Dore ahantu 5 wakora umugore agahita ashaka cyane gukora imibonano mpuzabitsina
Abantu benshi bakunze kugira ibanga igice gishobora kubagusha mu mutego wo gukora imibonano mpuzabitsina, ariko hari ibice abahanga bahurizaho bavuga ko iyo bikozweho bitera umugore kumva agushatse cyane. 1.Rugongo (Clitoris):â Iki ni kimwe mu bice byâ inyuma byâ imyanya yâ igitsina cy’umugore, yatowe ku manota (9,1/10) nkâigice cya mbere umugore wamukoraho agahita ashaka imibonano mpuzabitsina. […]
Perezida Tran Dai Quang wa Vietnam yasezeye ku Isi yâabazima
Perezida Tran Dai Quang wa Vietnam yitabye Imana kuri uyu wa gatanu, itariki 21 Nzeri ku myaka 61 yâamavuko. Uyu akaba yari azwiho gutsimbarara ku matwara ya gikomunisiti ndetse no kutorohera abatavuga rumwe nawe. Perezida Tran Dai Quang yari ku butegetsi kuva mu 2016, akaba yarakomeje imirimo ye kugeza ubwo yapfaga nubwo yari arwaye bikomeye […]
Umugabo yishe umuserebanya, ako kanya umuvandimwe we ahita apfa
Umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria atangaza ko imyuka mibi ikomeza kwibasira bamwe mu baturage bâiki gihugu, atanga urugero rwâumugabo wishe umuserebanya (lĂ©zard), muri ako kanya ukimara gupfa umuvandimwe we ahita yitaba Imana. Pasiteri Rabbai Ephraim Ononye abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, atangaza ko uyu mugabo utatangajwe amazina, yabyutse agasanga iruhande rwâuburiri bwe hari […]
Kanye West arareba ayâingwe Drake na Nick Cannon bavuze ku miterere y'umugore we
Umuraperi Kanye West ararebana nabi nâumuhanzi Drake na Nick Cannon bitewe nâamagambo bavuze ku mugore we, Kim Kadarshian byâumwihariko imiterere ya Kim Kadarshian. Uyu mugabo arihanangiriza Drake na Cannon ko badakwiye kuvuga, kuririmba cyangwa se kugira igitekerezo bamutangaho kuri Kim Kadarshian. Abinyujije muri videwo zinyuranye, Kanye West yagize atiâ Ibi bintu ntibyanyuze roho yanjyeâ Kanye […]
Rulindo: Bamaze amezi atanu barabuze amazi kubera mubazi yibwe
Abaturage bo mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo baravuga ko bamaze iminsi bakoresha amazi mabi bavomye mu ruzi nyamara ayo bari basanganwe barayafungiwe ngo kuko hari icyuma cya mubazi cyibwe. Ku nkengero zâumugezi wa Nyabarongo mu Kagali ka Rubona gahana imbibi nâAkarere ka Gakenke, abaturage bavoma amazi muri Nyabarongo bigaragara nkâibidashoboka ko yagereranywa […]
Nta muhanzi wansuye, ndabumva, bagize ubwoba bwo kwifatanya nâuwiswe mubi- Kizito Mihigo
Umuhanzi Kizito Mihigo uherutse gufungurwa ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, avuga ko mu myaka ine nâigice yamaze mu buroko nta muhanzi nyarwanda wigeze amusura. Ariko anavuga ko atabarenganya, ati, âbagize ubwoba bwo kwerekana ko bifatanije nâumuntu wiswe mubi, -igitwenge- si nabarenganyaâ. Mu kiganiro na Radio mpuzamahanga yâabadage Deutch Welle, Kizito Mihigo avuga ko yasuwe […]
Natanze miliyoni mu rusengero nahanuriwe kurongorwa vuba, none imyaka ine irihiritse- NKORE IKI?
