Umuryango wahisemo kubana nâinyamaswa- AMAFOTO
Dr. Prakash Amte nâumugore we Dr. Mandakini Amte batuye i Hemalkasa mu gace kâicyaro ka Maharashtra ho mu Buhinde babayeho mu buzima butangarirwa na benshi aho bafasha inyamaswa nâabantu mu buryo butandukanye. Dr Prakash avuga ko umushinga we wo gufasha inyamaswa yise âBiradari Prakalp â watangiye mu mwaka wa 1973 avura abaturage babaga bafite ibibazo bitandukanye […]
Ibya Angelina Jolie na Brad Pitt bikomeje gufata indi ntera
Icyamamare mu gukina filimi, Angelina Jolie nâuwahoze ari umugabo we, Brad Pitt kugeza ubu bamaze kwemeranya ibijyanye nâigihe umugabo yemerewe ngo abonane  nâabana babo batandatu. Aba bombi bemeje ko bihaye igihe cyâukwezi kumwe mu gihe  umuhanga mu byâubuzima bwo mu mutwe nâibyimyitwarire agikusanya amakuru kuri bo ndetse no kubana babo. Ikinyamakuru Justjared dukesha iyi nkuru […]
BITUNGURANYE, Green Party isubitse gahunda yo kwiyamamariza i Gisagara
Mu gihe abayobozi b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Bari babukereye bakazindukira i Save kwiyamamaza, iki gikorwa gihagaritswe no kuba ibikorwa byose by’ubucuruzi n’ibindi bisanzwe bihabera byari byahagaritswe uyu munsi. Kwamamaza abakandida ba Green Party mu karere ka Gisagara byari biteganyijwe mu gasantere ka Rwanza, ahari n’isoko, iguriro ry’inka, n’ibindi bikorwa binyuranye by’ubucuruzi, kakaba […]
Bobi Wine yarize mu rukiko ubwo yahanagurwagaho icyaha kimwe- REBA VIDEO
Umuhanzi Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yarize mu rukiko nyuma yo guhanagurwaho nâurukiko icyaha cyo gutunga imbunda n’amasasu mu buryo butemewe n’amategeko yashinjwaga. Ubwo yagezwaga mu rukiko rwa gisirikare rwa Gulu, mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 23 Kanama 2018, nibwo yahanaguweho icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe nâamategeko, […]
Save: DGPR irashinja abayobozi kubuza abaturage kugera aho yagombaga kwiyamamariza
Ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite bââishyaka riharanira Demokarasi nâIbidukikije (DGPR) byari biteganyijwe kuri uyu wa Kane, itariki 23 Kanama mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, mu Gasantere ka Rwanza, byasubitswe nyuma yo kugera aho bagombaga kwiyamamariza bagasanga nta muturage nâumwe uharangwa. Inzego zâibanze zirashinjwa kubigiramo uruhare. Kuri uyu wa Kane nibwo abakandida ba […]
Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu ikakaye
Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu abasaba kurangwa nâimico yahoze ibaranga mu gihe bitegura amatora yo mu mwaka wa 2020. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wâintsinzi ya Demokarasi mu Burundi, hizihizwa imyaka itatu ishize Abarundi ngo bitoreye inzego zâubuyobozi, nibwo Nkurunziza yabasabye gutegura neza amatora ari imbere birindi kugendera ku byâibindi bihugu. Mu ijambo yagejeje ku […]
Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka â Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aremeza ko niyo warwanya ruswa ute udashobora kuyirandura. Ni mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya CNBC Africa. Nubwo Perezida Kagame amaze kumenyerwaho kutarebera ruswa, yemera ko sosiyete izahora irangwamo udusigisigi twa ruswa. Ati: â Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka .â Muri iki kiganiro yagiranye nâukuriye porogaramu za […]
Kampala: Abaturage basabye ko Bob Wine yakwitwa Perezida, Umugore we akitwa âFirst Ladyâ
Abakiristu ba katederali ya Rubaga mu mujyi wa Kampala basabye umugore wa Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bob Wine ari we Barbie Kyagulanyi Itungo ko yareka kumwita andi mazina ahubwo yazajya amwita perezida maze nawe akitwa âFirst Ladyâ. Ibi byabaye ubwo hitegurwaga amasengesho yo gusabira Bob Wine maze bamwe mu bakiritsitu batangira gutanga ibyubahiro […]
RRA irahumuriza abaturage bafite impungenge zâubwishyu bwâimisoro yâubukode bwâubutaka
Ikigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro (RRA) cyahumurije abaturage bari bafite impungenge zo kwamburwa amasambu yabo kubera ko bananiwe kwishyura imisoro yâubutaka, aho kivuga ko umuturage uzagaragaza ko adafite ubushobozi bwo gutanga iyi misoro azegera inzego zibishinzwe zikamufasha. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu avuga kubyo ikigo cyâigihugu gishinzwe imisoro nâamahoro kimaze kugeraho nyuma yâimyaka […]
Rusizi: Baravuga imyato FPR/ Inkotanyi yabakijije Interahamwe nâimpuzamugambi zari zarabazengereje
Abaturage bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bavuga ko ikibatindiye ari itariki gusa ngo bashyire igikumwe  ku gipfunsi bitorere abakandida depite bâumuryango FPR Inkotanyi nâamashyaka yishyize hamwe na wo, bakabihera ku mutekano usesuye bafite nyuma yâigihe ngo batazibagirwa bigeze kujya barara badasinziriye kubera Interahamwe nâImpuzamugambi zababuzaga amahwemo. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe […]
Uganda: Gen Kale Kayihura mu nzira zerekeza mu rukiko nyuma yâamezi asaga abiri afunze
Uwahoze ari umukuru wâIgipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kuri uyu wa Kane ashobora kugezwa bwa mbere imbere yâurukiko rwa gisirikare nyuma yâamezi asaga abiri afunze, aho ashobora gushinjwa ibyaha bigera kuri bine nkâuko amakuru yagiye ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu avuga. Gen Kale Kayihura wamaze imyaka 13 akuriye igipolisi cya Uganda […]
Karongi: Polisi yafashe amabaro 90 yâimyenda yacaguwa yinjiye mu gihugu mu buryo bwa magendu
Mubikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu kuri uyu wa kabiri tariki 21 Kanama Polisi mu karere ka Karongi yafashe imodoka yo mu bwoko bwa Fuso RAC 915 I ipakiye amabaro 90 yâ imyenda ya caguwa byinjiye mu gihugu muburyo bunyuranyije nâamategeko. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba Chief Inspector of Police (CIP) Innocent Gasasira, yavuze […]
Ubuhamya: Umusore wifuza ubukire yategetswe n'umupfumu gusambana na nyina buri cyumweru
Banda Yvonne, ni umugore wâimyaka 52 yâamavuko, akomoka mu gihugu cya Zambia. Uyu mugore avuga ko buri wa Gatatu agomba kuryamana nâumuhungu we, ibi ngo bikaba bibongerera ubukire, imyaka ikaba yihiritse ari 14 nta cyumweru cyashira bataryamanye. Uyu mugore uherutse gutungura abantu akerura ko aryamana nâumwana we atatangarije amazina guhera mu myaka 14 ishize, avuga […]