Abanyarwanda mu nzira zo kwemererwa kwinjira mu gisirikare cy’u Bwongereza

Abaturage bo mu bihugu bibarizwa mu muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth) bagiye kujya bemererwa kwinjira mu gisirikare cy’u Bwongereza (Britain Armed Forces) nk’uko leta y’iki gihugu iteganya kubitangaza. Abaturage bo mu bihugu bikoresha Icyongereza byiganjemo ibyakolonijwe n’u Bwongereza bashobora kwakirwa mu gisirikare cy’u Bwongereza mu gihe bahamaze imyaka itanu bahaba. Ariko, mu rwego rwo gushaka […]

Umusirikare w’u Burundi yafatiwe mpiri muri Congo

Imirwano mu gace ka Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye ku wa Kane w’icyumweru gishize hagati y’inyeshyamba za RED-Tabara n’undi mutwe w’inyeshyamba utazwi ucyekwa kuba ari Imbonerakure z’u Burundi cyangwa abasirikare babwo. Mu gihe igisirikare cy’u Burundi gihakana ko atari cyo, umwe yafatiweyo. Mu gihe imirwano ikomeje kuri uyu wa Mbere tariki ya […]

Min.Prof. Shyaka yongeye guha impanuro abayobozi b’Intara y’Amajyepfo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yahaye impanuro abayobozi b’Intara y’Amajyepfo, abasaba gushyira hamwe bakareka ibinyoma, ruswa n’ibindi. Mu muhango wo gusoza umwiherero w’iminsi itatu abayobozi b’Intara y’Amajyepfo barimo, wabaye ku Cyumweru tariki ya 4 Ugushyingo 2018, Min.Prof.Shyaka nibwo yongeye kubaha impanuro nyuma y’izo yabahaye ku wa 25 Ukwakira 2018, mu muhango w’ihererekanyabubasha hagati ya […]

IRMCT yasabwe gukomeza gukurikirana abakoze jenoside bahunze ubutabera

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania unashinzwe ubutwererane muri EAC, Amb. Dr Augustine Mahiga, yasabye urukiko rwashyiriweho kurangiza imanza zitaciwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha (IRMCT), gukomeza gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bakomeje guhunga ubutabera. Ambasaderi Mahiga avuga ko bibabaje kuba jenoside yarabaye muri Afurika, akongeraho ko urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda […]

Ibibwana by’ingurube bibiri byashyizwe imbere ya banki y'igihugu

Abantu bataramenyekana bashyize ibibwana by’ingurube imbere ya Banki Nkuru ya Uganda (BOU)  biriho ifoto y’umuyobozi Nshingwabikorwa wa Banki y’ubucuruzi yitwa  DFCU,Juma Kisaame. Aba bantu bivugwa ko ari agatsiko k’urubyiruko rurwanya ruswa mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2018 ibyo bakoze ngo bigamije guhangana n’abayobozi barya ruswa,b’inda nini ba BOU bafatanyije n’ubuyobozi bwa Banki […]

DRC: Umutoza Ibenge Florent ku rutonde rw’ abazamamaza umukandida Kabila ashyigikiye

Mu mpera z’ icyumweru gishize ihuriro FCC , Perezida Joseph Kabila abarizwamo ryashyize ahagaragara urutonde rw’ abantu 500 bazamamaza umukandida Emmanuel Ramazani Shadary ,ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza 2018. Kimwe n’ abandi benshi bagaragaye kuri ur rutonde, umutoza w’ ikipe y’ igihugu ya Congo-Kinshasa (Leopard du Congo), Ibenge […]

Uganda: Umunyarwandakazi  Fille yatandukanye n’umugabo  we

Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Mutoni Fille byamaze kugaragara ko yatandukanye n’umukunzi we, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats. Mc Kats abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yerekanyeko Fille atakiri mu buzima bwe. Ni nyuma yaho uyu mugabo ahanaguye amafoto yose ya Fille ku mbuga nkoranyamabaga ze zose. Mu ifoto yashyize hanze yafashwe […]

Ababyeyi turabasaba gukomeza kuganiriza abana ku buzima bw'imyororokere- Umuhire Christiane

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) irasaba ababyeyi kurushaho kuba hafi abana, babaganiriza ku buzima bw’imyororokere, ari nako inasaba abana kunyurwa n’ibyo bagenerwa n’ababyeyi babo cyangwa se ababarera kurusha uko bwatwarwa n’irari ry’ibintu. Ibi ni ibyatangajwe n’Umukozi muri MIGEPROF ushinzwe guteza imbere umuryango no kurengera abana, Umuhire Christiane, ku Cyumweru tariki ya 4 Ugushyingo 2018, mu […]

