Nzakomeza guhangana n’iyo napfa ngerageza-Bobi Wine

Umudepite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko adateze kuva ku izima ngo areke kuvugira rubanda kabone n’iyo yahasiga ubuzima. Mu kiganiro  cyihariye na BBC aho ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,uyu mudepite yavuze ko kuba yarakorewe iyyicarubozo ubwo yari ari muri gereza bitatuma areka umugambi we wo kurwanira ukishyira ukizana kwa […]

Umushinwa yafatiwe muri Kenya ashinjwa kugereranya Perezida Kenyatta n’inkende

Umucurizi ukomoka mu Bushinwa, yafatiwe muri Kenya ashinjwa irondaruhu, agereranya abaturage ba Kenya ndetse na Perezida wabo, Uhuru Kenyatta n’inkende. Ubu butumwa bw’irondaruhu, umushinwa witwa Liu Jiaqi yabucishije ku rukuta rwe rwa Twitter, muri video imara iminota ibiri n’igice. Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Kenya, rutangaza ko uyu mugabo ushinjwa iri rondaruhu, yambuwe uruhushya rwamwemereraga […]

Perezida Trump yise Imbwa umunyamakuru wa ‘The New York Times’

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyamakuru wa ‘ The New York Times’ ari Imbwa nyuma yo kumutangazaho inkuru avuga ko itarimo ubunyamwuga. Ibi byakuruwe n’inkuru yatangajwe kuri iki kinyamakuru, ivuga ko umwe mu bayobozi bakomeye mu biro bya Perezida Trump utatangajwe amazina, ngo yavuze ko bamwe mu bategetsi bakomeje […]

Reba Video: Umusore w'i Nyamirambo yateye icyuma umukunzi we ahita apfa

Ntazinda Yves utuye mu Mudugudu wa Gatare, Akagali ka Kagarama, Umurenge wa Nyamirambo, akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi Kigali, arashinjwa gutera icyuma akica umukobwa bivugwa ko bakundanaga. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 5 Nzeri 2018, nibwo inkuru y’urupfu rwa Dusabe Francine bivugwa ko yakundanaga na Ntazinda yamenyekanye. Aho ngo uyu mukobwa yakoraga […]

Komisiyo ya Loni yiteguye gutangaza amazina y’abantu baregwa ubwicanyi mu Burundi

Abashinzwe iperereza b’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kane, itariki 05 Nzeri batangaje ko ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu bikomeje mu Burundi, ndetse bamagana amagambo y’urwango aherutse gutangazwa na perezida Nkurunziza. Iyi komisiyo ikaba yiteguye gushyira ahagaragra amazina y’abantu baregwa ubwicanyi muri iki gihugu. Aba bakozi ba Loni bavuze ko uku guhonyora uburenganzira bwa muntu […]

Diamond Platnumz ahamya ko Hamisa Mobetto yashatse kumuroga

Umuhanzi Diamond Platnumz  yatangaje ko yemera ibyavuzwe ko umugore babyaranye, Hamisa Mobetto yagiye mu bapfumu ashaka kumuroga we n’umuryango we. Mu kiganiro cyitwa Refresh kuri Wasafi TV,Diamond avuga ko nawe amajwi yumvikanamo Mobetto aganira n’umupfumu yayakiriye kandi yemeza ko ari aya Mobetto. Ati” Ushaka kujya ku mupfumu ngo undonge njye na mama wanjye, ndabona mama […]

Urutonde rw’abagore 24 batorewe guhagararira abandi mu Nteko Nshingamategeko

Kuva ku wa 2 Nzeri 2018, Abanyarwanda baba abari mu gihugu no mu mahanga, bari mu gikorwa cyo gutora abadepite mu byiciro bitandukanye, Komisiyo y’igihugu y’Amatora (NEC) ikaba yasohoye urutonde rw’abagore batsindiye guhagararira abandi mu Nteko.   Abagore batowe: Umujyi wa Kigali Ndangiza Madina 87.2 Kanyange Phoebe 84.2 Abagore batowe: Intara y’Amajyaruguru MUREKATETE Marie Therese […]

Gasabo: Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya

Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo barataka ikibazo cy’inzara bavuga ko ibugarije dore ko ngo bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya basanzwe bahabwaga buri kwezi. Hashize imyaka itanu aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe aha mu mudugudu wa Gitega mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana y’akarere […]

Bobi Wine yiteguye kugirana ikiganiro n’itangazamakuru mpuzamahanga I Washington

Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye kwivuriza nyuma yo gukubitwa n’abashinzwe umutekano muri Uganda, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri arateganya kugirana ikiganiro n’itangazamakuru I Washington saa kumi n’imwe z’umugoroba. Hon. Robert Kyagulanyi uhagarariye akarere ka Kyadondo mu nteko ishinga amategeko , ngo […]

Ngoma: Babiri barimo uwakoraga ibiraka muri REG barashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi

Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri, 2018, Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’abaturage n’inzego z’umutekano zikorera  mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Karenge, yafashe abagabo babiri bakekwaho ubujura bw’ibikoresho by’amashanyarazi. Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire, aba bagabo bafatiwe mu mukwabo wari […]

Loni ishinja Perezida Nkurunziza gushumuriza Imbonerakure abatavuga rumwe na we

Komisiyo yashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi, ishyira ku isonga Perezida Nkurunziza kuba ku isonga mu kubiba urwango. Ibyavuye muri iri perereza byatangajwe i Geneve mu Busuwisi ku wa 5 Nzeri 2018, bagaragaza ihohoterwa ryakorewe ikiremwamuntu mu mwaka ushize ndetse n’aho uyu wa 2018, ugeze. Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa RFI, itangaz […]

Umutekano mu bihe by’Amatora wabaye ntamakemwa

Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) Theos Badege avuga ko mu bihe by’aya matora nta cyaha cyagaragaye haba mu baturage ndetse no mu mutekano wo mu muhanda. Yagize ati “ uhereye igihe ibikorwa byo kwiyamamaza […]