Nyina wa Diamond  yinginze Hamisa Mobetto ku kibazo cy’umuhungu we

Umunyamideli Hamisa Mobetto yatangaje ko nyina wa Diamond, Sanura Kasimu Platnumz aherutse kumuhamagara amwinginga amusaba ko yasubirana na Diamond uherutse kumushinja gushaka kumuroga. Mu kiganiro na Playlist kuwa 21  Nzeri uyu mwaka, Mobetto yavuze ko n’ubwo yamaze gucana umubano na Diamond ku rukuta rwa  instagram rw’umwana babyaranye, nyina akomeje kureba uko yagarura umwuka mwiza hagati […]

Iran: Igitero ku karasisi ka gisirikare cyaguyemo benshi barimo abasivili

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, itariki 22 Nzeri mu gihugu cya Iran hagabwe igitero ku karasisi ka gisirikare mu Mujyi wa Ahvaz, mu majyepfo y’uburengerazuba bw’iki gihugu. Abantu 11 nibo bamaze kumenyekana bishwe. Ibinyamakuru byo muri Iran mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu byatangiye gukwirakwiza amafoto y’abantu bakomeretse ndetse n’ay’iki gitero ubwacyo […]

New York: Perezida Kagame azafata ijambo nyamukuru mu Nama Ngarukamwaka ya Concordia

Perezida w’U Rwanda, Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe w’ U Bugiliki, Alexis Tsipras, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umurimo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Alexander  Acosta, ni bamwe mu bantu bakomeye bazafata ijambo mu Nama y’Umuryango uharanira ubufatanye bw’abikorera na leta hagamijwe ahazaza heza witwa Concordia, mu nama yawo ngarukamwaka izabera I New York guhera ku […]

Chris Brown afite umukunzi mushya- Amafoto

Umuhanzi Chris Brown afite umukunzi mushya, umunyamideli Ammika Harris . N’ubwo abantu benshi bari bamaze iminsi bemeza ko Breezy  yaba akundana na Agnez Mo bitewe no kugaragara ahantu henshi bari kumwe ari nako  bifotoza amafoto ya buri kanya, biremezwa ko uyu mukobwa atari we bakundana. Ibinyamakuru bitandukanye byahamyaga ko aba bombi baba bari mu rukundo […]

RDF igiye kubona indege 2 nshya zizajya zitwara abarwayi mu bikorwa byo kubungabunga amahoro

U Rwanda rugiye kubona indege 2 nshya zo mu bwoko bwa Cessna Grand Caravan zizajya zikoreshwa mu bikorwa by’ubutabazi (zitwara abarwayi) ndetse zinikorera imizigo itaremereye mu bikorwa by’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye byo kubungabunga amahoro muri Afurika nk’uko byahishuwe kuwa 20 Nzeri. Amakuru yaturutse mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo mu kirere (USAF) izi […]

Bwa mbere Safi yakoresheje umugore we mu mashusho y'indirimbo -amafoto

Niyibikora Safi wiyise  Madiba umuhanzi ukora umuziki ku giti wavuye mu itsinda rya Urban Boyz amaze yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise igifungo ikaba ari nayo ndirimbo ye yambere igaragayemo umugore we Niyonizera Judithe kuva basezerana tariki 1 ukwakira 2017. Ni nyuma yaho yari amaze iminsi ari kugitutu cyo kubazwa impamvu adakunda kwerekana umugore […]

RDC: Inyeshyamba 2 za Mai-Mai ziciwe mu mirwano yazihuje na FARDC

Inyeshyamba2 zo mu mutwe wa Mai-Mai kuri uyu wa gatanu, itariki 21 Nzeri ziciwe mu gitero ku ngabo za leta, FARDC, mu Mujyi wa Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, aho sosiyete sivile ivuga ko n’abaturage bakomerekejwe n’amasasu. Izo nyeshyamba zagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Rughenda, mu Karere ka Bulengera, bitera ubwoba abatuye Butembo bose […]

Denmark: Urukiko rw’ubujurire rwashimangiye ko Wenceslas Twagirayezu yoherezwa mu Rwanda

Urukiko rw’Ubujurire rwa Copenhagen mu gihugu Denmark kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Nzeri rwanzuye ko Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’iki gihugu yoherezwa mu Rwanda akaba ari ho aburanishirizwa ku byaha bya jenoside akurikiranweho. Uru rukiko rukaba rwashimangiye icyemezo cyari cyfashwe n’urukiko muri Mata. Abayobozi b’u Rwanda bashinja uyu mugabo, Wenceslas Twagirayezu, kuba yaragize uruhare mu […]

Mu turere dutandukanye tw’Igihugu Polisi yafashe ibicuruzwa bya magendu

Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byayo byo kurwanya ibicuruzwa byinjira mu gihugu mu buryo bwa magendu. Ni ibikorwa byakozwe kuri uyu wa 19 Nzeri bibera mu turere dutandukanye tw’Igihugu. Mu turere twa Rubavu na Nyagatare hafatiwe  ibicuruzwa byiganjemo imyenda ya caguwa, inkweto n’amakarito ya sarisa byinjijwe mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Chief Inspector of […]