Ese Perezida Nkurunziza yaba agejeje he igikorwa cyo gutegura uzamusimbura?

Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza w’u Burundi, Karerwa Jean Claude avuga ko igikorwa cyo gutegura uzamusimbura mu matora azaba mu 2020 akigeze kure. Ibi yabitangaje ku wa Gatanu tariki 28 Nzeri 2018, mu nama yahuje abavugizi b’inzego zitandukanye za Leta, inama yabereye mu Ntara ya Ruyigi. Karerwa yavuze ko igihe nikigera, Abarundi bazamumenya bityo akaba asaba […]

Uganda: Byari ibicika mu birori byo kwizihiza isabukuru ya Zari – Amafoto

Umunya-Ugandakazi ukunzwe kumbuga nkoranyambaga wahoze arumugore w’icyamamare Diamond Plantnumz Zari Hassan, Tariki 23 Nzeri 2018 nibwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 38 amaze abonye izuba ibirori byabereye mu Bwongereza gusa ibi birori byateguraga  ibyo yakoreye  mu mujyi wa Kampala ho muri Uganda tariki 30 Ukwakira 2018. Ni nyuma yaho uwahoze ari umugabo we Diamnond Platnumz amwoherereje ubutumwa […]

Fred Muvunyi arashinja Polisi y'U Rwanda kwigiriza nkana kuri Dr Kayumba

Uwahoze ari Umuyobozi w’Urwego rw’Itangazamakuru Ryigenzura (RMC), Fred Muvunyi arashinja Polisi y’ U Rwanda (RNP) gutera ubwoba Umwarimu wo muri Kaminuza akaba n’impuguke muri Politiki mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba. Abinyujije kurukuta rwe rwa Twitter,Fred Muvunyi yavuze ko ibyo Polisi yavuze yiregura kubyo Dr Kayumba  ayishinja byo kumuhohotera no kumugendaho biteye isoni. Yagize ati”Byaba byiza musibye […]

Dore ibimenyetso 10 bizakwereka ko umugore atarangije mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Imibonano mpuzabitsina ikorwa buri muntu agamije kugera ku ndunduro y’ibyishimo, iyo atabigezeho, umutima we usigarana intimba ku buryo bishobora no kumuviramo no kuyihurwa burundu. Ibimenyetso bizakwereka umugore utageze kuri ibyo byishimo: 1.Umushiha: Mu gihe umugore ayageze ku byishimo yifuzaga mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, uzamubwira n’umushiha asigarana, wamuvugisha akakwuka inabi. 2.Kwiyumvira cyane: Ubundi iyo umugore arangije […]

Kigali: Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Diane Rwigara na nyina

Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, Diane Rwigara na nyina Mukangemanyi Adeline basabye kuburana bari hanze, ubushinjacyaha bubitera utwatsi. Mu rukiko Rukuru ubwo hasubukurwaga urubanza rwa Diane na Nyina, ingingo yibanzweho cyane ni iyo gufungurwa by’agateganyo, ingingo ubushinjacyaha buvuga ko igihe cyayo cyarenze. Me Gatera Gashabana wunganira Mukangemanyi avuga […]

Ndi umugore wa Van Vicker- Wema Sepetu

Umukinnyi w’icyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu yatangaje ko yakinnye ari mugore w’umukinnyi  wa filimi w’Umunyagana, Van Vicker gusa bitungura benshi bibwiraga ko abamenyesheje umukunzi mushya yaba afite muri iyi minsi. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuwa Gatatu w’icyumweru gishize, Sepetu yavuze ko filimi nshya yitwa ‘Death After Death’  yayikinnye ari umugore w’uyu musore ukunzwe […]

Rusizi: Abagore bo mu itorero ‘Méthodiste Libre’ bahangayikishijwe n’isenyuka ry’ingo

Abagore bagera kuri 35 bahagarariye abandi mu maparuwasi 25 agize Conference ya Kinyaga mu itorero Méthodiste libre mu Rwanda  baravuga ko bahagurukijwe no kurwanya igitera cyose  isenyuka rikabije ry’imiryango muri iki gihe,cyane cyane ko basanze ngo hari n’ingo zisenyuka zigishingwa. Mu kiganiro na Bwiza.com nyuma y’umwiherero w’iminsi 3 wahurije aba bagore muri paruwasi ya Kamembe […]

