Nzakomeza guhangana nâiyo napfa ngerageza-Bobi Wine
Umudepite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko adateze kuva ku izima ngo areke kuvugira rubanda kabone nâiyo yahasiga ubuzima. Mu kiganiro cyihariye na BBC aho ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,uyu mudepite yavuze ko kuba yarakorewe iyyicarubozo ubwo yari ari muri gereza bitatuma areka umugambi we wo kurwanira ukishyira ukizana kwa […]
Umushinwa yafatiwe muri Kenya ashinjwa kugereranya Perezida Kenyatta nâinkende
Umucurizi ukomoka mu Bushinwa, yafatiwe muri Kenya ashinjwa irondaruhu, agereranya abaturage ba Kenya ndetse na Perezida wabo, Uhuru Kenyatta nâinkende. Ubu butumwa bwâirondaruhu, umushinwa witwa Liu Jiaqi yabucishije ku rukuta rwe rwa Twitter, muri video imara iminota ibiri nâigice. Urwego rushinzwe abinjira nâabasohoka muri Kenya, rutangaza ko uyu mugabo ushinjwa iri rondaruhu, yambuwe uruhushya rwamwemereraga […]
Perezida Trump yise Imbwa umunyamakuru wa âThe New York Timesâ
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyamakuru wa â The New York Timesâ ari Imbwa nyuma yo kumutangazaho inkuru avuga ko itarimo ubunyamwuga. Ibi byakuruwe nâinkuru yatangajwe kuri iki kinyamakuru, ivuga ko umwe mu bayobozi bakomeye mu biro bya Perezida Trump utatangajwe amazina, ngo yavuze ko bamwe mu bategetsi bakomeje […]
Reba Video: Umusore w'i Nyamirambo yateye icyuma umukunzi we ahita apfa
Ntazinda Yves utuye mu Mudugudu wa Gatare, Akagali ka Kagarama, Umurenge wa Nyamirambo, akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi Kigali, arashinjwa gutera icyuma akica umukobwa bivugwa ko bakundanaga. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 5 Nzeri 2018, nibwo inkuru y’urupfu rwa Dusabe Francine bivugwa ko yakundanaga na Ntazinda yamenyekanye. Aho ngo uyu mukobwa yakoraga […]
Komisiyo ya Loni yiteguye gutangaza amazina yâabantu baregwa ubwicanyi mu Burundi
Abashinzwe iperereza bâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Kane, itariki 05 Nzeri batangaje ko ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu bikomeje mu Burundi, ndetse bamagana amagambo yâurwango aherutse gutangazwa na perezida Nkurunziza. Iyi komisiyo ikaba yiteguye gushyira ahagaragra amazina yâabantu baregwa ubwicanyi muri iki gihugu. Aba bakozi ba Loni bavuze ko uku guhonyora uburenganzira bwa muntu […]
Diamond Platnumz ahamya ko Hamisa Mobetto yashatse kumuroga
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko yemera ibyavuzwe ko umugore babyaranye, Hamisa Mobetto yagiye mu bapfumu ashaka kumuroga we nâumuryango we. Mu kiganiro cyitwa Refresh kuri Wasafi TV,Diamond avuga ko nawe amajwi yumvikanamo Mobetto aganira nâumupfumu yayakiriye kandi yemeza ko ari aya Mobetto. Atiâ Ushaka kujya ku mupfumu ngo undonge njye na mama wanjye, ndabona mama […]
Urutonde rwâabagore 24 batorewe guhagararira abandi mu Nteko Nshingamategeko
Kuva ku wa 2 Nzeri 2018, Abanyarwanda baba abari mu gihugu no mu mahanga, bari mu gikorwa cyo gutora abadepite mu byiciro bitandukanye, Komisiyo yâigihugu yâAmatora (NEC) ikaba yasohoye urutonde rwâabagore batsindiye guhagararira abandi mu Nteko. Â Abagore batowe: Umujyi wa Kigali Ndangiza Madina 87.2 Kanyange Phoebe 84.2 Abagore batowe: Intara y’Amajyaruguru MUREKATETE Marie Therese […]
Gasabo: Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya
Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo barataka ikibazo cyâinzara bavuga ko ibugarije dore ko ngo bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya basanzwe bahabwaga buri kwezi. Hashize imyaka itanu aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe aha mu mudugudu wa Gitega mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana yâakarere […]
Bobi Wine yiteguye kugirana ikiganiro nâitangazamakuru mpuzamahanga I Washington
Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye kwivuriza nyuma yo gukubitwa nâabashinzwe umutekano muri Uganda, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri arateganya kugirana ikiganiro nâitangazamakuru I Washington saa kumi nâimwe zâumugoroba. Hon. Robert Kyagulanyi uhagarariye akarere ka Kyadondo mu nteko ishinga amategeko , ngo […]
Ngoma: Babiri barimo uwakoraga ibiraka muri REG barashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi
Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri, 2018, Polisi yâ u Rwanda ifatanyije nâabaturage nâinzego zâumutekano zikorera mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Karenge, yafashe abagabo babiri bakekwaho ubujura bwâibikoresho byâamashanyarazi. Nkâuko bitangazwa nâumuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire, aba bagabo bafatiwe mu mukwabo wari […]
Loni ishinja Perezida Nkurunziza gushumuriza Imbonerakure abatavuga rumwe na we
Komisiyo yashyizweho nâUmuryango wâAbibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ryâuburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi, ishyira ku isonga Perezida Nkurunziza kuba ku isonga mu kubiba urwango. Ibyavuye muri iri perereza byatangajwe i Geneve mu Busuwisi ku wa 5 Nzeri 2018, bagaragaza ihohoterwa ryakorewe ikiremwamuntu mu mwaka ushize ndetse nâaho uyu wa 2018, ugeze. Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa RFI, itangaz […]
Umutekano mu bihe byâAmatora wabaye ntamakemwa
Polisi yâu Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda Commissioner of Police (CP) Theos Badege avuga ko mu bihe byâaya matora nta cyaha cyagaragaye haba mu baturage ndetse no mu mutekano wo mu muhanda. Yagize ati â uhereye igihe ibikorwa byo kwiyamamaza […]