Umuryango wahisemo kubana n’inyamaswa- AMAFOTO

Dr. Prakash Amte n’umugore we Dr. Mandakini Amte batuye i Hemalkasa mu gace k’icyaro ka Maharashtra ho mu Buhinde babayeho mu buzima butangarirwa na benshi aho bafasha inyamaswa n’abantu mu buryo butandukanye. Dr Prakash avuga ko umushinga we wo gufasha inyamaswa yise ‘Biradari Prakalp ‘ watangiye mu mwaka wa 1973 avura abaturage babaga bafite ibibazo bitandukanye […]

Ibya Angelina Jolie na Brad Pitt bikomeje gufata indi ntera

Icyamamare  mu gukina filimi, Angelina Jolie n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt kugeza ubu bamaze kwemeranya ibijyanye n’igihe umugabo yemerewe ngo abonane  n’abana babo batandatu. Aba bombi bemeje ko bihaye igihe cy’ukwezi kumwe mu gihe   umuhanga mu by’ubuzima bwo mu mutwe n’ibyimyitwarire agikusanya amakuru kuri bo ndetse no kubana babo. Ikinyamakuru  Justjared dukesha iyi nkuru […]

BITUNGURANYE, Green Party isubitse gahunda yo kwiyamamariza i Gisagara

Mu gihe abayobozi b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Bari babukereye bakazindukira i Save kwiyamamaza, iki gikorwa gihagaritswe no kuba ibikorwa byose by’ubucuruzi n’ibindi bisanzwe bihabera byari byahagaritswe uyu munsi. Kwamamaza abakandida ba Green Party mu karere ka Gisagara byari biteganyijwe mu gasantere ka Rwanza, ahari n’isoko, iguriro ry’inka, n’ibindi bikorwa binyuranye by’ubucuruzi, kakaba […]

Bobi Wine yarize mu rukiko ubwo yahanagurwagaho icyaha kimwe- REBA VIDEO

Umuhanzi Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yarize mu rukiko nyuma yo guhanagurwaho n’urukiko icyaha cyo gutunga imbunda n’amasasu mu buryo butemewe n’amategeko yashinjwaga. Ubwo yagezwaga mu rukiko rwa gisirikare rwa Gulu, mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 23 Kanama 2018, nibwo yahanaguweho icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, […]

Save: DGPR irashinja abayobozi kubuza abaturage kugera aho yagombaga kwiyamamariza

Ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’’ishyaka riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) byari biteganyijwe kuri uyu wa Kane, itariki 23 Kanama mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, mu Gasantere ka Rwanza, byasubitswe nyuma yo kugera aho bagombaga kwiyamamariza bagasanga nta muturage n’umwe uharangwa. Inzego z’ibanze zirashinjwa kubigiramo uruhare. Kuri uyu wa Kane nibwo abakandida ba […]

Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu ikakaye

Perezida Nkurunziza yaciriye Abarundi imigani itanu abasaba kurangwa n’imico yahoze ibaranga mu gihe bitegura amatora yo mu mwaka wa 2020. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’intsinzi ya Demokarasi mu Burundi, hizihizwa imyaka itatu ishize Abarundi ngo bitoreye inzego z’ubuyobozi, nibwo Nkurunziza yabasabye gutegura neza amatora ari imbere birindi kugendera ku by’ibindi bihugu. Mu ijambo yagejeje ku […]

Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka — Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aremeza ko niyo warwanya ruswa ute udashobora kuyirandura. Ni mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya CNBC Africa. Nubwo Perezida Kagame amaze kumenyerwaho kutarebera ruswa, yemera ko sosiyete izahora irangwamo udusigisigi twa ruswa. Ati: “ Ntushobora kwica ruswa burundu, ariko ushobora kuyigabanya bishoboka .” Muri iki kiganiro yagiranye n’ukuriye porogaramu za […]

Kampala: Abaturage basabye ko Bob Wine yakwitwa Perezida, Umugore we akitwa ‘First Lady’

Abakiristu ba katederali ya Rubaga mu mujyi wa Kampala basabye umugore wa Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bob Wine ari we Barbie Kyagulanyi Itungo ko yareka kumwita andi mazina ahubwo yazajya amwita perezida maze nawe akitwa ‘First Lady’. Ibi byabaye ubwo hitegurwaga amasengesho yo gusabira Bob Wine maze bamwe mu bakiritsitu  batangira  gutanga ibyubahiro […]

RRA irahumuriza abaturage bafite impungenge z’ubwishyu bw’imisoro y’ubukode bw’ubutaka

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyahumurije abaturage bari bafite impungenge zo kwamburwa amasambu yabo kubera ko bananiwe kwishyura imisoro y’ubutaka, aho kivuga ko umuturage uzagaragaza ko adafite ubushobozi bwo gutanga iyi misoro azegera inzego zibishinzwe zikamufasha. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu avuga kubyo ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kimaze kugeraho nyuma y’imyaka […]

Rusizi: Baravuga imyato FPR/ Inkotanyi yabakijije Interahamwe n’impuzamugambi zari zarabazengereje

Abaturage bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bavuga ko ikibatindiye ari itariki gusa ngo bashyire igikumwe  ku gipfunsi bitorere abakandida depite b’umuryango FPR Inkotanyi  n’amashyaka yishyize hamwe na wo, bakabihera ku mutekano usesuye bafite nyuma y’igihe ngo batazibagirwa bigeze kujya barara badasinziriye kubera Interahamwe n’Impuzamugambi zababuzaga amahwemo. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe […]

Uganda: Gen Kale Kayihura mu nzira zerekeza mu rukiko nyuma y’amezi asaga abiri afunze

Uwahoze ari umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kuri uyu wa Kane ashobora kugezwa bwa mbere imbere y’urukiko rwa gisirikare nyuma y’amezi asaga abiri afunze, aho ashobora gushinjwa ibyaha bigera kuri bine nk’uko amakuru yagiye ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu avuga. Gen Kale Kayihura wamaze imyaka 13 akuriye igipolisi cya Uganda […]

Ubuhamya: Umusore wifuza ubukire yategetswe n'umupfumu gusambana na nyina buri cyumweru

Banda Yvonne, ni umugore w’imyaka 52 y’amavuko, akomoka mu gihugu cya Zambia. Uyu mugore avuga ko buri wa Gatatu agomba kuryamana n’umuhungu we, ibi ngo bikaba bibongerera ubukire, imyaka ikaba yihiritse ari 14 nta cyumweru cyashira bataryamanye. Uyu mugore uherutse gutungura abantu akerura ko aryamana n’umwana we atatangarije amazina guhera mu myaka 14 ishize, avuga […]