Muhanga: Abikorera baranenga RDB n’inzego z’ibanze kubaha serivisi mbi

Mu mahugurwa yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere (RDB) , yagenewe abikorera bo mu karere ka Muhanga na Kamonyi, agamije kubakangurira gutanga serivisi nziza no kwakira neza ababagana muri gahunda ya ‘Na yombi’, abikorera banenze RDB ndetse n’inzego z’ibanze kubaha serivisi mbi kandi ari bo babigisha kuyitanga neza. Mu byo abikorera banenze , harimo kuba abakozi […]

Se wa Diamond yababajwe n'uko Hamissa yakubitiwe mu buriri bw'umuhugu we

Nyuma yaho bimenyekanye ko Sanura Kasim, nyina wa Diamond, akubitiye Mobetto mu nzu ya Diamond amuhora ko yararanye n’umuhungu we, kuri ubu na se wa Diamond yagize icyo abivugaho. Tariki 13 Gicurasi 2018 nibwo Hamissa Mobetto yararanye na Diamond mu cyumba kimwe gusa mu gitondo ubwo nyina wa Diamond yajyaga gusuhuza umuhungu we, ubwo ni […]

Burundi: Abatoye YEGO mu matora ya kamarampaka ni 73,18%, bamwe mu banyapolitiki barabyamagana

Nyuma yaho komisiyo Ishinzwe Gutegura Amatora mu Burundi (CENI) ishyiriye hanze ibyavuye mu matora ya kamarampaka by’agateganyo, bamwe mu banyapolitiki bavuga ko aya matora atakozwe mu mucyo, n’ibyayavuyemo bakaba batabyemera. Mu kiganiro umuyobozi wungirije w’ishyaka Amizero y’Abarundi, Evariste Ngayimmpenda yagiranye n’abanyamakuru ku wa 21 Gicurasi 2018, yahamije ko ibyavuye mu matora birimo amakosa menshi, bakaba […]

Umuhuro wa perezida Trump na mugenzi we Kim Jong wazinduye igitaraganya uwa Koreya y’Epfo

Mu gihe perezida w’Amerika, Donald Trump yitegura guhura na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong bamaze iminsi baterana amagambo, perezida wa koreya y’Epfo, Moon Jae we yahise asura Amerika aho yagiranye ibiganiro na perezida Trump. Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu buryo bwatunguranye, uyu muperezida yaje n’indege ye yihariye, agasura ingoro ya perezidansi y’Amerika […]

Polisi y'u Rwanda yatangije icyumweru cyahariwe umutekano wo mu muhanda- AMAFOTO

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, Polisi y’u Rwanda yatangije Ibikorwa by’icyumweru cyahariwe umutekano wo mu muhanda bizibanda ku bukangurambaga bugenewe buri cyiciro cy’abakoresha umuhanda. Ubu bukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda, buzakorwa hagendewe ku nsanganyamatsiko igira iti ” menya, ubahiriza amategeko y’umuhanda urengere ubuzima”. Mu gutangiza iki cyumweru mu Mujyi wa […]

Umumotari yasambanyije umuzungu ku ngufu, bamufashe avuga ko yashakaga kumva uko bamera

Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kawempe yataye muri yombi umusore w’imyaka 29 y’amavuko wari ukurikiranyweho gusambanya ku ngufu umuzungu bamubaza icyabimuteye akavuga ko yumvaga afite amatsiko y’uko kuryamana n’umuzungu bimera. Uyu musore wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto, ngo yafashe ku ngufu uyu muzungu w’imyaka 19 ukomoka mu gihugu […]

Abo kwa rwigara basabye ko abo bareganwa mu idosiye imwe bazanwa bakaburanishirizwa hamwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, urukiko rwongeye kuburanisha abo mu muryango wa Rwigara ariko ababunganira bagaragaza imbogamizi z’uko hari abandi 4 bari mu idosiye imwe na bo ariko bakaba batarahamagajwe ngo baburanire hamwe kuko nibataboneka imyanzuro izabafatirwa ishobora kuzagira ingaruka no kuri aba. Abo muri uyu muryango ndetse […]

Nyamasheke: Umupasiteri wo muri ADEPR yasabye imbabazi uwo yahemukiye muri Jenoside

Nyuma y’imyaka 24, Umuryango wa pasiteri Rugerinyange Jean wo mu itorero rya ADEPR, Paruwasi ya Mugera n’uwa  Ntwarabashi Athanase  warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi idacana uwaka, yababariranye. Imbabazi bazihanye ku mugaragaro mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo, ubu ni mu kagari ka Mugera, […]

RDC: Abantu 10 bishwe n’inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda

Abantu 10 bishwe n’inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda zikaba zikorera ibikorwa bya Kinyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Izi nyeshyamba ziciye aba bantu ndetse zinasahura mu gace ka Mangboko muri Beni ku cyumweru tariki ya 2o Gicurasi 2018. Nk’uko umunyamabanga wa sosiyeti Sivile muri Beni, Janvier Kasayiryo yabitangarije Radiyo Okapi, ngo izi nyeshyamba […]

Igisirikare cya Congo cyasabye Uganda amasasu ngo kibone kuyirekurira abantu

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyemeye ko ari cyo cyashimuse abaturage 6 bo muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize ariko gisaba  ko Uganda yagiha amasasu kugira ngo kibarekure. Inkuru dukesha daily monitor ivuga ko igisirikare cya Congo cyasabye inzego z’ibanze z’akarere ka Rukungiri aho bariya bantu bashimutiwe, gisaba ko kugira ngo kibarekure ari […]