Abasirikare b’u Rwanda bacyekwaho guhanura indege ya Habyarimana ntibagikurikiranwe
Umucamanza ushinzwe iperereza (juge d’instruction) mu Bufaransa amaze gusaba urukiko gutesha agaciro impapuro zishakisha bamwe mu bategetsi n’abasirikare bakuru b’u Rwanda (abantu 9), bakurikiranwaho ihanurwa ry’indege y’uwari perezida w’u Rwanda, Habyarimana Juvenal tariki ya 6 Mata 1994 n’ubwicanyi bwarikurikiye. Bamwe mu bari kuri urwo rutonde ni nka Minisitiri w’Ingabo, Gen Kabarere James, Gen Kayumba Nyamwasa, […]
Urutonde rw’abakekwa bashobora kuvamo usimbura Mushikiwabo muri MINAFET
Muri iki gihe u Rwanda n’abanyafurika muri rusange barishimira intsinzi y’umukandida wabo Mme Louise Mushikiwabo, watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bihuriye ku Rurimi rw’Igifaransa(OIF). Bwiza.com ibagejejeho urutonde rushobora gutonywamo umusimbura ku mwanya wa Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yari asanzweho mu Rwanda. Kwihutira gutekereza umuntu uzasimbura Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo bibaye nyuma yaho […]
Desire Luzinda aravuga ubuzima busharira yabayemo ubwo yari atwite
Umuhanzi Desire Luzinda wo muri Uganda atangaz ako ubwo yari atwite akiri ku ntebe y’ishuri, yahabwaga akato n’abandi bana biganaga. Ku wa 11 Ukwakira 2018, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’Umwana w’umukobwa ku Isi yose, nibwo Desire Luzinda yatanze impanuro ku bana b’abakobwa, abakangurira kwirinda icyabagusha mu mutego wo gutwara inda itateguwe, ahereye ku buzima busharira […]
Gakenke: Ibitaro bemerewe na Kagame akiri visi perezida byatangiye kubakwa
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe iterambere ry’abaturage ubwo yasuraga ibitaro bikuru bya Gatonde kuri uyu wa kane tariki ya 11/10/2018 biri kubakwa mu Murenge wa Mugunga mu kagari Gihinga abaturage bahamya ko bakomeje kwishimira ibi bitaro bemerewe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame.Muri 1999, Paul Kagame wari Visi Perezida yasuye abaturage b’i Busengo mu […]
Uganda: Umusirikare wa UPDF yibye umukozi wa mobile money amutunze imbunda
Umusirikare wa Uganda arimo guhigwa bukware nyuma yo kwiba umukozi wa mobile money 400,000 by’Amashilingi mu mujyi wa Bombo. Uyu Corporal Tom Bingi asanzwe abarizwa mu kigo cya gisirikare cya Bombo mu Karere ka Luweeo. Lt Col Deo Akiiki, umuvugizi wungirije wa UPDF, yasobanuye ko Bingi yatorotse mu ijoro ryo kuwa Kane nyuma yo gutunga […]
Haravugwa Coup d’etat muri Cameroon
Mu gihugu cya Cameroon haravugwa uruntururuntu rwa Coup d’etat yakozwe n’igisirikare ikorewe Perezida Paul Biya umaze imyaka 36 ku butegetsi. N’ubwo bitaremezwa neza, by’umwihariko muri Nigeria birimo kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ko Paul Biya yaba yakuwe ku butegetsi. Ikinyamakuru dukesha iyi nkuru Minbane kivuga ko muri iki gihe hitegurwa amatora muri Cameroon ibintu byazambye […]
Dore impamvu eshanu nyamukuru zitera abagore kwibuka gukuna/Guca imyeyo bakuze
Mu gihe bitangazwa ko umuhango wo kujya mu rubohero/ Gukuna cyangwa se Guca imyeyo, bikorwa n’abakobwa batangiye ubwangavu, ku myaka 12 na 13, hari bamwe mu bagore bibuka kubikora bakuze. Hari abibuka kubikora igihe cyarabarenze ntibibe bigishobotse, hari ababikora ingo zabo zararangije gusenyuka, kimwe n’uko hari abagira ipfunwe ryo kubigishaho inama cyangwa kubikora babona abana […]
Kabale: Umugore yicishije umugabo we isuka
Polisi muri Kabale irimo gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 40 wishwe n’umugore we. Umugabo witwa Gidion Mbabazi wari utuye mu gace ka Ahakabungo, Sub- county ya Rubaya muri District ya Kabale, muri Uganda, bivugwa ko yicishijwe isuka n’umugore we witwa Adrine Bebwine uzwi ku izina rya Musinguzi w’imyaka 35 y’amavuko, mu ijoro ryakeye ryo […]
Justin Bieber yaguye igihumure bitewe na Selena Gomez