Rabagirana Worship Festival, igitaramo kitezweho guhembura benshi

Rabagirana Worship Festival ni igitaramo cyateguwe na Christian Communication , kikazaba kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ugushyingo 2018 guhera saa cyenda za nimugoroba kuri Kigali Serena Hoteli kitezweho kuzahembura imitima ya benshi. Ni igitaramo kigamije  kwibutsa abanyempano ko bidahage kuba ufite impano cyangwa ufite imirimo myinshi  ukorera Imana, ahubwo ko ukwiye kongeraho imbuto.Gifite intego […]

C.Ronaldo utorohewe n’ibibazo, yabwiwe n’umukunzi we amagambo amukomeza

Nyuma yaho umukobwa ashinje Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu, umukunzi we, Georgina Rodrà­guez aramukomeza amubwira ko ari kenshi ategwa imishibuka mu nzira akayisimbuka. Umukobwa witwa Kathryn Mayorga avuga ko Cristiano Ronaldo yamufashe ku ngufu bari muri Hoteli y’i Las Vegas mu mwaka wa 2009 ndetse ko yamuhaye amafaranga angana na $375,000, kugira ngo azakomere ku […]

Kicukiro: Yirukanwe ku kazi ashinjwa kurangarana umwana urembye

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) mu cyumweru gishize yahagaritse ku kazi umuganga mu bitaro bikuru bya Masaka, Dr Antoine Twahirwa ushinjwa kutita ku barwayi kugeza ubwo arangaranye umwana w’imyaka itanu.  Iki cyemezo cya MINISANTE kije nyuma yaho kuwa Gatandatu uwitwa Denise Mug abinyujije kuri twitter yavuze ko umwana we w’imyaka itanu yarangaranwe n’uyu muganga  kugeza ubwo ajyanwe […]

Chorale Christus Regnat yakoreye igitaramo i Rwamagana-Amafoto

Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, Chorale Christus Regnat yo muri Paruwasi Regina Pacis I Remera, yakoreye uruzinduko rw’ivugabutumwa muri Paruwasi ya Rwamagana. Urwo ruzinduko rwabimburiwe n’igitambo cya Misa cyaririmbwe na Chorale Christus Regnat mu majwi meza anoze nkuko bisanzwe, no mu ndirimbo nziza zifasha abakristu gusenga no gusingiza Imana. Umwe mu bari […]

Pasiteri wasambaniraga mu gihuru yakubiswe nk’iz’akabwana

Umupasiteri wo mu itorero AFM ry’i  Tynwald, mu gace ka Dzivarasekwa muri Zimbabwe, witwa Joseph Ponda yatunguwe no kubona aguwe hejuru arimo gusambana n’umwe mu bakiristo ayobora. Uyu mupasiteri yarakubiswe arakomeretswa kugeza ubwo asigara ari intere, yafashwe asambanira mu gihuru nk’uko ikinyamakuru afrikmag kibitangaza. Umwe mu babonye iryo shyano, yagize ati “Nabonye pasiteri ajyanye n’umugore, […]

Uburundi burakoza imitwe y'intoki ku ntwaro rutura y’ubwirinzi

Ambasaderi w’u Burundi mu Burusiya, Edward Bizimana yatangaje ko  habura igihe gito kugira ngo igihugu cye kigure imbunda kabuhariwe mu bwirinzi bwo mu kirere yitwa Pantsir- S1 nk’uko byari byatangajwe mu minsi ishize. Ambasaderi Bizimana ahamya ko iyi mbunda izafasha ahanini mu kongera umutekano w’Uburundi  by’umwihariko mu kirere nk’uko inkuru dukesha Spyreports ibitangaza. Amb. Bizimana […]

Rulindo: Yafatiwe mu modoka ya RITCO afite udupfunyika 9000 tw'urumogi

Mu bikorwa byo kurwanya ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yafashe Ngizwenayo Martin w’imyaka 28 y’amavuko  afite uduphunyika 9000 tw’urumogi  ubwo yari mu modoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya  RITCO ivuye Musanze yerekeza  mu mujyi wa Kigali. Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko Ngizwenayo yafashwe biturutse ku makuru […]

RDC/ Beni: Harifuzwa ingabo za SADC ngo zihagarike ubwicanyi

Amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Congo/Kinshasa, avuga ko ubwicanyi ndengakamere bukomeje gukorerwa abaturage bo muri Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru nta kindi cyabuhagarika uretse kohereza muri aka gace ingabo zidasanzwe z’ Umuryango  w’iterambere rya Afurika y’Amajyepfo ( SADC). Ku Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, nibwo abatavuga rumwe na Leta basabye akanama ka Loni gashinzwe amahoro […]