Gatsibo: Abayobozi bashinjwa kurya imitsi yâabaturage bahagaritswe ku kazi
Guverineri wâIntara yâUburasirazuba Mufurukye Fred aratangaza ko atazihanganira umuyobozi udakora neza inshingano ze, akavuga ko mu gihe atabikoze neza agomba gusezererwa ku buyobozi. Ni nyuma yaho afashe icyemezo cyo gusezerera ku mirimo ndetse no gusaba gukurikiranwa nâubugenzacyaha bamwe mu bayobozi bâutugari two mu Karere ka Gatsibo bagaragayeho kunyereza umutungo wâabaturage ndetse nâindi myitwarire mibi. Ni […]
U Burusiya na Isiraheli ntibivuga rumwe ku ndege yabwo yahanuwe
Nyuma yâiraswa ryâindege yâu Burusiya muri Siriya, abantu 15 bari bayirimo bakahasiga ubuzima, Isiraheli yashinjwaga kubigiramo uruhare irabihakana yivuye inyuma. Indege y’u Burusiya ikusanya amakuru y’urugamba yarashwe yapfiriyemo abakozi babwo 15 bari mu kazi, u Burusiya bwari bwatangaje ko abasirikare ba Siriya bayirashe Isiraheri ibigizemo uruhare. Iyi ndege yarashe ku mugoroba wo ku wa Mbere […]
Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse nâimpuguke mu bujyanye nâimibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu […]
Umuhanzi Ben Rutabana ngo yaba yaratembereye muri Uganda arinzwe bikaze
Ben Rutabana ni umuhanzi wamamaye cyane mu Rwanda ubu akaba aba ku mugabane wâu Burayi, aho abarizwa mu ishyaka ryâAbatavuga rumwe na Leta yâu Rwanda rya RNC. Mu rugendo bitangazwa ko yakoreye muri uganga, ngo yari arinzwe mu buryo bukomeye. Mu cyumweru gishize ngo nibwo Ben Rutabana yagiye muri Uganda yakirwa na Col. Kaka Bagyenda […]
Burundi: Inzu ibamo Abahinde yafatiwemo imbunda nâamasasu
Igipolisi cyâu Burundi gitangaza ko cyafashe imbunda nâamasasu byari bihishe mu nzu icumbitsemo abahinde bakaba bahise batabwa muri yombi. Imbunda yafashwe ni imwe yo mu bwoko bwa AK47, magazini zâamasasu esheshatu, imwe irimo amasasu 15, izindi zigiye zirimo isasu rimwe rimwe,bikaba byafatiwe mu gace ka Kabondo, haruguru yâahitwa Sabemelli. Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, Â Pierre Nkurikiye […]
USA: Umuhanzi Bobi Wine yatangiye kwigenza nta mbago
Umuhanzi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine umaze iminsi 15 yivuriza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda avuga ko ubu yatangiye koroherwa. Robert Ssentamu Kyagulanyi ni Umunyamuziki akaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ku wa 13 Kanama 2018 nibwo yafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda arafungwa nyuma bitangazwa ko […]
Amafoto agaragaza ibihe byiza Diamond yagiranye na Shaddy Boo yasohotse
Diamond Platnumz yashyize hanze amafoto arikumwe nâumugore ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no muri Afurika bitewe no gukoresha imbuga nkoranyambaga cyane uzwi nka Shaddy  Boo bari muri Hotel bigaragara ko bishimanye. Ni nyuma yaho Diamond atumiye Shaddy Boo mu birori  byo gushakisha urusha abandi kubyina neza indirimbo ye nshya aherutse gushyira hanze yitwa Jibebe, […]
Rwamagana: Idindira ryâiyubakwa rya gare ribangamiye abagenzi banyagirirwa aho bategera
Abaturage bo mu mujyi wa Rwamagana nâabatwara abagenzi barasaba ko imirimo yo kubaka Gare ya Rwamagana yakwihutishwa bakava aho banyagirirwa. Kimwe n’abahategera ndetse nâabakora imirimo yo gucuruza amatike yâurugendo, bavuga ko babangamirwa no kutagira aho bugama imvura igihe iguye bitewe nâuko aho gare yashyizwe byâagateganyo ari kure y’umujyi. Gare ya Rwamagana irimo kuvugururwa iri mu […]
