cyagabwe nâinyeshyamba za FDLR, ariko iyi mibare ikaba itavugwaho rumwe. Ni igitero cyagabwe ku wa 1 Gicurasi 2018, muri Pariki ya Virunga iherereye mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo […]
Ndi umukobwa wâimyaka 38 , nari mfite umukunzi anyita âIkimugaâ turashwana, ubu yangarukiye ngo dusubukure urukundo- NKORE IKI?
Muraho, amakuru? Nitwa Josiane ( izina ryahinduwe ) mbonye nimero yanyu kuri Bwiza.com numva ndasubijwe, ndanezerewe guhura namwe merci! Nanjye nifuzaga inama nkuko nabikubwiye nitwa Josiane, ndi umunyeshuri KHI ndi gusoza, ndi umukobwa w’imyaka 38 nkaba ndi umwe mu babana n’ubumuga bw’ingingo ku maguru. muri 2015 mu kwa 10 nakundanye nâumusore, turakundana pe karahava noneho […]
Karongi: Impunzi zo mu nkambi ya Kiziba zateye amabuye nâibyuma abapolisi
Polisi yâu Rwanda iratangaza ko yataye muri yombi abantu 23 nyuma yaho abapolisi bari ku irondo batewe amabuye nâibyuma nâabo mu nkambi ya Kiziba biganjemo abasore. Ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter kuri uyu wa Gatatu itariki ya 2 Gicurasi 2018, Polisi yâigihugu irasaba impunzi zo muri iyi nkambi ya Kiziba kubaho mu ituze zinubahiriza […]
Nyanza: Hateguwe umuhango wo kwibuka abishwe muri jenoside bajugunywe mu Kanyaru
Dukundane Family, ku bufatanye nâakarere ka Nyanza gaherereye mu Ntara yâAmajyepfo, bateguye igikorwa cyo kwibuka abishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, bajugunywe mu ruzi rwâAkanyaru. Iki gikorwa ngarukamwaka, kizaba ku wa Gatandatu, itariki ya 5 Gicurasi 2018, hakazashyirwa indabo mu mazi yâAkanyaru, hibukwa abahiciwe banasubizwa icyubahiro bambuwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umuhuzabikorwa wâiki gikorwa […]
Amerika ifite impungenge zâamatora ya kamarampaka ateganywa kuba mu Burundi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaza ko zitewe impungenge nâamatora ya Kamarampaka ateganyijwe kuba ku wa 17 Gicurasi 2018, mu Burundi, ko agamije kugumisha Perezida Nkurunziza ku butegetsi. Mu itangazo Amerika yasohoye kuri uyu wa Kabiri itariki ya 1 Gicurasi 2018, itangaza ko mu gihe Itegeko Nshinga ryaba ryahinduwe hakongerwa igihe cya manda zâumukuru wâigihugu […]