Perezida Kagame arasaba ubufatanye bwâibihugu bigize SADC mu gukemura ibibazo byâumutekano muri Congo
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame akaba nâUmuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) arasaba ibihugu bigize umuryango wâUbukungu muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) kugira uruhare mu gukemura ibibazo byâumutekano muke bikomeje kuzahaza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama ya SADC iteraniye mu gihugu cya  Namibia kuri uyu wa 17 […]
Rubavu-Mahoko : Ubwitabire bwabaye bwinshi mu kwamamaza abakandida ba Green Party- Amafoto
 Â
Ariana Grande yagize icyo avuga ku bivugwa ko yaba atwite
Umuririmbyi Ariana Grande Butera yatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba atwite Atari ukuri. Nkâuko ikinyamakuru Toofab.com kibitangaza, ngo Ariana Grande asanga kuba abantu bagenda bahwihwisa ko yaba atwite bigaragara ko babimwifuriza ariko bitavuze ko ari ukuri. Yagize atiâ Hari  toni nyinshi zâamagambo ku ngingo yo kuba ntwite. Biragaragara ko abantu bashaka ko ntwita. […]
Urutonde rwâibigo 57 byâamashuri yisumbuye byabujijwe gutangira igihembwe cya Gatatu
Minisiteri yâuburezi mu Rwanda (Mineduc) itangaza ko hari ibigo 57 by’amashuri yisumbuye yasuzumye igasanga bishobora guteza ibibazo ababyigamo bityo biba bihagaritswe byâagateganyo gutangira igihembwe cya Gatatu. Ibi bibaye mu gihe haburaga iminsi itatu ngo abanyeshuri batangire igihembwe cya Gatatu, bityo ibigo byahagaritswe bikaba bizafungurwa nyuma yâicyumweru kimwe byarangije gukemura ibisabwa. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyo ku […]
Nyamasheke: Abakandida-Depite ba FPR/Inkotanyi bahawe umukoro mbere yo kwizezwa amajwi
Umurenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke ni wo wakiriye abakandida Depite bâumuryango FPR Inkotanyi nâindi mitwe ya politiki yifatanije na wo mu bikorwa byo kwiyayamariza kujya mu Nteko Ishinga amategeko umutwe wâAbadepite, abaturage bakaba babemereye kubatora ariko nabo babasaba kuzita ku kibazo bafite cyâumuhanda Bushenge-Nyabitekeri. Abakandida babiyeretse ni Uwamariya Rutijanwa PĂ©lagie, Pasiteri Senani Benoit […]
Perezida Kagame yakirwa muri Namibia aho yitabiriye inama ya SADC- REBA AMAFOTO
Ku wa 16 Kanama 2018, nibwo Perezida Kagame nk’umushyitsi w’imena, yageze mu gihugu cya Namibia aho yitabiriye inama ya 38 yâAbakuru bâIbihugu na Guverinoma bihuriye mu Muryango wâUbukungu muri Afurika yo mu Majyepfo (SADC). Ubwo yageraga ku kibuga cyâindege cya âHosea Kutako International Airportâ yakiriwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Netumbo Nandi-Ndaitwah, nyuma aza no kugirana […]
Anita Pendo arikoma abashoferi nâabamotari abashinja guhutaza abanyamaguru
Umunyamakuru Anita Pendo yamaganye imyitwarire yâabatwara imodoka nâamapikipiki abashinja kubangamira no guhutaza abanyamaguru mu muhanda. Mu kiganiro amenyerewemo kuri Radiyo, Magic Fm cyitwaâ Magic Morningâ kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Kanama 2018, Anita Pendo avuga ko abashoferi nâabamotari batajya boroherereza abanyamaguru kwambukiranya umuhanda kuko ngo ahubwo bongeza umuvuduko iyo babonye umunyamaguru abari imbere […]
Abanyapolitiki ntibiyumvisha uburyo umusivile Bobi Wine yaburanishwa nâurukiko rwa gisirikare
George Kanyeihamba, wahoze ari umukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Uganda, yavuze ko urukiko rwa gisirikare nta bubasha rufite bwo kuburanisha umunyapolitiki akaba n’umuhanzi uzwi cyane, Depite Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine. Ibi abitangaje nyuma yâiminsi itatu ishize uyu munyapolitiki afashwe ndetse nâumushoferi akaraswa. Yongeyeho ko nta n’ububasha rufite bwo kuburanisha Depite Kassiano Wadri uherutse […]
Jay Polly uri mu Buroko, yahaye umugore we isezerano rishya
Nyuma yaho umuraperi Jay Polly yari amaze iminsi mu buroko, kuva ejo tariki 16 kamena 2018 hakwirawkijwe amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu muraperi yaba yafunguwe ahanini bitewe n’amafoto yagaragaraga ku rukuta rwe rwa instagram. Mu kiganiro kihariye Umuvugizi akaba nâumugenzuzi wâinkiko , Harrison Mutabazi, yagiranye n’Igihe dukesha iyi nkuru yavuze ko Jay Polly […]
Gukorana neza nâabaturage nibyo byatumye tuba aba Mbere- Meya Mbonyumvunyi
Umuyobozi wâakarere ka Rwamagana, Radjabu Mbonyumuvunyi yashimangiye ko akarere ayobora kafashe ingamba zo gukorera hamwe nâabaturage kandi buri wese akabazwa inshingano ze mu kwesa imihigo, bakaba bafite icyizere ko bizatuma aka karere gahora ku isonga mu kwesa Imihigo. Meya Mbonyumuvunyi  Radjabu asanga kuba akarere ka Rwamagana katarazaga mu myanya ya mbere, hari ibitaragendaga neza, ashimangira […]