Kwita Izina 2018: Minisitiri wâIntebe yasabye abashoramari kurushaho gushora mu bukerarugendo
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Nzeri 2018, mu Kinigi mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo Kwita Izina abana bâingagi 23, aho umushyitsi mukuru muri uyu muhango yari minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente wari uhagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aho yasabye abashoramari kurushaho gushora mu bukerarugendo bikazatuma abasura u Rwanda bahamara igihe kirekire. […]
Rihanna yagaragaje amarangamutima afitiye Chris Brown uri mu nkundura nâuwo babyaranye
Muri iki gihe umuhanzi Chris Brown ahanganye nâuwo babyaranye , Nia Guzman bapfa indezo yâumwana,Umuhanzi Rihanna yatangaje ko azi neza ko Chris Brown azakemura ibi bibazo ku buryo bukwiriye nk’umubyeyi. Imwe mu nshuti za hafi za Rihanna nkâuko Hollywoodlife ibitangaza, yavuze ko Rihanna yifatanyije nâuwahoze ari umukunzi we muri ibi bihe yajyanywe mu nkiko na […]
Brazil: Uhabwa amahirwe yo gutsinda amatora ya perezida yatewe icyuma ari kwiyamamaza
Umwe mu biyamamariza umwanya wâumukuru wâigihugu unahabwa amahirwe yo gutsinda amatora mu gihugu cya Brazil, Jair Bolsonaro, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri, yatewe icyuma ari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyari cyitabiriwe nâimbaga yâabantu. Uyu munyapolitiki uzwiho kwamagana cyane amacakubiri ashingiye ku ruhu, niwe uhabwa na benshi amahirwe yo kuzegukana aya matora yo muri […]
Gen Alexis Kagame aremeza ko nta ntambara iri mu Rwanda usibye ibihuha
Inzego zishinzwe umutekano mu burengerazuba bushyira amajyepfo mu bice byegereye umupaka wâu Burundi zirahumuriza abaturage bahatuye ko nta kibazo cyâumutekano gihari. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 05 Nzeri, nibwo abayobozi bâingabo nâabâintara yâUburengerazuba bagiranye ibiganiro nâabaturage nyuma yo kubonana nâabavuga rikijyana mu Karere ka Rusizi mu masaha ya mbere ya saa […]
Ubwiganze bwâabagore mu nteko ishinga amategeko ntibuzagera kuri 67% nkâuko byari byatangajwe
Ubwiganze bw’abagore mu nteko ishingamategeko ntibuzagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo nkâuko byatangajwe na Komisiyo yâIgihugu yâAmatora. Nkâ ishyaka FPR komisiyo ivuga ko ryavanye ku rutonde rwaryo bamwe mu bo ryamamazaga kandi bari kuba abadepite hashingiwe ku rutonde rwa mbere. Mu mpera z’icyumweru ngo ni bwo bamwe mu bari […]
Umunyamakuru wa RTBF yashyize ku karubanda ivanguraruhu amaze igihe akorerwa – Video
Umunyamakuru (presenter) akaba nâumunyarwenya, Cecile Djunga, ukorera Radio na televiziyo byâu Bubiligi (RTBF) kwihangana byamunaniye ashyira ahagaragara ivanguraruhu akomeje gukorerwa kuva yatangira akazi ko gutangaza iteganyagihe muri video yanyujije ku rukuta rwe rwa facebook. Aragira ati: â Ntabwo bihagarara. Hagiye kumara umwaka nkora aka kazi kandi ndambiwe kwakira amatoni yâubutumwa bwâivanguraruhu, ubutumwa buntuka ,â Mu […]
Diamond aravugwaho kuba ari mu rukundo na Oprah
Umuhanzi Diamond Platnumz aravugwaho ko ashobora kuba ari mu rukundo nâumukinnyi wa filimi muri Tanzaniya, Irene Uwoya uzwi nka Oprah wahoze ari umugore wa Katauti. Ibi bitangiye guhwihwiswa nyuma yaho Diamond ashyiriye hanze ifoto ya Irene Uwoya ku rukuta rwe rwa Instagram gusa ntiyagira ubutumwa ayandikaho (caption). Nkâuko ifoto ivuga byinshi, benshi  mu bakurikira uyu […]
Uwunganira Bobi Wine mu byâamategeko arasaba Amerika guhagarika inkunga igenera Uganda mu bya gisirikare
Umunyamategeko Robert Amsterdam, wunganira Depite Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine mu byâamategeko arasaba Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika imfashanyo yageneraga Uganda biturutse ku iyicarubozo avuga ko ryakorewe umukiriya we. Â Robert Kyagulanyi [Bobi Wine] asanzwe ari umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, ahagarariye agace ka Kyadondo yâIburasirazuba, akaba yaratawe muri […]
Zari yakebuye mukeba we ushaka kwigarurira umutima wa Diamond yifashishije amarozi
Nyuma yâinkuru yakwirakwiye mu binyamakuru ko Hamisa Mobetto wabyaranye nâumuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yashakishaga amarozi yamufasha kwigarurira umutima wâuyu mugabo, mukesha we, Zari Hassan yamugiriye inama yo kumureka. Nkâuko byagiye bitangazwa mu binyamakuru bitandukanye, Hamisa na nyina bavugwaho gushaka amarozi mu bapfumu, yagombaga gufasha uyu mugore wabyaranye na Diamond, kwigarurira umutima we bakazabana […]
Burundi: Komanda wa polisi ku Musozi wa Kivumu yishwe arashwe nâabasirikare nyuma yo gukozanyaho
Komanda wâibirindiro bya polisi ku Musozi wa Kivumu, Komini Mugamba, Intara ya Bururi mu gihugu cyâu Burundi, yishwe arashwe nâabasirikare mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 05 Nzeri 2018. BPC1 Hakizimana Raymond akaba yahitanywe nâamasasu yumvikanye muri iyi komini nka saa tatu nâigice zâijoro (21h30). Amakuru aturuka muri Komini Mugamba avuga ko […]
Gatsibo: Polisi yasubije abaturage ihene 23 zari zaribwe
Polisi y âu Rwanda mu karere ka Gatsibo yafashe ihene zigera kuri 23 zari zaribwe mu miryango itandukanye yo mu karere ka Nyagatare Izi hene zibwe mu ijoro ryo kuwa 4 Nzeri, mu murenge wa Karangazi akagari ka Musenyi. Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire umuvugizi wa Polisi muntara yâ Uburasirazuba avuga ko izi […]
Perezida wa Ghana uri mu Rwanda yabonanye nâAbaturage bâigihugu cye baba mu Rwanda
Perezida wa Ghana wageze I Kigali mu Rwanda kuri uyu wa Kane akanabonana nâAbanya-Ghana baba mu Rwanda barimo abakora imirimo itandukanye nâabanyeshuri. Perezida Nana Addo Akufo, ari i Kigali aho yitabiriye inama nyafurika yiga ku buhinzi izwi nka African Green Revolution Forum (AGRF) . Umukuru wâigihugu cya Ghana yagiranye ibiganiro nâabaturage bâiki gihugu bakora muri […]