Tanzaniya: Abantu 244 nibo baguye mu mpanuka y’ubwato yatewe na telefoni
Leta ya Tanzaniya yamaze gutangaza ko abantu 244 aribo baguye mu mpanuka y’ubwato yabaye kuwa Kane w’icyumweru gishize mu kiyaga cya Victoria. Aya makuru yemejwe na Minisitiri w’Imirimo, Itumanaho n’ Ubwikorezi Isaac Kamwele mu muhango wo gushyingura abantu umunani bazize iyi mpanuka. Uyu mugabo yavuze ko abitabye Imana barimo abagore basaga 126, 71 b’abagabo bakuze, […]
Hamisa Mobetto yavuze ingeso mbi yatumye atifuza kubana na Diamond Platnumz
Umunyamideli Hamisa Mobetto avuga ko Diamond Platnumz atari we mugabo yifuza kubana na we mu buzima bwe. Mu kiganiro na kimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cya Kenya, Mobetto yavuze ko Diamond afite ingeso yo kuba atabasha kuba yakwicara ngo abane n’umgore umwe kandi ko muri Tanzaniya yamaze kuba imfizi izwi n’abagore benshi. Yagize ati” […]
Nyirahabineza arasobanura uburyo umugore yaryohereza umugabo mu gihe cy’imibonano
Izi ni impanuro zitangwa na Jeanne Nyirahabineza, umugore uvuga ko na we ubwe yarongowe neza, ararangiza mu gihe cy’akabariro bimufungura mu mutwe atangira kwiga imishinga ibyara inyungu, akaba yarinjije arenga miliyoni 100 abikesha uwo munezero. Nk’uko abisobanura mu mashusho ye agaragara ku mbuga nkoranyambaga, Jeanne avuga ko ubundi uzaba umugore ategurwa akiri umwana, akiri muto, […]
Reba Video: Ap. Gitwaza avuga ko ari we muhanuzi wa mbere muri Afurika ukaze
Umuyobozi wa  Zion Temple, Ap  Paul Gitwaza atangaza ko ari we muhanuzi wa mbere ushoboye mu Rwanda ndetse no muri Afurika yose. Ari imbere y’imbaga y’abakiristo b’iri torero riherereye mu Gatenga, mu Mujyi wa Kigali, Ap Gitwaza yashimangiye ko ari we muhanuzi wa mbere, gusa akemeza ko bishoboka ko igihe gishobora kuzagera hakavuka undi nka […]
Nick Minaj aravugwaho kuba mu rukundo na Lewis Hamilton
Umuraperikazi Nick Minaj aravugwaho ko yaba ari mu rukundo n’umusore umenyerewe mu isiganwa ry’amamodoka, Lewis Hamilton. Aya makuru akomeje gucicikana nyuma yaho Nick Minaj na Hamilton bagaragaye bari kumwe inshuro ebyiri mu kwezi kumwe. Aba bombi bagaragaye mu birori bya NewYork Fashion Week ndetse ubu bikaba bivugwako bari mu mujyi wa Dubai. Imwe mu nshuti za […]
Burundi: Abo muri FNL barasaba ko ishyaka rishya rya Agathon Rwasa ritakwemerwa
Nyuma yaho Hon. Rwasa Agathon atangarije ko yashinze ishyaka rishya aryita FNL ( Front National de LibertĂ© ) hari hasanzwe hari irindi rya FNL ( Front National de Liberation ), abayobozi b’irisanzwe barasaba Leta kutazaryemera. Umuyobozi wa FNL yari isanzweho, Jacques Bigirimana avuga ko iri shyaka rishya rya Agathon Rwasa ridakwiye kwemerwa na Leta, ashimangira ko […]
Rayon sports igiye gucakirana na AS Kigali mu irushanwa ry'Agaciro
Mu mikino imaze kumenyererwa hano mu rwanda harimo n’imikino witiriwe agaciro iyi mikino iba buri mwaka igahuza amakipe ane yambere muri shampiyona y’imbere mu gihugu aha Rayon Sport ikaba yatomboye AS Kigali Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya gatatu risanzwe ribanziriza shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Kuri uyu wa mbere ku kicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira […]
Kaminuza y’Abadivantisiti 'AUCA' yatanze impamyabumenyi ku nshuro ya 24
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’Abadiventisiti yo muri Afurika yo hagati AUCA (Adventist University of Central Africa ), burishimira ko abayirangizamo baba barize ibikenewe ku isoko ry’umurimo, bamwe bakanarangizayo baramaze kubona akazi. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuyobozi wayo, Dr Roger Ruterahagusha, ku cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, ubwo Kaminuza y’Abadivantisiti yo muri Afurika yo hagati yahaga impamyabumenyi z’icyiciro […]
Uganda: Bobi Wine aragira inama Perezida Museveni z’uko agomba kwitwara
Umuhanzi w’umunyapolitiki, Robert Kyagulanyi Ssentamu (Bobi Wine) yabwiye Perezida Museveni ko hari igihe atazaba afite imbaraga n’ububasha afite muri iki gihe bityo amugira inama yo kuba urugero rwiza ku bo ayoboye, asaba n’abaturage gufatanya kubaka ahazaza heza h’igihugu. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nzeri 2018, Bobi Wine yanenze Perezida […]
SHAKA UMUKUNZI
ANDIKA MUNSI AHAGENEWE IBITEKEREZO (Comments)Â IBYIFUZO, UMUKUNZI USHAKA UKO YABA AMEZE UNAVUGA UKO UBONEKA TELEPHONE CG EMAIL MURAKOZE
Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti w’ibibazo bihari
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y’umuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe n’ihuriro ry’urubyiruko nyarwanda rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b’inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere zabasabye kuba […]