Burundi: Abasirikare bane biciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro abandi 6 barakomereka
Abasirikare bane b’u Burundi bishwe abandi batandatu barakomereka nyuma yo kugabwaho igitero n’abantu bitwaje ibirwanisho muri Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke. Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Ukwakira rishyira kuri uyu wa Gatandatu. Amakuru ahari akaba avuga ko igitero cyagabwe ahagana saa saba z’ijoro n’abagabo bitwaje ibirwanisho ku […]
Umugore wanjye aratwite, ni ikimenyetso cyerekana ko mbyara- Clapton Kibonke
Umunyarwenya umaze kubaka izina hano mu Rwanda Mugisha Emmanuel Clapton uzwi nka Kibonke yemeye ko yasezeranye n’umugore we utwite inda nkuru ndetse ahamya ko ari uburyo bwiza bwo kumenya ko umugore we abyara. Kuwa 18 Ukwakira 2018 nibwo mu binyamakuru bikorera hano mu Rwanda ndetse no kumbuga nkoranyambaga hakwirakwije amafoto agaragaza umunyarwenya Kibonke yasezeranye imbere y’amategeko […]
Burundi: Umudepite arashinjwa gutegura umugambi wo kwica Perezida Nkurunziza
Inzego z’umutekano mu Burundi zirashinja umwe mu bagize inteko ishinga amategeko gutegura umugambi wo kwivugana perezida Pierre Nkurunziza n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu nk’uko byatangajwe na televiziyo y’u Burundi. Abayobozi bakaba batangaje ko hatawe muri yombi agatsiko k’abakomando bakekwaho gushaka kwica perezida, abamwungirije babiri n’umukuru w’inteko ishinga amategeko nk’uko itangazo ryanyuze kuri televiziyo kuwa kane ushize […]
Kivu y’Amajyepfo: Hatangiye gutunganywa ahazubakwa isoko rizahuza Congo n’u Rwanda
Nyuma y’icyemezo cya Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo, ibikorwa byo gusenya amazu yubatswe hafi y’umupaka wa Rusizi ya mbere hagati ya Congo n’u Rwanda, byatangiye kuri uyu wa kane ushize, itariki 18 Ukwakira. Ubuyobozi bw’iyi ntara bukaba buvuga ko iki gikorwa kireba amazu yubatswe ahantu hari hagenewe kubaka isoko nyambukiranyamupaka. Abacuruzi bacirirtse, ari nabob a mbere […]
Wema Sepetu ntashobora kongera gusubirana na Diamond – Mariam Sepetu
Umubyeyi ubyara Wema Sepetu wabaye Miss Tanzaniya 2006 akaza no gukundana na Diamond Platnumz Mariam Sepetu, yahakanye yivuye inyuma ko umukobwa we atazigera yongera gusubirana na Diamond ukunzi mu gihe akiriho. Mu guhakana ibi Mariam Sepetu umubyeyi wa Wema Sepetu yatangaje ko aba bombi babayeho mu buzima butandukanye kandi ko nta mpamvu nimwe yatuma aba […]
Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo
Kera kabaye Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Jamal Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo muri  Instanbul muri Turkiya, aho bivugwa ko yapfuye arimo kurwana nk’uko bitangazwa na televiziyo y’iki gihugu. Iyi televiziyo ikomeza ivuga ko umukuru w’iperereza, Ahmad al-Assiri na Saud al-Qahtani, umwe mu bafasha bakuru b’igikomangoma Mohammed Bin Salman bahagaritswe ku mirimo yabo kubera iki […]
Aimable Bayingana yatorewe kuyobora ihuriro ry’umukino w’amagare rya OIF
Umunyarwanda Aimable Bayingana yatorewe kuyobora Ihuriro ry’umukino w’amagare ry’ibihugu bikoresha Igifaransa (Union Francophone de Cyclisme) ribarizwa mu muryango wa OIF. Aimable Bayingana usanzwe ari perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY), yatorewe I Paris kuri uyu wa gatanu, itariki 19 Ukwakira 2018 muri kongere ya Union Francophone de Cyclisme (UFC) yateraniye ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’umukino […]
USA: Tombola idasanzwe irimo miliyari y’amadolari
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatndatu, itariki 20 Ukwakira hategerejwe kumenyekana umunyamahirwe ushobora gutsindira bwa mbere mu mateka akayabo ka miliyari y’amadolari muri tombola. Kuri uyu wa Gatanu ushize, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abaturage bakaba bari bategerezanije amatsiko menshi uwegukana amahirwe ya tombola idasanzwe. Ni ubwa mbere mu mateka umunyamahirwe […]
Burundi: Ishyaka Sahwanya-FRODEBU ryitandukanyije n’ihuriro CNARED
Ishyaka Sahwanya-FRODEBU ryitandukanyije n’ihuriro CNARED rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi mu rwego rwo kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu yo mu 2020. Kuri uyu wa kane, itariki 18 Ukwakira nibwo iri shyaka ryatangaje ko ryafashe ibyemezo bitandukanye bizaryorohereza n’abarwanashyaka baryo kwiyunga nyako mbere y’amatora ateganyijwe mu 2020. Urubuga Ubmnews rwo mu Burundi dukesha iyi nkuru […]
Tanzania: Umuherwe Mo Dewji wari warashimuswe yabonetse
Umuherwe wo muri Tanzania, Mohammed Dewji wari umaze iminsi igera mu 10 ashimutiwe I Dar es Salaam yabonetse mk’uko byemejwe n’umuryango we uvuga ko kuri ubu ari iwe mu rugo kandi nta kibazo afite. Ibinyujije ku rukuta rwayo, Mo Dewji Foundation yemeje aya makuru ivuga ko Mo Dewji ameze neza,kandi “ ashima Imana n’Abatanzaniya kubw’amasengesho […]
Umuyobozi mushya wa polisi yasabwe gukomeza kubaka urwego rukomeye kandi rwubashywe
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Ukwakira 2018, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’ u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha hagati y’umuyobozi mukuru wa Polisi ucyuye igihe CG Emmanuel K Gasana na DCG Dan Munyuza wagizwe umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda. Ni umuhango witabiriwe kandi uyoborwa na Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa […]
Rulindo:Polisi yafashe ukekwaho ubujura bwa Moto
Polisi y’uRwanda ikorera mu karere ka Rulindo kubufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) yafashe Maniragaba Fulgence w’imyaka 28 ukekwaho kwiba moto TVS RD 765G ya Munyempundu cyprien. Umuvugizi wa Police mu Ntara y’ Amajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana yavuze ko kuwa 18 Ukakira aribwo Munyampundu Cyprien utuye mu mujyi wa Kigali yatanze ikirego […]