Umuhanzi  Justin Bieber yagaragaye arandaswe mu maboko y’abandi bantu ba hafi bitewe n’inkuru y’ijyanwa mu bitaro ry’uwahoze ari umukunzi we Selena Gomez. Uyu mugabo yagize iki kibazo ubwo yari ku rusengero kuri uyu wa Gatatu yaje wenyine kandi ubusanzwe azana n’umugore we, Hailey Baldwin. Justin Bieber wari wacitse intege ku buryo bugaragara nk’uko TMZ ibitangaza, […]
OMS iravuga ko Ebola ishobora kwadukira n’u Rwanda na Uganda
Icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo biteganyijwe ko gishobora kumara amezi atatu cyangwa ane ngo igihe cyose gishobora no gukwira mu bindi bihugu by’ibituranyi nk’u Rwanda na Uganda nk’uko bitangazwa n’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS. Ibi OMS yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize, isaba ibihugu bituranye na Congo […]
Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida w’u Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere y’uko u Rwanda rubitekereza nk’uko byabajijwe umukuru w’igihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane. Ibi bitangazamaru bimeze nk’ibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame […]
Nyamasheke: Umugore yakubiswe n’inkuba ahita apfa
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 11 Ukwakira 2018, nibwo imvura nke ivanze n’inkuba ariko yamaze akanya kanini yakubise Nyirangendahimana Jacqueline w’imyaka 33 y’amavuko wari utuye mu mudugudu wa Kagarama,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga,mu karere ka Nyamasheke, ubwo yasoromaga icyayi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Ntendezi, Ndagijimana Egide, avuga ko iyi nkuba […]
Twagiramungu Faustin yibasiwe ubwo yanengaga itorwa rya Louise Mushikiwabo
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, nibwo inkuru yakwiriye Isi yose ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Mushikiwabo Louise yatorewe kuyobora Umuryango Uhuriweho n’Ibihugu bivuga Ururimi rw’Igifaransa(OIF). Mu gihe hari abacinyaga akadiho babyishimiye, umunyapolitiki Twagiramungu Faustin, utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda we yabinenze, abatari bake baramwibasira. Uyu munyapolitiki wanabaye Minisitiri w’Intebe mu […]
Impamvu Kanye West aziyamamariza kuba Perezida wa Amerika
Umuhanzi Kanye West atangaza ko aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2024 kubera guhura na Perezida Donald Trump. Kanye West nk’uko ikinyamakuru Hollywoodlife kibitangaza, uyu mugabo arateganya guhagarika umuziki kugira ngo azabashe gukora ibikorwa byo kwiyamamaza. Inshuti ya hafi ya Ye yagize iti” Akimara guhura na Donald Trump, Ye […]
Uganda: Abanyarwanda 25 bakatiwe igifungo n’urukiko rwo muri Kisoro
Abanyarwanda 25 kuri uyu wa kane ushize, itariki 11 Ukwakira bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe n’urukiko rwo muri Kisoro nyuma yo kubahamya kwinjira muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Urukiko ruyobowe n’umucamanza Raphael Vueni rwumvise ubushinjacyaha buyobowe n’umushinjacyaha wa Kisoro, Mike Mwanje, buvuga ko kuwa 11 Ukwakira 2018, abakekwa bafatiwe ku muhanda wegereye Ishuri Ribanza rya […]
Kamonyi: Polisi yafashe abayiyitiriraga bagamije kurya imitsi y’abamotari
Ku mugoroba wo ku wa 11 Ukwakira 2018, hagati ya saa Tatu na saa yine z’umugoroba nibwo abamotari bakorera mu murenge wa Runda, mu gasanteri ka Ruyenzi babonye haje abasore 4 biyita abapolisi, bakimara kuhagera batangiye guha amabwiriza abamotari bagamije kureba ko Moto zabo zitujuje ubuzirange. Uwo basanze moto ye ifite ikibazo bagaciririkanya amafaranga atanga […]
Uganda: Abantu basaga 40 bahitanywe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi
Abantu bagera kuri 40 bishwe n’ihirima ry’imisozi ryatewe n’imvura nyinshi yaguye ku wa Kane tariki ya 11 Ukwakira 2018, mu Burasirazuba bwa Uganda, Ababarirwa mu magana bakaba baburiwe irengero. Leta ya Uganda itangaza ko amatsinda y’abakora ibikorwa by’ubutabazi boherejwe muri ako gace byabereyemo, kari hafi y’umupaka na Kenya. Amazi y’iyi mvura yakumunzuye ibyaro bimwe n’isoko […]