Gen. Kakule arashinjwa gukorana n’ abahoze muri M23

Gen. Kakule Sikuli bakunze kwita La Fontaine akomeje gushyirwa mu majwi ko akorana n’ abahoze muri M23 mu mugambi wo kwigarurira Umujyi wa Beni ndetse n’ Amajyepfo ya Ituri. Iyi nkuru itangiye kuba kimomo mu gace ka Kasindi yatangiye kuvugwa kuva muri 2012, ubwo abasirikare benshi ba FARDC bakoreraga mu Ntara ya Kivu y’ Amjayaruguru […]

Perezida Museveni yapfushije se wabo

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yapfushije se wabo Eriya Riisi wari ufite imyaka 94. Uyu musaza yari asanzwe atuye mu cyaro cya Nyakibungo,mu murenge wa  Ruhunga  uri mu gace kashari  mu Karere ka  Mbarara nk’uko itangazo ry’Umunyabanga mu biro bya Perezida, Lindah Nabusayi ribivuga. Umukambwe Eriya Riisi ni murumuna wa se wa Museveni, Amos Kaguta […]

Abanyamakuru 700 ku Isi bamaze kwicwa bazira umwuga wabo

Ibarurishamibare ryakozwe n’ Umuryango w’ Abanyamakuru batagira umupaka(RSF) ryerekana ko kuva mu ntangiriro z’ ikinyejana cya 21 abanyamakuru basaga 700 nibo bishwe bageragezaga gutanga amakuru bafitiye gihamya. Ishami rya Loni rifite mu nshingano ubumenyi n’ umuco (UNESCO) ryahise ryemeza ko buri tariki 2 Ugushyingo uzaba umunsi mpuzamahanga wo kureka kwirengagiza ibyaha byakorewe abanyamakuru. Ni nyuma […]

Abakinnyi batanu bagira isoni kurusha abandi ku mugabane w’iburayi

Abakinnyi ni bamwe  mu bantu barebwa n’abantu benshi haba ku kibuga ndetse no hanze yacyo. N’ubwo bimeze gutyo,benshi muri bo ntibabasha kwihanganira amaso ya benshi abareba. Kuri iyi nshuro tugiye kubagezaho abakinnyi bagira isoni kurusha abandi muri Shampiyona zikunzwe ku mugabane w’I Burayi: 5. Lionel Messi Lionel Andrés Messi Cuccittini uzwi nka Lionel Messi ni […]

Muhanga/Rongi: Abatujwe mu mudugudu w’ikitegererezo barataka inzara

Bamwe mu baturage batujwe mu mudugudu w’icyitegererezo wa Horezo uri mu mpinga y’imisozi miremire ya Ndiza, mu murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga, barishimira igikorwa Leta yakoze cyo kubavana mu manegeka bagatuzwa aheza ariko ikibatunga ngo gikomeje kubabera ingume. Bavuga ko izi nzu zubatswe kure y’imirima yabo ku buryo bamwe bazisonzeyemo kubera ko nta […]

Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje gutanga uburezi bufite ireme- Min.w’Intebe, Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yatangarije mu karere ka Huye ko Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje guteza imbere uburezi bufite ireme kandi kuri bose. Ibi yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri basoje ibyiciro bitandukanye muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, umuhango ukaba wabereye mu karere ka Huye, kuri uyu wa Gatanu […]

Diamond Platnumz aritegura kurongora umukobwa bahararanye – Amafoto

Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y’abatari bake ku mugabane w’Afurika ndetse n’isi muri rusanjye Diamond Platnumz kuri ubu ari  mu rukundo n’umukobwa ugaragara mu ndirimbo z’abahanzi witwa Lilian Kessy uzwi nka Kim Nana nkuko bitangazwa na Nyina Sanura Kasimu. Aganira n’ikinyamakuru Amani dukesha iyi nkuru nyina wa Diamond, Sanura Kasimu, yahamije ko umusore we ari mu […]

Urujijo mu rubanza rw’uwahoze akorera umuherwe Rujugiro

Urukiko Rukuru mu Rwanda kuri uyu wa Kane 1 Ugushyingo 2018 rwaburansihije  urubanza k’ubusabe bw’uwahoze ari umukozi w’uruganda rukora itabi rwa Rujugiro ruba muri Uganda, Thierry Kanobayire. Uwunganira Kanobayire mu iburanisha ryo ku munsi w’ejo, Me James Nuwagaba yavuze ko umukiliya we  yareze asaba ko Leta yaba iretse gusubiza 200,000$ uwitwa Emile Rwasamanzi wayitsinze mu […]

Kivu y’Amajyepfo: Inyeshyamba zikomoka i Burundi zakozanyijeho n’undi mutwe utazwi

Nyuma yaho bitangarijwe ko hari igihiriri cy’abantu bitwaje intwaro baturutse i Burundi bagana muri teritwari ya Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri ubu imirwano ngo yatangiye hagati y’inyeshyamba za RED-Tabara n’undi mutwe utwazwi. Izi nyeshyamba za RED-Tabara zikomoka i Burundi, zakozanyijeho n’uwo mutwe utaramenyekana mu gace ka Kigoma, gaherereye mu Ntara ya Kivu […]

Urubanza ku bakekwaho kwica Col. Karegeya rwatangiye kuburanishwa

Urukiko rwa Randburg mu Mujyi wa Johannesbourg muri Afurika y’Epfo ku munsi w’ejo kuwa 1 Ugushyingo 2018 rwatangije urubanza rw’abakekwaho kwica uwigeze kuyobora iperereza ryo hanze y’U Rwanda, Col. Patrick Karegeya. Mu kiganiro na VOA kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2018, umufasha wa nyakwigendera Karegeya ari we Leah Karegeya yemeje iby’aya makuru kandi ahamya ko […]

Rusizi/ Gitambi: Abanyeshuri baratabaza

Abanyeshuri biga mu mwaka wa Kane, uwa Gatanu n’uwa Gatandatu y’amashuri abanza mu ishuri rya Nyampanga  mu murenge wa Gitambi ho mu karere ka Rusizi; bavuga ko imyigire yabo ibangamiwe no guhora banyagirwa bakanicwa n’izuba kandi byiswe ko bari  mu ishuri. Iyo ugeze kuri iri shuri ryegeranye n’ibiro by’umurenge wa Gitambi, utungurwa no kubona ibyumba […]

RDC: Umukandida-Perezida ushyigikiwe na Kabila ari mu mazi abira

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafashe icyemezo cyo kugumishaho ibihano wafatiye bamwe mu bategetsi bo hejuru ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barimo na Emmanuel Ramazani Shadary, umukandida-Perezida ushyigikiwe na Perezida Joseph Kabila w’iki gihugu. Abari mu murwa mukuru Kinshasa bavuganye na BBC, bavuze ko ibi bihano bishya kuri Shadary n’abandi bategetsi 15 ba Congo, byitezwe gutangira […]

Kicukiro: Ucyekwaho kwiba Miliyoni yashyikirijwe Polisi

Ku wa 31 Ukwakira 2018, abaturage bashyikirije Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro uwitwa Murebwa Samuel bafatanye miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda yari yibye mu modoka y’umucuruzi mu kagari ka Karamba Umurenge wa Gatenga mu karere ka Kicukiro. Ubwo Shyaka Vianney usanzwe ukora ubucuruzi yavugaga ko yibwe amafaranga yari asize mu modoka, abaturage batangiye gushakisha uwaba […]