RDC: FARDC yahanganye n’igitero cya Mai-Mai ku birindiro bya Sokola 1

Ibirindiro by’ingabo za FARDC zo muri Sokola 1 biherereye ahitwa Paida, mu birometero 5 uvuye mu Mujyi wa Beni rwagati, byaraye bigabweho igitero n’inyeshyamba za Mai-Mai mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Ugushyingo. Inyeshyamba zari ziturutse mu ishyamba ryo muri Komini Beu, zishaka guhangana n’ingabo za Congo zahuye […]

Urubanza rwa Col. Karegeya rushobora kuzamo kidobya

Umunyamategeko w’umuryango wa Col. Patrick Karegeya, Gihana Kennedy yasabiwe gutabwa muri yombi n’ubushinjacyaha bw’URwanda ashinjwa kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba. Amakuru yizewe avuga ko imyiteguro yo kohereza inyandiko zisaba Guverinoma ya Afurika y’Epfo guta muri yombi no kohereza mu Rwanda uyu mugabo bivugwa ko ashinzwe igenabikorwa muri RNC, ishyaka ritavuga rumwe na Leta y’U Rwanda. […]

Nicky MinaJ yakoze agashya mu bitaramo bya ‘MTV EMAs 2018’- AMAFOTO

Umuhanzikazi Nicki Minaj usanzwe azwiho gukora udushya ku rubyiniro, cyane cyane agatungurana mu myambarire, kuri iyi nshuro yamanukiye mu gisa n’ikamba ryo mu birori(Crown). Hari mu birori byo gutanga ibihembo bizwi nka MTV EMAs (MTV-Europe Music Awards) muri uyu mwaka wa 2018, ku Cyumweru tariki ya 4 Ugushyingo 2018, bibera muri ‘Bilbao Exhibition Centre’ mu […]

Ikigega Agaciro kimaze kunguka asaga miliyari 30 z’Amanyarwanda

Ikigega, Agaciro Development Fund, kimaze kugeramo amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyari 52.3 avuye kuri miliyari zigera kuri 20 cyatangiranye kigishingwa mu 2012. Ibi bikaba byaratangajwe mu cyumweru gishize n’umuyobozi w’iki kigega, Jack Kayonga mu kiganiro yagiranye na The New Times. Miliyari 52.3 ziri mu kigega Agaciro zirimo 41.8 zavuye mu misanzu itangwa muri iki […]

Burundi: Abanyamahanga barimo umuzungukazi bafatiwe muri Rweru barenze amazi y’u Rwanda

Abanyamahanga bane barimo umuzungukazi kuwa Gatandatu ushize, itariki 03 Ugushyingo bafatiwe mu Kiyaga cya Rweru barenze amazi y’u Rwanda binjiye mu mazi y’u Burundi. Nk’uko byatangajwe n’abari aho aba bafatiwe, ngo abafashwe ni abagande batatu n’umuzungukazi ukomoka muri Australia bivugwa ko barenze mu mazi y’u Rwanda bakisanga mu gice cya Nzove mu Burundi muri Giteranyi. […]

RDC: Imirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba yaguyemo abantu 16

Imirwano yabaye hagati y’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) hamwe n’imitwe y’inyeshyamba, yaguyemo abantu 16 barimo abasirikare ba Leta bane. Abantu batatu bishwe n’amasasu ku wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, mu gace ka Sake, Teritwari Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho FARDC yarwanaga n’umutwe w’amabandi yari yitwaje intwaro. Nk’uko Radiyo Okapi ibitangaza, […]

Uganda: Gen Kale Kayihura arabarizwa I Nairobi

Uwahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen Kale kayihura, kuri ubu ukurikiranweho ibyaha bitandukanye, yongeye gusubira mu gihugu cya Kenya agiye kwivuza, aho umuryango we wabwiye Chimpreports muri iki gitondo ko yagiye mu rugendo ruto rwo kwivuza. Umuryango wa Gen Kale Kayihura biravugwa ko utifuje kugira byinshi utangaza kuri uru rugendo by’umwihariko nk’abantu baba bamuherekeje. […]

Gasabo: Hatawe muri yombi uwari umaze gushikuza igikapu kirimo amafaranga 500,000

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Ugushyingo 2018, Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo yafashe uwitwa Tumwesige George ukekwaho kwiba Ntawubonabyose Elisa amafaranga y’ u Rwanda ibihumbi 500.000frw ubwo yari yururutse moto. Umuvugizi wa polisi mu mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP)  Emmanuel Kayigi yavuze ko Ntawubonabyose amaze kwibwa yavugije […]