Mbifurije amahoro ya nyagasani kandi mbagisha inama kubera icyo nakwita ikigeragezo nahuye nacyo, ntanga amafaranga kubera ibyishimo cyangwa se icyizere nari nashyizwemo, nizera ubuhanuzi ariko nza gusanga ari amayeri nakinwe. Mu mpera za 2014, nibwo nanjye natangiye gusengera mu itorero ryari riharawe cyane muri Kigali, nâumuyobozi waryo rwose aharawe twese ariho twirukira, ntabwo mvuga amazi […]
Ikirwa cya Migingo mu Kiyaga cya Victoria gikomeje guteza umwuka mubi hagati ya Kenya na Uganda
Ingabo za Uganda zitambitse umugambi wâigihugu cya Kenya wo kwigarurira Ikirwa cya Migingo kiri mu Kiyaga cya Victoria ibihugu byombi bimaze imyaka igera ku 10 biharanira kucyegukana. Ikirwa cya Migingo kitanafite hegitari yâubugari ugisangaho abarobyi bava muri Kenya, Uganda na Tanzania bakibaho bitewe nâamafi menshi aba ahari ava mu ruzi rwa Nil. Bwana Gideon Ochanga, […]
Isesengura: Perezida Museveni atabaye menge yagenda nka Col.Muammar Gaddafi
Mu gihe cyâimyaka 42 nyakwigendera Muammar Mohammed Abu Minyar Gaddafi, uzwi nka  Col. Mouhamar Gadhafi yamaze ku butegetsi ntiyahwemye ku kugaruka ku ihame ryo kuba umutungo kamere wa Libya waba uwabenegihugu mbere na mbere, hagakurikiraho abanyafurika abandi bakaza nyuma. Nyamara ibihugu byâiburengerazuba byihishe inyuma yâiturufu yâabaturage batavugaga rumwe nawe byaramwivugana maze peteroli ya Libya barayivoma […]
Uganda: Bobi Wine yahawe uburinzi buyingayinga ubwa Perezida- REBA AMAFOTO
Umuhanzi akaba nâumunyapolitiki, Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine, ubwo yageraga mu gihugu (Uganda) avuye kwivuriza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasanze yiteguwe nâimbaga yâabaturage ariko nâinzego zâumutekano zimurinze mu buryo bujya kwegera ubwa Perezida wâigihugu. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 20 Nzeri 2018, nibwo Depite Bobi Wine yari asesekaye […]
U Rwanda nâu Burundi bigiye guhurira I Geneve mu nama ku kibazo cyâimpunzi
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu wâu Burundi, Pascal Barandagiye kuri uyu wa gatatu ushize, itariki 19 Nzeri, yatangaje ko inama ihuza impande 3; HCR, u Burundi nâU Rwanda ku kibazo cyâimpunzi igiye guterana mu ntangiriro zâukwezi gutaha kwâUkwakira ikazabera I Geneve mu Busuwisi mu rwego rwo kwigira hamwe ibijyanye nâitahuka ryâimpunzi zâAbarundi zahungiye mu Rwanda. Ibi minisitiri […]
CNLG na Mémorial de la Shoah mu nzira z'ubufatanye mu kubika ibimenyetso bya Jenoside
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) â nâ Ikigo cy’Abayahudi gifite inshingano y’ububiko, Ubushakashatsi no kubungabunga amateka ya Jenoside yakorewe Abayahudi (MĂ©morial de la Shoah) barashaka kugira ubufatanye  kugira ngo iki kigo cyungure CNLG  ubumenyi  mu kubika ibimenyetso no  gushyira amateka mu nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi ni ibyibanzweho mu biganiro Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Bizimana Jean-DamascĂšne yagiranye […]
Ruhango: Umuturage yaguwe gitumo mu rugo iwe atetse kanyanga
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango ku bufatanye nâabaturage mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 Nzeri yafashe Hategekimana Marc wâimyaka 40 atetse ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Uyu wafashwe yafatiwe mu murenge wa Mwendo mu karere ka Ruhango,aho yatekeraga Kanyanga ari naho atuye,ubwo Polisi yamufataga yamusanganye litiro 08 zâiki kiyobyabwenge. Umuvugizi wa Polisi yâu […]
Nyamasheke: Barashaka kwisubiza igikombe cy'imihigo bamaze imyaka umunani badakozaho imitwe yâintoki
Akarere ka Nyamasheke mu ntara yâUburengerazuba kigeze gutwara igikombe cyâimihigo mu mwaka wâimihigo wa 2010-2011. Kuva ubwo ntikongeye kugikoraho ahubwo kagiye gasubira inyuma mu buryo abaturage kugeza ubu batumva, bakaba bagaragaza inyota yo kongera kucyisubiza. Hashize imyaka igera ku 8 muri Nyamasheke baririmba ko batwaye igikombe cyâimihigo nâicyâubutaha bazacyegukana. Nyamara ngo  kuva muri 2011 bagitwara […]