Rubavu: Ubuyobozi buraburira aborozi bakoresha abana mu kuragira inka

Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba buraburira aborozi bororera muri uwo murenge bakoresha abana bato bari munsi y’imyaka 18 , ndetse no gukangurira aborozi gushyira inka mu bikumba Mu karere ka Rubavu cyane mu mirenge ikora mu nzuri za Gishwati hagaragara abana bato bari hagati y’imyaka 10 na 14 usanga buri umwe aragiye inka ebyiri cyangwa eshatu, […]

Rusizi: Impanuka y'imodoka yahitanye umukecuru w'imyaka 88

Mu mudugudu wa  Kabayego,akagari ka Karangiro,mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi, ahagana saa yine za mugitondo zo kuri uyu wa Gatandatu habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yari ifite no za plaque RAD 953S ihitana umukecuru,  Kirabirwa Agnès w’imyaka 88 y’amavuko ubwo yarimo yambukiranya umuhanda ajya mu murima. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Karangiro, Nzamwitakuze Dative, […]

urutonde rw'abakinnyi b'iburayi b'abahehesi

Ahari abantu ntihabura urunturuntu. Gucana inyuma ni kimwe mu bibazo abantu basanzwe bagirana. Iyo bigeze ku bifite n’ibyamamare bifata indi ntera. Bwiza.com yabateguriye urutonde rw’abakinnyi batanu ku mugabane w’ibiurayi  bagiye baca inyuma  bagenzi babo bakinana. Muri aba harimo: 5. Thibaut Courtois Thibaut Courtois ni umunyezamu w’ikipe ya Real Madrid akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi. Uyu […]

Burundi: Abanyunyuzwa imitsi n’Imbonerakure bararira ayo kwarika

Urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi “Imbonerakure”; rurashinjwa kurya ibya rubanda, rubaka amafaranga Leta itazi. Abaturage bo mu gace ka Kamesa muri zone ya Musaga, mujyi wa Bujumbura, bavuga ko nta muturage ushobora kugira icyo akora cy’iterambere cyangwa ngo agurishe atabanje guha Imbonerakure amafaranga. Kubaka muri Kamesa ngo ntibyoroshye, kuhagura ikibanza byo bikaba […]

Gakenke: Bamwe mu bagore batunzwe no guhonda amabuye

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko mu rwego rwo gushaka imibereho bazinduka bakajya mu misozi gushaka amabuye bakayahonda bakayagurisha, bavuga ko kuri ubu, ubuzima bwabo bumeze neza kuko babasha kwikemurira ibibazo bitandukanye nubwo aka kazi gasaba ingufu. Aba bagore bavuga ko biteye isoni kuba umugore yakwirirwa yicaye mu rugo ategereje gusa […]

Uganda: Ikinyamakuru cyashinje Gen. Kayihura kwica Andrew Kaweesi kiri mu mazi abira

Ikinyamakuru ‘New Vision’ cyo muri Uganda kigiye gukurikiranwa mu mategeko nyuma y’uruhererekane rw’inkuru cyagiye cyandika kuri Gen. kale Kayihura zimushinja kugira uruhare mu rupfu rw’uwari umuvigizi w’Igipolisi cya Uganda, Andrew Felix Kaweesi. Muri Werurwe 2017, nibwo Assistant Inspector General of Police (AIGP) Andrew Felix Kaweesi, wari Umuvugizi wa Polisi muri Uganda yicanwe n’umushoferi we ndetse […]

Zari Hassan arabarizwa ku butaka bwa Uganda – Amafoto

Zari Hassan wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz, wagizwe ushinzwe kwamamaza ubukerarugendo mu gihugu cya Uganda, kuri ubu yamaze kugerayo avuye muri Afurika y’Epfo,  gutangira imirimo yashinzwe. Tariki 01 Ugushyingo 2018, nibwo Zari yageze muri Uganda aho yakiriwe na Polisi ndetse n’abakuru muri Guverinoma ya Uganda, aho byari biteganyijwe ko ahita yerekeza kuri Minisiteri guhura […]

Somalia: Uwayoboraga Al-Shabab ariyamamariza kuyobora Intara

Uwahoze ari umuyobozi w’umutwe wa Al-Shabab, Mukhtar Robow yemerewe kwiyamamaza muri Somalia, mu matora y’Intara ateganyijwe muri uku kwezi. Mu mwaka wa 2012, nibwo Mukhtar uzwi ku izina rya Abu Mansoor,  yavuye mu nyeshyamba za Al Shabab, akaba yari yarimwe uburenganzira bwo kwiyamamaza na Leta Somalia. Akanama gashinzwe gutegura amatora i Baidoa, ubu kamuhaye uburenganzira […]

Impamvu ingana ururo yatandukanyije Rihanna n’umukunzi we 

Umuhanzikazi Rihanna yamaze  gutandukana n’uwari umukunzi we, umuherwe, Jameel Hassan bitewe no kuba bose baba bahuze. Inshuti ya hafi y’uyu muhanzi yavuze ko n’ubwo bitavuzwe cyane, kuva muri Nyakanga 2018 Rihanna  yari yaratandukanye na Jameel. Yagize iti” Rihanna kugeza ubu nta mukunzi afite. Yatandukanye na Jameel mu minsi ishize. Byatewe ahanini n’uko bombi baba bahuze,Rihanna […]

RDC: Buri mukandida-Perezida azajya arindwa n’abapolisi kabuhariwe 25

Komiseri Mukuru wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Amuli DieudonnĂŠ yagaragaje itsinda ry’abapolisi kabuhariwe bahawe imyitozo ihambaye yo kurinda abakandida- Perezida, bazaba bahatana mu matora ateganyijwe mu Ukuboza. Ku wa Gatanu tariki ya 2 Ugushyingo 2018, nibwo komiseri yerekaniye i Kinshasa abapolisi 525, bahawe inshingano zo kurinda abakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, amatora […]

Muzajya muraswa- Perezida Museveni abwira abatavuga rumwe na Leta

Perezida  wa Uganda, yoweri Kaguta  Museveni yavuze ko inzego z’umutekano zikwiriye gukoresha uburyo butandukanye mu guhangana n’abatavuga rumwe na Leta harimo no kubarasa. Mu itangazo ryo kuwa 28 Ukwakira 2018 rifite umutwe ugira uti” Amabwiriza yo guhangana n’abigaragambya,abakora iterabwoba,n’abakekwaho ibyaha”, Perezida Museveni avuga ko bishobora kuba ngombwa hagakoreshwa amasasu ya nyayo mu rwego rwo guhashya […]

Rusizi: Barasaba akarere guteza imbere ibikorwa by'ubukerarugendo

Abiga mu kigo ‘Child Care Academy’ kiri mu murenge wa Kamembe, mu karere ka Rusizi, cy’amashuri abanza, bavuga ko nyuma yo gusura ibice binyuranye by’Intara y’Amajyepfo n’akarere ka Karongi mu Ntara y’Uburengerazuba, basanga hari byinshi akarere kabo gakwiye gukora ngo kazamure ibikorwa by’ubukerarugendo. Aba banyeshuri bavuga ko mu rugendoshuri baherutsemo  hamwe  n’abayobozi babo ,abarezi na […]