Perezida Kagame arasaba ubufatanye bw’ibihugu bigize SADC mu gukemura ibibazo by’umutekano muri Congo

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) arasaba ibihugu bigize umuryango w’Ubukungu muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) kugira uruhare mu gukemura ibibazo by’umutekano muke bikomeje kuzahaza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama ya SADC iteraniye mu gihugu cya  Namibia kuri uyu wa 17 […]

Ariana Grande yagize icyo avuga ku bivugwa ko yaba atwite

Umuririmbyi Ariana Grande Butera yatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba  atwite Atari ukuri. Nk’uko ikinyamakuru Toofab.com kibitangaza, ngo Ariana Grande asanga kuba abantu bagenda bahwihwisa ko yaba atwite bigaragara ko babimwifuriza ariko bitavuze ko ari ukuri. Yagize ati” Hari  toni nyinshi z’amagambo ku ngingo yo kuba ntwite. Biragaragara ko abantu bashaka ko ntwita. […]

Urutonde rw’ibigo 57 by’amashuri yisumbuye byabujijwe gutangira igihembwe cya Gatatu

Minisiteri y’uburezi mu Rwanda (Mineduc) itangaza ko hari ibigo 57 by’amashuri yisumbuye yasuzumye igasanga bishobora guteza ibibazo ababyigamo bityo biba bihagaritswe by’agateganyo gutangira igihembwe cya Gatatu. Ibi bibaye mu gihe haburaga iminsi itatu ngo abanyeshuri batangire igihembwe cya Gatatu, bityo ibigo byahagaritswe bikaba bizafungurwa nyuma y’icyumweru kimwe byarangije gukemura ibisabwa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku […]

Nyamasheke: Abakandida-Depite ba FPR/Inkotanyi bahawe umukoro mbere yo kwizezwa amajwi

Umurenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke ni wo wakiriye  abakandida Depite b’umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki yifatanije na wo mu bikorwa byo kwiyayamariza kujya mu Nteko Ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, abaturage bakaba babemereye kubatora ariko nabo babasaba kuzita ku kibazo bafite cy’umuhanda Bushenge-Nyabitekeri. Abakandida babiyeretse ni Uwamariya Rutijanwa PĂ©lagie, Pasiteri Senani Benoit […]

Perezida Kagame yakirwa muri Namibia aho yitabiriye inama ya SADC- REBA AMAFOTO

Ku wa 16 Kanama 2018, nibwo Perezida Kagame nk’umushyitsi w’imena, yageze mu gihugu cya Namibia aho yitabiriye inama ya 38 y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu muri Afurika yo mu Majyepfo (SADC). Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya ‘Hosea Kutako International Airport’ yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Netumbo Nandi-Ndaitwah, nyuma aza no kugirana […]

Anita Pendo arikoma abashoferi n’abamotari abashinja guhutaza abanyamaguru

Umunyamakuru Anita Pendo yamaganye imyitwarire y’abatwara imodoka n’amapikipiki abashinja kubangamira no guhutaza abanyamaguru mu muhanda. Mu kiganiro amenyerewemo kuri Radiyo, Magic Fm cyitwa’ Magic Morning’ kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Kanama 2018, Anita Pendo avuga ko abashoferi n’abamotari batajya boroherereza abanyamaguru kwambukiranya umuhanda kuko ngo ahubwo bongeza umuvuduko iyo babonye umunyamaguru abari imbere […]

Abanyapolitiki ntibiyumvisha uburyo umusivile Bobi Wine yaburanishwa n’urukiko rwa gisirikare

George Kanyeihamba, wahoze ari umukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Uganda, yavuze ko urukiko rwa gisirikare nta bubasha rufite bwo kuburanisha umunyapolitiki akaba n’umuhanzi uzwi cyane, Depite Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine. Ibi abitangaje nyuma y’iminsi itatu ishize uyu munyapolitiki afashwe ndetse n’umushoferi akaraswa. Yongeyeho ko nta n’ububasha rufite bwo kuburanisha Depite Kassiano Wadri uherutse […]

Jay Polly uri mu Buroko, yahaye umugore we isezerano rishya

Nyuma yaho umuraperi Jay Polly yari amaze iminsi mu buroko, kuva ejo tariki 16 kamena 2018 hakwirawkijwe amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu muraperi yaba yafunguwe ahanini bitewe n’amafoto yagaragaraga ku rukuta rwe rwa instagram. Mu kiganiro kihariye Umuvugizi akaba n’umugenzuzi w’inkiko , Harrison Mutabazi, yagiranye n’Igihe  dukesha iyi nkuru yavuze ko Jay Polly […]

Gukorana neza n’abaturage nibyo byatumye tuba aba Mbere- Meya Mbonyumvunyi

Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana, Radjabu Mbonyumuvunyi yashimangiye ko akarere ayobora kafashe ingamba zo gukorera hamwe n’abaturage kandi buri wese akabazwa inshingano ze mu kwesa imihigo, bakaba bafite icyizere ko bizatuma aka karere gahora ku isonga mu kwesa Imihigo. Meya Mbonyumuvunyi  Radjabu asanga kuba akarere  ka Rwamagana katarazaga mu myanya ya mbere, hari ibitaragendaga neza, ashimangira […]