Umukobwa wa Chris Brown yasabiwe uburinzi bwo guhangana n'abashaka kwifotozanya na we
Umugore wabyaranye na Chris Brown ari we Nia Guzman yasabye ko amafaranga yahabwaga yakwiyongera kugira  ngo habungwabungwe umutekano wâumukobwa we, Royalty wibasiwe n’uruhuri rw’abashaka kwifotozanya na we. Nia Guzman mu nyandiko yashyikirike urukiko nkâuko ikinyamakuru Blast dukesha iyi nkuru kibitangaza, yasabye ko amafaranga yava ku $ 5,000 ni ukuvuga 4,400,000 Frw ku kwezi akagera kuri […]
Abarwanashyaka ba FDU-Inkingi bavuga ko Ingabire Victoire nta mbabazi yasabye Perezida Kagame
Abarwanashyaka bâIshyaka rya Ingabire Umuhoza Victoire, FDU- Inkingi baba mu mahanga bavuga ko batazi niba koko umuyobozi wabo yaba yarasabye imbabazi Perezida Paul Kagame kugira ngo abe yarafungurwe  kuwa 15 Nzeri 2018 nk’uko byavuzwe mu itangazo ry’inama y’abaminisitiri ryo kuwa 14 Nzeri 2018. Umunyamabanga mukuru wâiri shyaka, Dr. Emmanuel  Mwiseneza mu kiganiro na Radiyo Ijwi […]
CSP Gashagaza Hubert wahoze ari umuvugizi wa Polisi mu Majyepfo yapfuye
Uwahoze ari umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâAmajyepfo, CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana, ariko icyo yaba yazize ntikiramenyakana. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana mu ijoro ryakeye ryo ku wa Mbere tariki ya 17 Nzeri 2018, asanzwe mu modoka atagihumeka, urupfu rwe rukaba rwafashwe nko kuba yahotowe. Umuvugizi w’Urwego Rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, Supt Modeste […]
Igisobanuro cya âPeople Powerâ gikomeje kuba ingorabahizi hagati ya  Museveni na Bobi Wine
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko Depite Robert Kyagulanyi Sentamu uzwi nka Bobi Wine nâabantu bashyigikiye icyitwa âPeople Powerâ badasobanukiwe neza ibyo barimo gukora. Mu gihe icyo Bobi Wine yise âPeople Powerâ ugenerekereje wavuga ko ari imbaraga za rubanda kigenda gifata indi ntera, Museveni avuga ko nta handi imbaraga za rubanda zagaragarira hatari […]
Umunyeshuri muri kaminuza ya Makerere yapfuye yiyahuye
 Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rwâumunyeshuri muri Kaminuza ya Makerere (Makerere University), wapfuye yiyahuye.  Umunyeshuri Joshua Ajuna yigaga mu mwaka wa kabiri wa kaminuza, akaba yabaga mu nyubako izwi ku izina rya âNsibirwaâ. Ku cyumweru tariki ya 16 Nzeri 2018, nibwo yasanzwe mu cyumba yararagamo yapfuye, amakuru atangazwa nâabanyeshuri bagenzi be. […]
Shaddy Boo yihakanye Diamond, agira icyo avuga kuri Wema Sepetu
Umugore ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo yatangaje ko asanga muri Tanzaniya umukobwa wâintangarugero ari Wema Sepetu. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri uyu wa 17 Nzeri 2018, Shaddy Boo yavuze ko Wema Sepetu ari umukobwa wâintangarugero mu mico no myifatire bitewe. Atiâ Ndamukunda Wema Sepetu ni umuntu uciye bugufi, ubona […]
Rusizi: Inyubako bari bitezeho serivisi zabafasha guhahirana nâAbarundi yaradindiye
Abaturage bo mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi barasaba ubuyobozi bwâaka karere nâubwâikigo cyâigihugu cyâimiturire kwihutisha inyubako yo ku mupaka ubahuza nâigihugu cyâu Burundi imaze imyaka 2 yose yaradindiye bikaba bituma ibyo bari bayitezeho itangira kubakwa batabibona. Iyi nyubako nkâuko bivugwa na bamwe mu batuye uyu murenge bayegereye,ngo yatangiye kubakwa ku wa 19 […]